{"id":3570,"date":"2016-11-22T17:07:40","date_gmt":"2016-11-22T17:07:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/22\/ushinja-mbarushimana-yavuze-ko-ubuzima-bwe-bwajya-mu-kaga-bimenyekanye-ko-yaje\/"},"modified":"2016-11-22T17:07:40","modified_gmt":"2016-11-22T17:07:40","slug":"ushinja-mbarushimana-yavuze-ko-ubuzima-bwe-bwajya-mu-kaga-bimenyekanye-ko-yaje","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570","title":{"rendered":"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2016, ubwo urukiko rwumvaga umutangabuhamya wa Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho kugira uruhare mu iyicwa ry\u2019Abatutsi ibihumbi 50 bari bahungiye ku gasozi ka Kabuye, uyu mutangabuhamya yavuze ko imiryango yabo ibanye neza ku buryo n\u2019abavandimwe ba Mbarushimana baramutse bamenye ko yaje kumushinja mu rukiko ashobora kugirirwa nabi.<\/strong> <\/em><br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nUyu mutangabuhamya wahawe izina ry\u2019irisirino mu rukiko mu rwego rwo gusigasira umwirondoro we, yatangarije ubucamanza ko nta cyaha na kimwe azi ku byaha bishinjwa uyu mugabo waje kuburanira mu Rwanda ku byaha akekwaho yoherejwe na leta ya Denmark, ndetse anatsindagira ko amuzi neza ko nta byaha bifitanye isano n\u2019ubwicanyi amuziho.<br \/>\nMu busobanuro yatanze, uyu mutangabuhamya yavuze ko mu gihe cya Jenoside atakunze kumubona, gusa ko ahanini byatewe no kuba ushinjwa ariwe Mbarushimana yari yarahagaritse akazi yakoraga k\u2019uburezi yarasubiye gukomeza amasomo.<br \/>\nUyu mutangabuhamua kandi, yashimangiye iby\u2019ubucuti afitanye n\u2019umuryango wa Mbarusimana, bushingiye ahanini ku kuba yaranahishe muramu wa Mbarushimana na benewabo b\u2019umugore we wari umututsi, kugeza n\u2019ubwo amutangira amafaranga ngo aricwa n\u2019abamuhigaga.<br \/>\nYagize ati\u201dnafatanyije n\u2019uwari ushinzwe umutekano mu kurengera abo mu muryango w\u2019umugore wa Mbarushimana, ndetse tujyana no kwaka amafaranga Mbarushimana yo kubagombora.\u201d<br \/>\nKu kijyanye n\u2019ibindi byaha birimo gushinga za bariyeri, urukiko rwatunguwe no kumva ibihabanye n\u2019ibyo bari biteze ku mutangabuhamya wakabaye ashinja cyangwa atanga ibitekerezo byagenderwaho mu gushinja, kuko uyu we yaje ashinjura ndetse agura umwere ushinjwa.<br \/>\nAha naho yahakanye ko nta bariyeri nimwe yigeze amubonaho yewe ko nta n\u2019iyo azi yaba yarashyirishijeho.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nUyu mutangabuhamya nawe yigeze gufungwa ashinjwa uruhare muri Jenoside yo muri Mata 1994, nyuma yo kurangiza igihano asubizwa mu buzima busanzwe.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2016, ubwo urukiko rwumvaga umutangabuhamya wa Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho kugira uruhare mu iyicwa ry\u2019Abatutsi ibihumbi 50 bari bahungiye ku gasozi ka Kabuye, uyu mutangabuhamya yavuze ko imiryango yabo ibanye neza ku buryo n\u2019abavandimwe ba Mbarushimana baramutse bamenye ko yaje kumushinja mu rukiko ashobora kugirirwa nabi. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Uyu mutangabuhamya wahawe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-3570","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2016, ubwo urukiko rwumvaga umutangabuhamya wa Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho kugira uruhare mu iyicwa ry\u2019Abatutsi ibihumbi 50 bari bahungiye ku gasozi ka Kabuye, uyu mutangabuhamya yavuze ko imiryango yabo ibanye neza ku buryo n\u2019abavandimwe ba Mbarushimana baramutse bamenye ko yaje kumushinja mu rukiko ashobora kugirirwa nabi. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Uyu mutangabuhamya wahawe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-22T17:07:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3570#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3570\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja\",\"datePublished\":\"2016-11-22T17:07:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3570\"},\"wordCount\":299,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3570#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3570\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3570\",\"name\":\"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-22T17:07:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3570#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3570\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3570#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2016, ubwo urukiko rwumvaga umutangabuhamya wa Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho kugira uruhare mu iyicwa ry\u2019Abatutsi ibihumbi 50 bari bahungiye ku gasozi ka Kabuye, uyu mutangabuhamya yavuze ko imiryango yabo ibanye neza ku buryo n\u2019abavandimwe ba Mbarushimana baramutse bamenye ko yaje kumushinja mu rukiko ashobora kugirirwa nabi. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Uyu mutangabuhamya wahawe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-22T17:07:40+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja","datePublished":"2016-11-22T17:07:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570"},"wordCount":299,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3570#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570","name":"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-22T17:07:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3570"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3570#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3570","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3570"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3570\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3570"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3570"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3570"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}