{"id":35923,"date":"2021-05-07T17:01:15","date_gmt":"2021-05-07T17:01:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/05\/07\/bigeze-aho-umuntu-yifuza-ngo-iyo-rupfu-ruza-rukankuraho-umwe-mu-baturage-ba\/"},"modified":"2021-05-07T17:01:15","modified_gmt":"2021-05-07T17:01:15","slug":"bigeze-aho-umuntu-yifuza-ngo-iyo-rupfu-ruza-rukankuraho-umwe-mu-baturage-ba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923","title":{"rendered":"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuwe mu baturage witwa Josephine Mukankuranga avuga ko aho bigeze asanga urupfu ari rwo yifuza kubera ikibazo we yita akarengane yakorewe ubwo inzu ye yasenywaga n&#8217;Umujyi wa Kigali muri gahunda yo kwimura abaturage Kangondo na Kibiraro mu Murenge wa Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Mukankuranga yatangaje ibi nyuma y&#8217;aho umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge asabye impande zombi ko habaho ubuhuza kuri iki kibazo. Impande zombi zabyemeranyijeho gusa hari abanyuzwe manuma kimwe n&#8217;abafite icyizere ko hari icyo bizatanga.<\/p>\n<p>Mukankuranga ni umwe mu babona ibi ntacyo bizatanga kuko ngo &#8221; N&#8217;ubuhuza bwa mbere bwaranzwe n&#8217;igitugu.&#8221; Kuva ngo iki kibazo cyatangira, we n&#8217;abe babayeho basembera.<\/p>\n<p>Aganira na VOA ati &#8221; Icyo cy&#8217;ubuhuza bashyizeho rero n&#8217;ubundi kiriya kibazo cyatangiye batubwira ko bazaduhuza bakajya baturerega, ibintu byose bakabikoresha igitugu. Nibaduhe ayo batwemereye tujye gushakira ubuzima ahandi. Mu by&#8217;ukuri twararenganye, igihe gishize ni kinini, aho umuntu yifuza byibuza yiba urupfu ruje rukankuraho, bindutiraho kubaho.&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza agira ati &#8221;  Baratubwira ngo baradufunga, aho kugira ngo uze unyimure njye gusembera ahubwo bagure gereza. Baze badufungane n&#8217;imiryango n&#8217;abana bacu, ubu se tuzasembera kugeza ku munsi wa kangahe?&#8221;<\/p>\n<p>Ku kuba yaba yizeye ko ubu buhuza hari icyo buzamukemurira, ati &#8221;  Nta cyizere dufite. Iyo baza kuvuga ngo baraduhuza, ikibazo kiba cyarakemutse.&#8221;<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande, undi na we uri muri uru rubanza, Emmanuel Sahinkuye avuga ko hari icyo ubuhuza buzageraho. Ati &#8221;  Erega burya abaturage turi abana beza.  Byose ni mubiganiro. Umujyi wa Kigali uvuze uti turahabausibije  cyangwa tubahaye ayo twababariye nta kibazo twajya gushaka ahandi mu gihugu ubutaka buracyahari.&#8221;<\/p>\n<p>Uru rubanza rw\u2019imiryango igera kuri 27 ituye mu Murenge wa Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali ntirwabaye kuwa 6 Gicurasi 2021 nk&#8217;uko byari byitezwe.Umucamanza yasabye impande zombi gushaka umuhuza muri uru rubanza.<\/p>\n<p>Ikibazo cy&#8217;ubutaka bwo muri kariya gace cyatangiye kumvikana mu 2017 ubwo hategurwaga kwimura imiryango isaga 1,000, ikajyanwa mu mazu yubakiwe na Leta mu Busanza. Ni ingingo yakuruye impaka zikomeye ndetse ijorwa n&#8217;abatari bake.<\/p>\n<p>VOA yari mu rukiko ivuga ko impande zombi zabyemeye bityo umuhuza, Didace Nshimiyimana yemeza ko ibiganiro hagati y&#8217;impande zombi bizatangira kuwa 14 Gicurasi 2021.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/31U-dZruT60\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/L9WZe2jTpfw\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/UnfpQVeOZ7Q\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/F2yIxZJuGX0\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/TWVFseGqsIw\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p> <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuwe mu baturage witwa Josephine Mukankuranga avuga ko aho bigeze asanga urupfu ari rwo yifuza kubera ikibazo we yita akarengane yakorewe ubwo inzu ye yasenywaga n&#8217;Umujyi wa Kigali muri gahunda yo kwimura abaturage Kangondo na Kibiraro mu Murenge wa Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali. Mukankuranga yatangaje ibi nyuma y&#8217;aho umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-35923","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuwe mu baturage witwa Josephine Mukankuranga avuga ko aho bigeze asanga urupfu ari rwo yifuza kubera ikibazo we yita akarengane yakorewe ubwo inzu ye yasenywaga n&#8217;Umujyi wa Kigali muri gahunda yo kwimura abaturage Kangondo na Kibiraro mu Murenge wa Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali. Mukankuranga yatangaje ibi nyuma y&#8217;aho umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-05-07T17:01:15+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35923#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35923\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali\",\"datePublished\":\"2021-05-07T17:01:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35923\"},\"wordCount\":369,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35923#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35923\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35923\",\"name\":\"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-05-07T17:01:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35923#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35923\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=35923#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali - BWIZA","og_description":"Umuwe mu baturage witwa Josephine Mukankuranga avuga ko aho bigeze asanga urupfu ari rwo yifuza kubera ikibazo we yita akarengane yakorewe ubwo inzu ye yasenywaga n&#8217;Umujyi wa Kigali muri gahunda yo kwimura abaturage Kangondo na Kibiraro mu Murenge wa Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali. Mukankuranga yatangaje ibi nyuma y&#8217;aho umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-05-07T17:01:15+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali","datePublished":"2021-05-07T17:01:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923"},"wordCount":369,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=35923#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923","name":"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-05-07T17:01:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=35923"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=35923#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukankuraho- Umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/35923","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=35923"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/35923\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=35923"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=35923"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=35923"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}