{"id":35277,"date":"2021-04-15T15:21:42","date_gmt":"2021-04-15T15:21:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/04\/15\/urwishe-ya-mbwa-ruracyayirimo-undi-mugore-yagejeje-mu-nkiko-ibitaro-bya-faisal\/"},"modified":"2021-04-15T15:21:42","modified_gmt":"2021-04-15T15:21:42","slug":"urwishe-ya-mbwa-ruracyayirimo-undi-mugore-yagejeje-mu-nkiko-ibitaro-bya-faisal","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277","title":{"rendered":"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal"},"content":{"rendered":"<p><strong>Nyuma y\u2019uko Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutegetse ibitaro bya Faysal n\u2019Ibya Kanombe kwishyura  miliyoni Frw 100 umugore byaciye ibere bidakwiye, ubu noneho hari ikirego kireba ibi Bitaro Bya Faysal, aho umugore abirega kumurangarana ari kubyara, bigatuma umwana avuka ananiwe bikamuviramo ubumuga.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Muri mwaka wa 2015, umugore wari utwite yagiye ku bitaro byitiriwe Umwami Faysal kugira ngo abyarire kwa muganga nk\u2019uko Minisiteri y\u2019ubuzima ibiteganya.<\/p>\n<p>Mu kirego cye, avuga ko ubwo yageragayo, abaganga bamurangaranye mu gihe cy\u2019amasaha 24 bikaza gutuma ubwo yabagwaga ngo abyare barasanze umwana yavutse ananiwe cyane, biza gutuma agira ubumuga bw\u2019imyakura ntiyabasha gukora.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019uko uriya mwana avutse, abaganga bamushyize mu cyumba kita ku ndembe ngo bamwiteho ariko biranga agira buriya bumuga.<\/p>\n<p>Isuzuma ryakorewe kuri uriya mwana ryagaragaje ko yagize ikibazo mu myakura ikorana n\u2019ubwonko, bituma agira bwa bumuga twavuze haruguru k\u2019uburyo atabasha kwicara cyangwa ngo ahagarare ahubwo ahora aryamye.<\/p>\n<p>Buriya bumuga bwatewe n\u2019uko yavutse ananiwe kubera ko Nyina yabuze abamubyaza ku gihe bituma imyakura yo ku ruti rw\u2019umugongo yangirika kandi burya niyo isinzwe ibyo.<\/p>\n<p>Ubwo uriya mubyeyi yaregaga biriya bitaro, umunyamategeko ubyunganira yabwiye Urukiko ko rutakwemera kwakira kiriya kirega kuko cyaje gikererewe nk&#8217;uko Taarifa ibitangaza.<\/p>\n<p>Uyu munyamategeko yitwa Me Isaac Bizumuremyi. Yagize ati: \u201c Umuntu wese urega ikigo runaka ibyerekeye uburangare bwa kiganga itegeko rivuga ko aba atagomba kurenza imyaka itanu ataratanga icyo kirego. Urega umukiliya wanjye avuga ko  ibigize ikirego cye byakozwe muri 2015 none akizanye muri 2021, harenzeho ukwezi kumwe bibaye.\u201d<\/p>\n<p>Uwunganira uriya mubyeyi witwa Me Ngabo Audace Muhirwa yasubije mugenzi we ko igihe cyo kugeza ikirego ku rukiko cyatangiriye igihe baboneye ko uburangare bwa bariya baganga bwagize ingaruka ku mwana wabo. Kuri we rero igihe cy\u2019ubuzime bw\u2019icyaha ntikiragera.<\/p>\n<p>Mu mategeko bavuga ubuzime bw\u2019icyaha  iyo  cyashaje, ni ukuvuga cyararengeje igihe. Me Audace Muhirwa ati: \u201c Muri 2016, Ikigo kitwa  Rwanda Medical and Dental Council nibwo cyemeje ko uriya mwana yagize ubumuga bwatewe n\u2019uburangare bwakorewe Nyina ubwo yajyaga kubyarira kwa muganga.\u201d<\/p>\n<p>Kubera iyo mpamvu, uyu munyamategeko avuga ko ubuzime bw\u2019icyaha butaragera kuko hashize imyaka ine. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uko Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutegetse ibitaro bya Faysal n\u2019Ibya Kanombe kwishyura miliyoni Frw 100 umugore byaciye ibere bidakwiye, ubu noneho hari ikirego kireba ibi Bitaro Bya Faysal, aho umugore abirega kumurangarana ari kubyara, bigatuma umwana avuka ananiwe bikamuviramo ubumuga. Muri mwaka wa 2015, umugore wari utwite yagiye ku bitaro byitiriwe Umwami Faysal kugira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-35277","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019uko Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutegetse ibitaro bya Faysal n\u2019Ibya Kanombe kwishyura miliyoni Frw 100 umugore byaciye ibere bidakwiye, ubu noneho hari ikirego kireba ibi Bitaro Bya Faysal, aho umugore abirega kumurangarana ari kubyara, bigatuma umwana avuka ananiwe bikamuviramo ubumuga. Muri mwaka wa 2015, umugore wari utwite yagiye ku bitaro byitiriwe Umwami Faysal kugira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-15T15:21:42+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35277#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35277\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal\",\"datePublished\":\"2021-04-15T15:21:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35277\"},\"wordCount\":349,\"commentCount\":14,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35277#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35277\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35277\",\"name\":\"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-04-15T15:21:42+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35277#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35277\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35277#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019uko Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutegetse ibitaro bya Faysal n\u2019Ibya Kanombe kwishyura miliyoni Frw 100 umugore byaciye ibere bidakwiye, ubu noneho hari ikirego kireba ibi Bitaro Bya Faysal, aho umugore abirega kumurangarana ari kubyara, bigatuma umwana avuka ananiwe bikamuviramo ubumuga. Muri mwaka wa 2015, umugore wari utwite yagiye ku bitaro byitiriwe Umwami Faysal kugira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-04-15T15:21:42+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal","datePublished":"2021-04-15T15:21:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277"},"wordCount":349,"commentCount":14,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=35277#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277","name":"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-04-15T15:21:42+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=35277"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35277#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urwishe ya mbwa ruracyayirimo: Undi mugore yagejeje mu nkiko Ibitaro bya Faisal"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/35277","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=35277"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/35277\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=35277"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=35277"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=35277"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}