{"id":35351,"date":"2021-04-19T07:04:45","date_gmt":"2021-04-19T07:04:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/04\/19\/ibyahishuwe-ku-bajura-bibishaga-intwaro-impaka-ku-rugo-rw-umupolisi-mu-nkuru\/"},"modified":"2021-04-19T07:04:45","modified_gmt":"2021-04-19T07:04:45","slug":"ibyahishuwe-ku-bajura-bibishaga-intwaro-impaka-ku-rugo-rw-umupolisi-mu-nkuru","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351","title":{"rendered":"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 12 Mata 2021 cyaranzwe n\u2019amakuru atandukanye, yiganjemo arebana n\u2019ubutabera nk\u2019aho Munyenyezi ukekwaho ibyaha bya jenoside yoherejwe mu Rwanda, ay\u2019umutekano; aho RIB yahishuye byinshi ku bajura bibishaga intwaro muri Rusizi.<\/strong><\/p>\n<p><strong>Amerika yohereje Munyenyezi mu Rwanda <\/strong><\/p>\n<p>Tariki ya 15 Mata 2021 Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zohereje Munyenyezi B\u00e9atrice mu Rwanda kugira ngo akurikiranweho ibyaha bya jenoside akekwaho.<\/p>\n<p>USA yohereje Munyenyezi ubwo yari amaze kurangiza igifungo cy\u2019imyaka 10 urukiko rwaho rwamukatiye nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kubeshya.<\/p>\n<p>Yageze mu Rwanda tariki ya 16 Mata, akigera ku kibuga cy\u2019indege cya Kigali, ahita atabwa muri yombi n\u2019inzego zishinzwe umutekano.<\/p>\n<p><strong>Uwabaye Minisitiri w\u2019Intebe w\u2019u Bufaransa yavuze ko atazasaba u Rwanda imbabazi<\/strong><\/p>\n<p>Edouar Balladur wabaye Minisitiri w\u2019Intebe w\u2019u Bufaransa kuva mu 1993 kugeza mu 1995, yatangaje ko atazigera asaba u Rwanda imbabazi kuko ngo igihugu cye kitigeze kigira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Ni nyuma y\u2019aho itsinda ry\u2019abashakashatsi bayobowe na Vincent Duclert bari bamaze gusohora raporo igaragaza ibikorwa bya Leta y\u2019u Bufaransa mu Rwanda, kuva mu mwaka w\u20191990 kugeza mu 1994.<\/p>\n<p>Iyi raporo yagaragaje ko Leta y\u2019u Bufaransa yakomeje gutera inkunga iy\u2019u Rwanda yariho, irimo guha abasirikare bayo imyitozo, kandi ibona ko iri gutegura jenoside.<\/p>\n<p><strong>Mu nzu y\u2019umupolisi hataburuwe imirambo y\u2019abantu, bikurura impaka nyinshi<\/strong><\/p>\n<p>Mu nzu y&#8217;umupolisi iherereye mu Kagari ka Rutonde, Umurenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo, hataburuwe imirambo y\u2019abantu bane byakekwaga ko ari abishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi, biteza impaka zikomeye.<\/p>\n<p>Iyi mirambo yabonywe n\u2019abubakaga urubaraza rw\u2019iyi nzu y&#8217;umupolisi witwa Adalbert Hacineza  bivugwa ko yubatswe hagati y\u20191996 n\u20191997  rwari rushaje.<\/p>\n<p>Nyuma yo kuyibona, ntibahise bayishyingura, ndetse byageze aho abo mu muryango wa ba nyakwigendera babimenya, bakaba ari na bo bagiye impaka na nyir\u2019inzu ku ugomba kuyishyingura n\u2019aho igomba gushyingurwa.<\/p>\n<p>Gitifu Shumbusho Papias uyoboye Shyorongi yavuze ko iyi mirambo atari iy\u2019abazize jenoside kandi mbere y&#8217;uko itabururwa aho iherereye hatari hazwi.<\/p>\n<p><strong>Mu bamaze igihe bakorera ubujura muri Rusizi, harimo abahoze muri RDF<\/strong><\/p>\n<p>Urwego rw\u2019Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha (RIB) tariki ya 13 Mata rwatangaje ko mu bantu 12 rwafashe bakekwaho ubujura bwifashishije intwaro, harimo abahoze mu ngabo z\u2019u Rwanda (RDF).<\/p>\n<p>Aba bose bakekwaho gukora ubujura kuva mu Kuboza 2020, aho abaturage bavugaga ko bamwe muri bo usibye kwitwaza imbunda, bamwe muri bo babaga bambaye n\u2019impuzankano za gisirikare.<\/p>\n<p>Bakurikanweho ibyaha birimo: gutunga intwaro no kuzinjiza mu gihugu, kwiba hakoreshejwe intwaro, gushyiraho umutwe w\u2019abagizi ba nabi no kuwujyamo ndetse n\u2019ubwicanyi.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/xZ6BRQHw__0\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/dHmqkBPRFVY\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/VZsou5DAD5o\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/8XGfZpZLkS4\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/WB8hF8I72Ww\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 12 Mata 2021 cyaranzwe n\u2019amakuru atandukanye, yiganjemo arebana n\u2019ubutabera nk\u2019aho Munyenyezi ukekwaho ibyaha bya jenoside yoherejwe mu Rwanda, ay\u2019umutekano; aho RIB yahishuye byinshi ku bajura bibishaga intwaro muri Rusizi. Amerika yohereje Munyenyezi mu Rwanda Tariki ya 15 Mata 2021 Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zohereje Munyenyezi B\u00e9atrice mu Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,131],"class_list":["post-35351","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 12 Mata 2021 cyaranzwe n\u2019amakuru atandukanye, yiganjemo arebana n\u2019ubutabera nk\u2019aho Munyenyezi ukekwaho ibyaha bya jenoside yoherejwe mu Rwanda, ay\u2019umutekano; aho RIB yahishuye byinshi ku bajura bibishaga intwaro muri Rusizi. Amerika yohereje Munyenyezi mu Rwanda Tariki ya 15 Mata 2021 Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zohereje Munyenyezi B\u00e9atrice mu Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-19T07:04:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35351#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35351\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize\",\"datePublished\":\"2021-04-19T07:04:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35351\"},\"wordCount\":432,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35351#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35351\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35351\",\"name\":\"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-04-19T07:04:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35351#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35351\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35351#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize - BWIZA","og_description":"Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 12 Mata 2021 cyaranzwe n\u2019amakuru atandukanye, yiganjemo arebana n\u2019ubutabera nk\u2019aho Munyenyezi ukekwaho ibyaha bya jenoside yoherejwe mu Rwanda, ay\u2019umutekano; aho RIB yahishuye byinshi ku bajura bibishaga intwaro muri Rusizi. Amerika yohereje Munyenyezi mu Rwanda Tariki ya 15 Mata 2021 Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zohereje Munyenyezi B\u00e9atrice mu Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-04-19T07:04:45+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize","datePublished":"2021-04-19T07:04:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351"},"wordCount":432,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=35351#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351","name":"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-04-19T07:04:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=35351"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35351#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibyahishuwe ku bajura bibishaga intwaro, impaka ku rugo rw\u2019umupolisi; mu nkuru nkuru zaranze icyumweru gishize"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/35351","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=35351"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/35351\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=35351"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=35351"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=35351"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}