{"id":3592,"date":"2016-11-24T09:51:59","date_gmt":"2016-11-24T09:51:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/24\/ni-iki-kizahuza-abacururiza-mu-mujyi-wa-kigali-n-ubuyobozi-bwawo\/"},"modified":"2016-11-24T09:51:59","modified_gmt":"2016-11-24T09:51:59","slug":"ni-iki-kizahuza-abacururiza-mu-mujyi-wa-kigali-n-ubuyobozi-bwawo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592","title":{"rendered":"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo?"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Bamwe mu bacuruzi bacururizaga mu mujyi wa Kigali baravuga ko bimwe mu byemezo ubuyobozi bubafatira bibabuza epfo na ruguru ku buryo kugira icyo ukorera muri Kigali bisa nk\u2019ibyahariwe abakire gusa.<\/strong><br \/>\nIbi aba bacuruzi babitangaje nyuma y\u2019aho ubuyobozi bw\u2019umujyi wa Kigali bwafashe icyemezo cyo kwirukana abacururizaga ku mabaraza (ku miryango y\u2019amazu) yo mu mujyi,<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nAba birukanywe bari barategujwe n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyarugenge mu byumweru bibiri bishize mu nama yabahuje, abacuruzi barenga 200 bose bari bamenyeshejwe ko bagomba kuvana ibikorwa byabo ku miryango y\u2019amazu.<br \/>\nUbuyobozi buvuga ko icyi cyemezo kigamije guca akajagari mu bucuruzi, kwita ku isuku ndetse no guhashya ibishobora guteza umutekano muke.<br \/>\nBamwe mu bacuruzi baganiriye na bwiza.com bemeza ko bene ibi byemezo bibabuza mu mashyi no mu midiho ku buryo hari abavuga ko uretse abakire bazakomeza gukira cyane ngo nta mukene ushobora kuzamukira mu mujyi wa Kigali.<br \/>\nUmwe mu bacuruzi utashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati \u201cNi icyemezo cy\u2019ubuyobozi nyine tugomba kucyubahiriza, ngo ubintu byacu biteza umwanda n\u2019umutekano muke gusa ibi bigaragaza ko nta mukene ushobora kuzamukira muri uyu mujyi<br \/>\nAkomeza agira ati &#8220;Ibyo badukorera hari igihe bigeraho bikatuyobera ubundi tugategereza uko bizagenda, niba batubwira kwihangira imirimo twayihanga bakayisaba ko ihita ikura ibyo wabihuriza hehe? kuba ncururiza aha hanze si uko mba ntazi ko mu nzu ari ho heza, ni uko ari ho nshoboye\u201d<br \/>\nKimwe n\u2019abandi benshi baganiriye n\u2019iki kinyamakuru bavuga ko ibyemezo bafatirwa n\u2019ubuyobozi bituma abacuruzi bato batibona mubashobora kuzamukira muri uyu mujyi<br \/>\nGucururiza hanze y\u2019amazu byakorwaga mu mujyi na bamwe mu bahoze ari abazunguzayi, aba bemeza ko iyi ari intambwe bari bateye bakanavuga ko ubonye ubushobozi buruseho yahitaga yikodeshereza iye inzu.<br \/>\n <strong>Abahawe aho gukorera bararira ayo kwarika abandi bamaze gusubira mu mihanda<\/strong><br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/isoko-94981.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-48590\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/isoko-94981.jpg\" alt=\"isoko-94981\" width=\"667\" height=\"446\" \/><\/a><br \/>\nAbahoze ari abazunguzayi bahawe isoko ryo gucururizamo Nyabugogo mu rwego rwo kubavana mu muhanda batangaza ko nta mafaranga ari muri iryo soko, uretse abavuga ko birirwa bicaye bwackwira bagataha ngo hari n\u2019abari barafashe ibibanza muri iri soko kuri ubu bamaze kwisubirira mu buzunguzayi.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nAbacururiza muri iri soko kandi bemeza ko n\u2019ubwo ubuyobozi bwatangaje ko barihawe ku buntu ngo siko byagenze kuko byabasabaga kugira amafaranga (ruswa) bagenera ababitangaga mu buryo bw\u2019ibanga, ibi bikiyongera ku kuba banavuga ko bamwe batahawe ibyo bibanza biganjemo abakiri mu buzunguzayi mu mujyi.<br \/>\n <strong>Ubukode mu nzu z\u2019ubucuruzi i Kigali burahenze<\/strong><br \/>\nAbenshi mu bacururizaga hanze ku mabaraza ni abagiranaga amasezerano n\u2019abakodesha inzu z\u2019ubucuruzi bakabafasha gushaka amafaranga y\u2019ubukode, aba bacuruzi bavuga ko badashinjwa kudasora kuko batanga umusoro nk\u2019abandi bacuruzi.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nGukodesha inzu mu mujyi wa Kigali kuri ubu abacuruzi bavuga ko bihenze cyane, metero kare m<sup>2 <\/sup>imwe ikodeshwa amadorari y\u2019Amerika ari hagati ya 16 na 22, ni ukuvuga amanyarwanda ari hagati 13120 na 18040, aya mafaranga abacuruzi bemeza ko ari menshi cyane kuko ntanikintu gishobora gukorerwa muri metero imwe.