{"id":3581,"date":"2016-11-23T11:27:29","date_gmt":"2016-11-23T11:27:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/23\/ntuzajya-muri-panafricanism-uri-umututsi-umuhutu-cyangwa-umutwa-meya-wa\/"},"modified":"2025-02-12T17:37:22","modified_gmt":"2025-02-12T15:37:22","slug":"ntuzajya-muri-panafricanism-uri-umututsi-umuhutu-cyangwa-umutwa-meya-wa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581","title":{"rendered":"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro"},"content":{"rendered":"<p>&#8221; <em>Ibyo twiyita nta gaciro bifite igihe twumva ko tutashyira imbaraga hamwe nk\u2019abanyarwanda maze tugakorera hamwe; Umunyarwanda mwiza ni uharanira kwirwanira ishyaka, akumva ko agomba kubaho adategereje ubufasha cyangwa ibitekerezo biva mu banyamahanga, ndetse ntiyibone mu ndorerwamo y\u2019Ubuhutu, Ubututsi cyangwa Ubutwa<\/em> &#8220;.<\/p>\n<p>Ibi byatangajwe na Meya w\u2019Akarere ka Kicukiro, Dr. Nyirahabimana Jeanne ubwo Akarere ka Kicukiro katangizaga gahunda ya Pan Africanism Movement (PAM) ndetse banaganira kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda. Meya w&#8217;Akarere ka Kicukiro Dr Nyirahabimana  akaba yarasabye abayobozi bagenzi be n&#8217;abaturage kutarangwa n&#8217;ivangura, abasaba gukorera hamwe.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8221;]<\/p>\n<p>Dr Nyirahabimana yavuze ko Abanyarwanda bakwiye kwitandukanya n\u2019ivanguramoko kuko udashobora kujya muri Panafricanism uvuga ko uri Umututsi cyangwa Umuhutu, ahubwo ushyira imbere ubunyarwanda.<\/p>\n<p>Panafricanism ni urusobe rw\u2019ibitekerezo bigamije guteza imbere ubumwe hagati y\u2019Abanyafurika. Afurika ni umugabane ukungahaye ku mutungo kamere ariko uvugwamo cyane intambara n\u2019umwiryane ku buryo udatera imbere nk\u2019indi migabane kubera kutagira ubumwe bwifuzwa.<\/p>\n<p>Dr Nyirahabimana yabwiye abayobozi ko bagomba guha agaciro ibyabo ndetse bakumva ko bifitemo ubushobozi bwo kwibeshaho badategereje kubifashwamo n\u2019abanyamahanga, gusa ababwira ko ibi batabigeraho bacyifitemo amacakubiri.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/4e432683d6.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-48519 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/4e432683d6.jpg\" alt=\"4e432683d6\" width=\"800\" height=\"536\" \/><\/a><\/p>\n<p>Meya yakomeje agira ati \u201cTugomba kurenga gahunda z\u2019amoko tukarwana no kwiyubaka nk\u2019abanyarwanda, ntidukeneye kwirebera mu ndorerwamo y\u2019amoko kuko ntuzaba umunyafurika w\u2019Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa ahubwo uzaba umunyafurika w\u2019umunyarwanda.\u201d<\/p>\n<p>Aha kandi Dr. Nyirahabimana yagarutse ku kuntu umunyafurika agomba kwigira ntategereze ibiturutse ahandi ahubwo ko agomba guha agaciro ibyo we akora akumva ko yishoboye.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Muri iyi gahunda ya Ndi Umunyarwanda ndetse na PAM, Pasiteri Antoine Rutayisire yabwiye abari aho ko abantu bagiha agaciro ibyo bari byo (abahutu, abatwa ndetse n\u2019abatutsi) ko ari ukwiyitirira akantu gato kandi kadafite umumaro, ko ikiruta ari ukwitwa umunyarwanda kandi ukumva ubifitiye ishema.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/f5720c5c04.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-48522 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/f5720c5c04.jpg\" alt=\"f5720c5c04\" width=\"800\" height=\"600\" \/><\/a><\/p>\n<p>Pasiteri Antoine yagize ati, \u201cIbyo twiyita nta gaciro bifite igihe twumva ko tutashyira imbaraga hamwe nk\u2019abanyarwanda maze tugakorera hamwe dufite intumbero imwe, igihe cyose tudashyize hamwe nk\u2019umuntu umwe tuzamera nka ba bubatsi bubakaga umunara w\u2019Ibaberi bananiwe kumvikana buri umwe agakora ibye bikarangira intego yabo itagezweho.\u201d<\/p>\n<p>Abari bahagarariye ibiganiro bya PAM ari bo M\u00e9 Gatete Nyiringabo ushinzwe ibya Politiki ndetse na Karorero Joseph ushinzwe umutekano ndetse no kubungabunga amahoro muri PAM, bafatanije na Komite yatorewe guhagararira PAM mu karere ka Kicukiro, bagarutse cyane ku kuba Afurika igomba kuba umugabane ugomba kwirwanirira.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/0f8a464b10.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-48520 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/0f8a464b10.jpg\" alt=\"0f8a464b10\" width=\"800\" height=\"600\" \/><\/a><\/p>\n<p>Aha bagaragaje ko iyi itakiri ya Afurika ifite abaturage bashukisha inkono y\u2019itabi bagatwara zahabu ndetse bakabagira abacakara nk&#8217;uko iyi nkuru dukesha urubuga rw&#8217;akarere ikomeza ivuga.