{"id":3547,"date":"2016-11-21T13:51:56","date_gmt":"2016-11-21T13:51:56","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/21\/kinga-metarike-duhurire-muri-ndaburaye-rimwe-mu-mazina-mashya-yahawe-inzara-mu\/"},"modified":"2025-02-05T14:22:35","modified_gmt":"2025-02-05T12:22:35","slug":"kinga-metarike-duhurire-muri-ndaburaye-rimwe-mu-mazina-mashya-yahawe-inzara-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547","title":{"rendered":"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019aho bamwe mu Banyarwanda cyane cyane mu Ntara y\u2019Iburasirazuba bibasiwe n\u2019uruzuba rukabatera amapfa ndetse bikaba ngombwa ko bamwe basuhuka mu turere twa Nyagatare, Kayonza n\u2019ahandi, ibintu byafatwaga nk\u2019umwihariko w\u2019aha, gusa ibindi bice by\u2019igihugu nabyo byibasiwe n\u2019ingaruka z\u2019imihindagurikire y\u2019ibihe birashinyiriza ariko kuri ubu inzara bagiye bayiha amazina atandukanye nka Nzaramba risanzwe rizwi, ariko hari izina rishya ritangaje rya  <strong>Kinga metarike duhurire muri Ndaburaye<\/strong>  n\u2019andi.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Abaturage bo mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango ndetse n\u2019abo mu Majyaruguru baganiriye n\u2019umunyamakuru w\u2019Ijwi rya Amerika bamubwira uko inzara ibugarije, uko ibiciro by\u2019ibiribwa bihagaze, ndetse banamubwira amazina bari kuyita muri iyi minsi.<\/p>\n<p>Aha muri Byimana baravuga ko kuri ubu ikiro cy\u2019ubugari kigura amafaranga 500 na 450, kawunga 600 na 550, igitebo cy\u2019ibijumba kikaba kigeze ku 2000. Aya mafaranga ku kiro cy\u2019ubugari akaba ari menshi cyane ugereranyije n\u2019uko ubusanzwe aha hantu ari ho heraga imyumbati myinshi hakagemurira ibindi bice by\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Abaturage bavuga ko bahinga imyumbati ikabora, bavuga ko ubu muri iki gihe kurya kabiri ku munsi babyibagiwe.<\/p>\n<p>Umwe muri bo yagize ati: \u201c <em> <strong>Ubu nta muntu ukirya kabiri. Ku manywa nukubwirirwa ukarya ninjoro nabwo ukabeshyabeshya igifu<\/strong> <\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Babajijwe icyateye iyi nzara, abaturage bavuga ko yatewe n\u2019imyumbati yarwaye, imbuto y\u2019imigozi yabuze, ndetse ngo hakaba hari abantu benshi babyukira ku muhanda badakora ugasanga imyaka yabashije kuboneka bayiba.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Ikindi kibazo abaturage bagaragaje nuko basabwe kurandura imigozi y\u2019ibijumba bateye bakahatera ibigori nyamara ngo n\u2019uwari ufite utwo tugozi twari kuzamusunika akageza nko mu kwezi kwa mbere cyangwa ukwa kabiri. Ariko ubu noneho ngo mu kwa 12 ubutegetsi bwabategete kuba baranduye iyo migozi bagatera ibigori.<\/p>\n<p>Aba baturage bavuga ko hari ahantu hari ibishanga bigaragara koko byahingwamo ibigori, ariko bagasaba ko uturima duto bafite babareka bagateramo ibyo bijumba kuko ngo ibyo bigori bitabatunga byonyine.<\/p>\n<p>Bitewe nuko ngo muri iyi minsi aha muri Ruhango n\u2019abitwa ngo n\u2019abakire nabo bashonje, byatumye inzara bayiha izina rya \u201c <strong>Kinga Metarike duhurire muri Ndaburaye\u201d<\/strong> . Ibi bikaba bisobanuye ko yaba umukire cyangwa umukene bose bashonje.<\/p>\n<p>Umwe mu baturage yagize ati: \u201c <em> <strong>Kera urazi yuko umukire ntiwamubonaga mu isoko agiye guhaha. Ariko ubu dusigaye duhura nabo bafite ambaraje mu gasoko karema nimugoroba bita Ndaburaye bajya ku mufungo w\u2019ibijumba<\/strong> <\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Irindi zina aba baturage bavuze ni \u201c <strong>Warwaye ryari<\/strong> \u201d,aho abaturage bavuga ko ryaje bitewe nuko hari igihe uhura n\u2019umuntu ukabona yarananutse kubera inzara ugahita umubaza uti: \u201cWarwaye ryari?\u201d, kandi atarigeze arwara ari inzara.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Mu majyaruguru y\u2019u Rwanda ubusanzwe hafatwaga nk\u2019ikigega cy\u2019umurwa mukuru, Kigali, mu Karere ka Rulindo mu Mirenge ya Masoro na Murambi naho rurakinga babiri.<\/p>\n<p>\u201c <em> <strong>Hano hari inzara ikaze cyane kuko nta kintu cyeze kiriho. Nugushakisha gutyo, bamwe bakajya muri kongasi, abandi bakajya guhingira nk\u2019abantu b\u2019abakire bakabaha amafaranga noneho umuntu akaguramo ikintu cyo kurya abana bakaramuk<\/strong> <\/em> a\u201d, uwo ni umwe mu baturage bo muri Rulindo.<\/p>\n<p>Kimwe no mu Majyepfo, aba baturage nabo bavuga ko no kurya bibagora kubera ibyo kurya byabuze, ku buryo ibase y\u2019ibijumba aha igura amafaranga 5000, igemeri y\u2019ibishyimbo ikaba igeze kuri 800.<\/p>\n<p>Aba baturage bavuga ko hari ifu yadutse iva muri Tanzania bise  <strong>Shira umuteto<\/strong>  ngo igura macye akaba ari yo abantu barimo kurya muri iyi minsi ariko ngo hari abayirya bagacibwamo, abayirya bakarwara umutwe, ariko bagashinyiriza bakayirya.<\/p>\n<p>Aba baturage babajijwe niba bumva igihe kizagera bakongera kwitwa ikigega cy\u2019umurwa mukuru, bavuga ko ibihe bigenda bihinduka ariko ko imvura ibonetse neza basubira kuri gahunda.<\/p>\n<p>Ku kijyanye no gusuhuka muri ibi bice, abaturage bavuze ko bo bashingira hamwe bakemera inzara ikabakubita bagira Imana bakabona bireze nuko ubuzima bugakomeza.