{"id":3559,"date":"2016-11-22T11:35:31","date_gmt":"2016-11-22T11:35:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/22\/adepr-ese-ubuyobozi-bugarura-mu-murimo-w-imana-abo-bwashinjaga-ibyaha-byo-byaba\/"},"modified":"2025-02-25T14:23:08","modified_gmt":"2025-02-25T12:23:08","slug":"adepr-ese-ubuyobozi-bugarura-mu-murimo-w-imana-abo-bwashinjaga-ibyaha-byo-byaba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559","title":{"rendered":"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki?"},"content":{"rendered":"<p> <em>Kuri ubu buyobozi buriho mu itorero rya pantecote mu Rwanda (ADEPR) hagiye humvikana inkubiri n\u2019amatiku mu buyobozi ndetse bamwe bakanavaho bubashinja amakosa runaka, nyuma bakongera kugaragara bari mu mirimo, ibi nibyo benshi mu bakiristo baba bibaza bikabatera urujijo.<\/em><br \/>\nUmwaka wa 2012 ushyira uwa 2013, isa nkaho ari yo myaka yatangiye kugaragaramo inkubiri y\u2019amakimbirane no kutumvikana ari nabyo byaviriyemo abashumba n\u2019abandi bayobozi mu nzego zitandukanye za ADEPR kwicazwa ku gatebe imburagihe abandi bahantanurwa mu ntera, bakavanwa ku buyobozi bw\u2019intara ugasanga barimo kuyobora umudugudu.<br \/>\nKuva umunsi amatiku yavukaga muri iri torero Rev. Past Usabwimana Samuel akavanwa ku buyobozi (umuvugizi mukuru w\u2019itorero) imburagihe, agasimburwa na Sibomana Jean ubu unayoboye, nyuma yaho nibwo umuntu yavuga ko umuriro watse, bamwe mu bashumba banafata ingamba zo kwandikira umukuru w\u2019igihugu bamusaba ku bw\u2019ububasha afite nk\u2019umukuru w\u2019igihugu kuba yakemura ibibazo biri muri iri torero.<br \/>\n<figure id=\"attachment_48393\" aria-describedby=\"caption-attachment-48393\" style=\"width: 587px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Sibomana-Jean.png\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-48393\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Sibomana-Jean.png\" alt=\"sibomana-jean\" width=\"587\" height=\"356\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-48393\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Bishop Jean Sibomana, Umuvugizi mukuru wa ADEPR<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\nAba bashumba bivugwa ko bari no mu bagize uruhare mu kurwana intambara yo kuvanaho Samuel, nyuma ntabwo bumvikanye neza n\u2019ubuyobozi bari bamaze kwishyiriraho, bikaza kuba intandaro yo kwandikira umukuru w\u2019igihugu.<br \/>\nIkipe y\u2019abashumba n\u2019abakiristo banengaga ubuyobozi bwa Rev.Past Jean Sibomana wungirijwe na Rev.past Tom Rwagsana (ubu bose ni aba Bishop), bamwe barirukanwe ku mirimo abandi bahananurwa mu ntera, hahandi bamwe banahise baceceka ntibongera kuvuga mu itangazamakuru.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>Abo ni bande?<\/strong><br \/>\n <strong>Past.Rukundo Octave:<\/strong>  Uyu niwe wari uyoboye ikipe y\u2019abashumba n\u2019abandi bakirisito bandikiye Perezida bamusaba gukemura ibibazo biri muri ADEPR, uyu Rukundo wari umupasitoro muri paruwasi ADEPR-Kacyiru yahise yicazwa, gusa amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko ubu yaba yarababariwe.<br \/>\n <strong>Ev.Birahagwa Jenvier: <\/strong> Uyu mugabo nawe ashyirwa mu majwi cyane ko ari mu baharaniye impinduka havanwa ku butegetsi Samuel hashyirwaho Sibomana, uyu nawe nyuma yaje kwicazwa ku gatebe avanwa ku bwarimu (Evangeliste) akicara mu bakiristo nk\u2019abandi bose, ubu nawe bitangazwa ko ubu yagiriwe imbabazi.<br \/>\n <strong>Pastor Modeste Uwabimfura:<\/strong>  Uyu mushumba nk\u2019uko nawe ubwe yabyivugiye mu itangazamakuru, azwiho kurwana inkundura yo kuvanaho ubuyobozi mu itorero, Rev Past Usabwimana Samuel wahiritswe uyu Modeste ari mu bihano, byaje gutangazwa ko yarwanye intambara cyane kugirango yeguzwe dore ko nyuma ubuyobozi bwa Sibomana Jean na Tom Rwagasana, bwahise bumushumbusha kubanza kumwakira mu itorero nyuma banamuha akazi muri production.