<br \/>\n <strong>Gahunda za leta zaba zigongana<\/strong><br \/>\nN\u2019ubwo ubuyobozi butemerera abacuruzi gukorera aho bita ko hajyanye n\u2019ubushobozi bwabo mu mujyi, gahunda yo kwihangira imirimo imaze igihe ishishikarizwa abanyarwanda, by\u2019umwihariko gahunda ya Kora wigire yo ishishikariza abantu kwihangira imirimo idashingiye ku buhinzi. Abakora ubu bucuruzi butari kuvugwaho rumwe hagati y\u2019ababukora n\u2019ubuyobozi bavugako iyi ari yo mirimo bo bari barihangiye.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>Schadrack@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu bacuruzi bacururizaga mu mujyi wa Kigali baravuga ko bimwe mu byemezo ubuyobozi bubafatira bibabuza epfo na ruguru ku buryo kugira icyo ukorera muri Kigali bisa nk\u2019ibyahariwe abakire gusa. Ibi aba bacuruzi babitangaje nyuma y\u2019aho ubuyobozi bw\u2019umujyi wa Kigali bwafashe icyemezo cyo kwirukana abacururizaga ku mabaraza (ku miryango y\u2019amazu) yo mu mujyi, [ad id=&#8221;44145&#8243;] [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[],"class_list":["post-3592","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-zicukumbuye"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu bacuruzi bacururizaga mu mujyi wa Kigali baravuga ko bimwe mu byemezo ubuyobozi bubafatira bibabuza epfo na ruguru ku buryo kugira icyo ukorera muri Kigali bisa nk\u2019ibyahariwe abakire gusa. Ibi aba bacuruzi babitangaje nyuma y\u2019aho ubuyobozi bw\u2019umujyi wa Kigali bwafashe icyemezo cyo kwirukana abacururizaga ku mabaraza (ku miryango y\u2019amazu) yo mu mujyi, [ad id=&#8221;44145&#8243;] [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-24T09:51:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/isoko-94981.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo?\",\"datePublished\":\"2016-11-24T09:51:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592\"},\"wordCount\":558,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/isoko-94981.jpg\",\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592\",\"name\":\"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/isoko-94981.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-24T09:51:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/isoko-94981.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/isoko-94981.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3592#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo? - BWIZA","og_description":"Bamwe mu bacuruzi bacururizaga mu mujyi wa Kigali baravuga ko bimwe mu byemezo ubuyobozi bubafatira bibabuza epfo na ruguru ku buryo kugira icyo ukorera muri Kigali bisa nk\u2019ibyahariwe abakire gusa. Ibi aba bacuruzi babitangaje nyuma y\u2019aho ubuyobozi bw\u2019umujyi wa Kigali bwafashe icyemezo cyo kwirukana abacururizaga ku mabaraza (ku miryango y\u2019amazu) yo mu mujyi, [ad id=&#8221;44145&#8243;] [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-24T09:51:59+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/isoko-94981.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo?","datePublished":"2016-11-24T09:51:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592"},"wordCount":558,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/isoko-94981.jpg","articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3592#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592","name":"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/isoko-94981.jpg","datePublished":"2016-11-24T09:51:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3592"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/isoko-94981.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/isoko-94981.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3592#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n\u2019ubuyobozi bwawo?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3592","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3592"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3592\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3592"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3592"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3592"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}