<\/p>\n<p>Agira icyo avuga kuri iki kibazo cy\u2019ibura ry\u2019ibyo kurya mu minsi ishize, minisitiri Francois Kanimba w\u2019ubucuruzi n\u2019inganda yavuze ko iki kibazo atari icy\u2019u Rwanda gusa ahubwo kibasiye akarere kose.<\/p>\n<p>Minisitiri Kanimba icyo gihe yagize ati: \u201c <em> <strong>Ndagirango mbabwize ukuri, ni ikibazo kidukomereye. Ariko&#8230;ntabwo gikomereye u Rwanda gusa, mu by\u2019ukuri ni akarere kose. Gishingiye ahanini ku izuba ryinshi ryavuye ridasanzwe, muri aka karere ibihugu byose byagize ibibazo by\u2019amapfa bituma haba rwose guhungabana ku musaruro wari utegerejwe ku rwego rw\u2019ubuhinzi utarabonetse. Ahangaha rero, nta bitangaza dushobora gukora iyo umusaruro w\u2019ubuhinzi ubaye mucye ugereranyije n\u2019ibiribwa abaturage bakeneye ibiciro birazamuka<\/strong> <\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Minisitiri Kanimba kandi yavuze ko u Rwanda rwagize ingorane zishingiye ku guhungabana kw\u2019amasoko cyane cyane ay\u2019ibicuruzwa by\u2019ibanze ku masoko mpuzamahanga nk\u2019amabuye y\u2019agaciro, ikawa, icyayi n\u2019ibindi aho ngo ibiciro by\u2019ibi bihingwa byagabanutse cyane ku masoko mpuzamahanga ku buryo u Rwanda rwatakaje amafaranga menshi ugereranyije n\u2019ayo rwabonaga aturutse muri ibyo bicuruzwa.<\/p>\n<p> <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em> <\/p>\n<p> <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019aho bamwe mu Banyarwanda cyane cyane mu Ntara y\u2019Iburasirazuba bibasiwe n\u2019uruzuba rukabatera amapfa ndetse bikaba ngombwa ko bamwe basuhuka mu turere twa Nyagatare, Kayonza n\u2019ahandi, ibintu byafatwaga nk\u2019umwihariko w\u2019aha, gusa ibindi bice by\u2019igihugu nabyo byibasiwe n\u2019ingaruka z\u2019imihindagurikire y\u2019ibihe birashinyiriza ariko kuri ubu inzara bagiye bayiha amazina atandukanye nka Nzaramba risanzwe rizwi, ariko hari izina [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[421],"tags":[],"class_list":["post-3547","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ubukungu-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019aho bamwe mu Banyarwanda cyane cyane mu Ntara y\u2019Iburasirazuba bibasiwe n\u2019uruzuba rukabatera amapfa ndetse bikaba ngombwa ko bamwe basuhuka mu turere twa Nyagatare, Kayonza n\u2019ahandi, ibintu byafatwaga nk\u2019umwihariko w\u2019aha, gusa ibindi bice by\u2019igihugu nabyo byibasiwe n\u2019ingaruka z\u2019imihindagurikire y\u2019ibihe birashinyiriza ariko kuri ubu inzara bagiye bayiha amazina atandukanye nka Nzaramba risanzwe rizwi, ariko hari izina [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-21T13:51:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-05T12:22:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3547#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3547\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo\",\"datePublished\":\"2016-11-21T13:51:56+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-05T12:22:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3547\"},\"wordCount\":784,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3547#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3547\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3547\",\"name\":\"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-21T13:51:56+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-05T12:22:35+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3547#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3547\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3547#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019aho bamwe mu Banyarwanda cyane cyane mu Ntara y\u2019Iburasirazuba bibasiwe n\u2019uruzuba rukabatera amapfa ndetse bikaba ngombwa ko bamwe basuhuka mu turere twa Nyagatare, Kayonza n\u2019ahandi, ibintu byafatwaga nk\u2019umwihariko w\u2019aha, gusa ibindi bice by\u2019igihugu nabyo byibasiwe n\u2019ingaruka z\u2019imihindagurikire y\u2019ibihe birashinyiriza ariko kuri ubu inzara bagiye bayiha amazina atandukanye nka Nzaramba risanzwe rizwi, ariko hari izina [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-21T13:51:56+00:00","article_modified_time":"2025-02-05T12:22:35+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo","datePublished":"2016-11-21T13:51:56+00:00","dateModified":"2025-02-05T12:22:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547"},"wordCount":784,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Ubukungu"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3547#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547","name":"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-21T13:51:56+00:00","dateModified":"2025-02-05T12:22:35+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3547"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3547#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kinga metarike duhurire muri ndaburaye, rimwe mu mazina mashya yahawe inzara mu Majyepfo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3547","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3547"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3547\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3547"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3547"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3547"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}