<br \/>\nUyu Modeste yaje kuhagarikwa kuri uyu mwanya yari yarahawe, aho bivugwa ko imirimo yakoraga yari imaze kurangira, ariko ubu ari mbirimbiri n\u2019ubu buyobozi bwa Sibomana bwari bwamushumbushije kumuha akazi kandi mbere yari yarahanwe, akaba avuga ko azaruhuka nabo abavanyeho.<br \/>\nNyuma yaho uyu mugabo atangiriye kurwanya ubuyobozi buriho nibwo, nabwo bumushinja amakosa, arimo ubusambanyi n\u2019ubuharike,\u2026 ariko na none wasubiza amaso inyuma ugasanga ubu buyobozi buriho nabwo hari aho abakiristo babutunga agatoki ko ubwo bwamugaruraga mu murimo w\u2019Imana bushobora kuba bwarakoze ikosa, bitewe n\u2019uko bwari buzi neza ko na Usabwimana yari yaramuhagaritse.<br \/>\nUretse aba batangajwe haruguru, hari nabandi bari barahagaritswe bakaba bababariwe, twavuga nka Rev.Mutaganzwa Viateur, Rev Past Karurangwa Edouard, Rev Past Kayijamahe Jean,\u2026<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nBishop Tom Rwagasana, umuvugizi wungirije wa ADEPR yigeze avuga ko aba bashumba bongeye kugirirwa icyizere, aho yagize ati: \u201c <em>nyuma yo kuza bakavuga ko bemeye guca bugufi bagasaba imbazi twarabababariye ubu nabizerwa nta kibazo na kimwe gihari<\/em> \u201d.<br \/>\nTom Rwagasana kandi arongera akavuga ko uyu Modeste we atakiri mu bakiristo ba ADEPR avuga ko kuba yaranarongoye umugore wa kabiri, akajya no gusezeranira mu rindi torero bisobanuye ko atakiri uwabo.<br \/>\n<figure id=\"attachment_48394\" aria-describedby=\"caption-attachment-48394\" style=\"width: 615px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/tom-5.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-48394 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/tom-5.jpg\" alt=\"tom-5\" width=\"615\" height=\"410\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-48394\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Bishop Tom Rwagasana, Umuvugizi wungirije wa ADEPR<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nIyi muzunguruka ya hato na hato ihora mu bayobozi bitwa ko baba bahagarariye abakiristo, bakagombye kuba indorerwamo y\u2019abo bayobora, ejo ngo bahagaritswe ejobundi ngo bagarutse mu murimo w\u2019Imana \u201cNi abizerwa\u201d, bamwe mu bakiristo baganiriye na Bwiza.com bavuga ko bishoboka ko hari ikiba kibyihishe inyuma, ubuyobozi bukuru buba butinya kuvuga bugakomeza kubahishira kugeza naho babandagaza bakanasebya itorero.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>Ese ubuyobozi bwa ADEPR bwo buriho burorohewe?<\/strong><br \/>\nNk\u2019uko byatangajwe haruguru mu nkuru, ko mu mwaka wa 2013 aribwo ikipe y\u2019abakiristo n\u2019abashumba bari bayobowe na Rukundo Octave bandikiye umukuru w\u2019igihugu bamusaba kuba yatera ajisho muri ADEPR akaba yakemura ibibazo birimo, n\u2019ubu ibyo biracyari aho.<br \/>\nIkindi kandi uyu Pastor Uwabimfura Modeste, ntiyoroheye ubu buyobozi bwa Bishop Jean Sibomana na Tom dore ko yanandikiye inzego za Leta (RGB, SENA, Primature) azisaba ko abayobozi ba ADEPR bakwegura, ati: \u201cTurasaba ko biro nyobozi yegura cyangwa ikeguzwa\u201d.<br \/>\nAkubita agatoki ku kandi avuga ko azaruhuka abakuyeho, aho yagize ati: \u201cNamenyereye guhangana, narwanyije kanaka, nahiritse kanaka, nimitse aba n\u2019aba\u201d. Ese kuri iyi nshuro yaba azongera kugirirwa imbabazi n&#8217;ubu buyobozi?<br \/>\nGusa kubera izi nkundura zihora mu itorero ADEPR, mu majwi atandukanye y\u2019abakiristo bagiye baganira na Bwiza.com. nk\u2019uko byanatangajwe haruguru, ngo bahora basenga Imana ngo izi nkundura zibe zashira itorero ribe iry\u2019Imana nk\u2019uko ari nayo yarishyizeho cyane ko mbere yibi byose ryari itorero rifatirwaho ikitegererezo mu myizerere no mu by&#8217;umwuka aho benshi bemeza ko ryaba ubu risigaye rikeza abami babiri.