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p> Bavuze ko u Rwanda rwari igihugu cyabagaho ari icyo kwigira ku bindi bihugu ariko ubu kimaze kuba indorerwamo y\u2019ibindi bihugu, aho ubu amahanga ashishikajwe no kuza kureba uko abanyarwanda bakora, bibaza uko igihugu cyanyuze muri Jenoside yo muri Mata 1994 cyaba kiyubatse vuba ndetse ubu abanyarwanda bakaba basabana.<\/p>\n<p> <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em> <\/p>\n<p> <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>&#8221; Ibyo twiyita nta gaciro bifite igihe twumva ko tutashyira imbaraga hamwe nk\u2019abanyarwanda maze tugakorera hamwe; Umunyarwanda mwiza ni uharanira kwirwanira ishyaka, akumva ko agomba kubaho adategereje ubufasha cyangwa ibitekerezo biva mu banyamahanga, ndetse ntiyibone mu ndorerwamo y\u2019Ubuhutu, Ubututsi cyangwa Ubutwa &#8220;. Ibi byatangajwe na Meya w\u2019Akarere ka Kicukiro, Dr. Nyirahabimana Jeanne ubwo Akarere ka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3581","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"&#8221; Ibyo twiyita nta gaciro bifite igihe twumva ko tutashyira imbaraga hamwe nk\u2019abanyarwanda maze tugakorera hamwe; Umunyarwanda mwiza ni uharanira kwirwanira ishyaka, akumva ko agomba kubaho adategereje ubufasha cyangwa ibitekerezo biva mu banyamahanga, ndetse ntiyibone mu ndorerwamo y\u2019Ubuhutu, Ubututsi cyangwa Ubutwa &#8220;. Ibi byatangajwe na Meya w\u2019Akarere ka Kicukiro, Dr. Nyirahabimana Jeanne ubwo Akarere ka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-23T11:27:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:37:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/4e432683d6.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro\",\"datePublished\":\"2016-11-23T11:27:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:37:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581\"},\"wordCount\":481,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/4e432683d6.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581\",\"name\":\"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/4e432683d6.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-23T11:27:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:37:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/4e432683d6.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/4e432683d6.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3581#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro - BWIZA","og_description":"&#8221; Ibyo twiyita nta gaciro bifite igihe twumva ko tutashyira imbaraga hamwe nk\u2019abanyarwanda maze tugakorera hamwe; Umunyarwanda mwiza ni uharanira kwirwanira ishyaka, akumva ko agomba kubaho adategereje ubufasha cyangwa ibitekerezo biva mu banyamahanga, ndetse ntiyibone mu ndorerwamo y\u2019Ubuhutu, Ubututsi cyangwa Ubutwa &#8220;. Ibi byatangajwe na Meya w\u2019Akarere ka Kicukiro, Dr. Nyirahabimana Jeanne ubwo Akarere ka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-23T11:27:29+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:37:22+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/4e432683d6.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro","datePublished":"2016-11-23T11:27:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:37:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581"},"wordCount":481,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/4e432683d6.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3581#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581","name":"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/4e432683d6.jpg","datePublished":"2016-11-23T11:27:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:37:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3581"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/4e432683d6.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/4e432683d6.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3581#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ntuzajya muri Panafricanism uri Umututsi, Umuhutu cyangwa Umutwa \u2014 Meya wa Kicukiro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3581","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3581"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3581\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3581"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3581"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3581"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}