{"id":35673,"date":"2021-04-28T14:38:18","date_gmt":"2021-04-28T14:38:18","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/04\/28\/komisiyo-y-uburenganzira-bwa-muntu-yamaganye-imbaraga-z-umurengera-zikoreshwa\/"},"modified":"2021-04-28T14:38:18","modified_gmt":"2021-04-28T14:38:18","slug":"komisiyo-y-uburenganzira-bwa-muntu-yamaganye-imbaraga-z-umurengera-zikoreshwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673","title":{"rendered":"Komisiyo y&#8217;Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z&#8217;umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha"},"content":{"rendered":"<p><strong>Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu mu Rwanda iramagana abantu cyangwa inzego zikoresha ingufu z&#8217;ikirenga mu gihe hakurikiranwa abakekwaho gukora ibyaha. Iyi Komisiyo itangaza ko irimo gukurikirana aho icyo kibazo cyabaye hose.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu mu Rwanda ikavuga ko itajya irebera ibibazo nk\u2019ibi. Mu kiganiro kihariye umuyobozi w\u2019iyi Komisiyo Madame Mukasine Maire Claire, yahaye Ijwi ry\u2019Amerika, yavuze ko urwego ayobora rwamagana abantu baba arababikora ku giti cyabo cyangwa ababikora bitwaje inzego bakorera, bagakoresha ingufu z\u2019umurengera mu gukurikirana abakekwaho ibyaha.<\/p>\n<p>Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu ikavuga ko isanga uburenganzira bwa muntu muri iyi myaka ya nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi burushaho kugenda butera imbere, nubwo hari ibyo igisaba inzego za Leta kuvugurura.<\/p>\n<p>Nubwo iyi komisiyo itangaza ko hari byinshi byakozwe mu kurengera uburenganzira bwa muntu mu Rwanda, hari imiryango imwe itari iya Leta ivuga ko uburenganzira bwa bantu ihagarariye bugikandamizwa.<\/p>\n<p>Iyi komisiyo ivuga ko ikurikirana umunsi ku wundi ibibazo bifitanye isano n\u2019ihungabana ry\u2019uburenganzira bwa muntu, yaba ibyo iba yagejejweho n\u2019abaturage cyangwa ibyo imenya ubwayo ikabikurikirana.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019iyi komisiyo yabwiye ijwi ry\u2019Amerika ko byumwihariko ikibazo cy\u2019umuturage wa Muyumbu mu karere ka Rwamagana wishwe, yatangiye kugikurikirana.<\/p>\n<p>Mu Rwanda mu minsi ishize hagiye humvikana abantu bakorewe ihohoterwa rikageza aho bavutswa ubuzima bwabo. Kenshi byagiye bivugwa ko ababikora baba basanzwe bakora mu nzego zishinzwe umutekano, bagahohotera abakekwaho gukora ibyaha binyuranye. Icyo benshi bakibuka n\u2019iyicwa ry\u2019umusore witwa Jean de Dieu Twiringiyimana wo mu murenge wa Muyumbu mu karere ka Rwamagana wishwe n\u2019inzego zishinzwe umutekano, bivugwa ko akekwaho ubujura.<\/p>\n<p>Ni inkuru yaje isanga indi yabereye mu karere ka Rulindo mu ntara y\u2019amajyaruguru nayo y\u2019umusore warashwe bivugwa ko yarenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/F2yIxZJuGX0\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/pdrmgpdPoy4\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/QOFTvlBQ0qM\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/dONC2D-2DRc\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/TWVFseGqsIw\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/ilLBtIb4OzQ\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><br \/>\n <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu mu Rwanda iramagana abantu cyangwa inzego zikoresha ingufu z&#8217;ikirenga mu gihe hakurikiranwa abakekwaho gukora ibyaha. Iyi Komisiyo itangaza ko irimo gukurikirana aho icyo kibazo cyabaye hose. Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu mu Rwanda ikavuga ko itajya irebera ibibazo nk\u2019ibi. Mu kiganiro kihariye umuyobozi w\u2019iyi Komisiyo Madame Mukasine Maire Claire, yahaye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-35673","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Komisiyo y&#039;Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z&#039;umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Komisiyo y&#039;Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z&#039;umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu mu Rwanda iramagana abantu cyangwa inzego zikoresha ingufu z&#8217;ikirenga mu gihe hakurikiranwa abakekwaho gukora ibyaha. Iyi Komisiyo itangaza ko irimo gukurikirana aho icyo kibazo cyabaye hose. Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu mu Rwanda ikavuga ko itajya irebera ibibazo nk\u2019ibi. Mu kiganiro kihariye umuyobozi w\u2019iyi Komisiyo Madame Mukasine Maire Claire, yahaye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-28T14:38:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35673#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35673\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Komisiyo y&#8217;Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z&#8217;umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha\",\"datePublished\":\"2021-04-28T14:38:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35673\"},\"wordCount\":310,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35673#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35673\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35673\",\"name\":\"Komisiyo y'Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z'umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-04-28T14:38:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35673#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35673\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35673#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Komisiyo y&#8217;Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z&#8217;umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Komisiyo y'Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z'umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Komisiyo y'Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z'umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha - BWIZA","og_description":"Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu mu Rwanda iramagana abantu cyangwa inzego zikoresha ingufu z&#8217;ikirenga mu gihe hakurikiranwa abakekwaho gukora ibyaha. Iyi Komisiyo itangaza ko irimo gukurikirana aho icyo kibazo cyabaye hose. Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu mu Rwanda ikavuga ko itajya irebera ibibazo nk\u2019ibi. Mu kiganiro kihariye umuyobozi w\u2019iyi Komisiyo Madame Mukasine Maire Claire, yahaye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-04-28T14:38:18+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Komisiyo y&#8217;Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z&#8217;umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha","datePublished":"2021-04-28T14:38:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673"},"wordCount":310,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=35673#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673","name":"Komisiyo y'Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z'umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-04-28T14:38:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=35673"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35673#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Komisiyo y&#8217;Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z&#8217;umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/35673","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=35673"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/35673\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=35673"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=35673"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=35673"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}