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri ubu buyobozi buriho mu itorero rya pantecote mu Rwanda (ADEPR) hagiye humvikana inkubiri n\u2019amatiku mu buyobozi ndetse bamwe bakanavaho bubashinja amakosa runaka, nyuma bakongera kugaragara bari mu mirimo, ibi nibyo benshi mu bakiristo baba bibaza bikabatera urujijo. Umwaka wa 2012 ushyira uwa 2013, isa nkaho ari yo myaka yatangiye kugaragaramo inkubiri y\u2019amakimbirane no kutumvikana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-3559","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri ubu buyobozi buriho mu itorero rya pantecote mu Rwanda (ADEPR) hagiye humvikana inkubiri n\u2019amatiku mu buyobozi ndetse bamwe bakanavaho bubashinja amakosa runaka, nyuma bakongera kugaragara bari mu mirimo, ibi nibyo benshi mu bakiristo baba bibaza bikabatera urujijo. Umwaka wa 2012 ushyira uwa 2013, isa nkaho ari yo myaka yatangiye kugaragaramo inkubiri y\u2019amakimbirane no kutumvikana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-22T11:35:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:23:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Sibomana-Jean.png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki?\",\"datePublished\":\"2016-11-22T11:35:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:23:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559\"},\"wordCount\":854,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/Sibomana-Jean.png\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559\",\"name\":\"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/Sibomana-Jean.png\",\"datePublished\":\"2016-11-22T11:35:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:23:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/Sibomana-Jean.png\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/Sibomana-Jean.png\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3559#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki? - BWIZA","og_description":"Kuri ubu buyobozi buriho mu itorero rya pantecote mu Rwanda (ADEPR) hagiye humvikana inkubiri n\u2019amatiku mu buyobozi ndetse bamwe bakanavaho bubashinja amakosa runaka, nyuma bakongera kugaragara bari mu mirimo, ibi nibyo benshi mu bakiristo baba bibaza bikabatera urujijo. Umwaka wa 2012 ushyira uwa 2013, isa nkaho ari yo myaka yatangiye kugaragaramo inkubiri y\u2019amakimbirane no kutumvikana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-22T11:35:31+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:23:08+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Sibomana-Jean.png","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki?","datePublished":"2016-11-22T11:35:31+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:23:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559"},"wordCount":854,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Sibomana-Jean.png","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3559#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559","name":"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Sibomana-Jean.png","datePublished":"2016-11-22T11:35:31+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:23:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3559"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Sibomana-Jean.png","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Sibomana-Jean.png"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3559#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w\u2019Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3559","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3559"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3559\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3559"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3559"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3559"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}