{"id":36122,"date":"2021-05-15T07:19:48","date_gmt":"2021-05-15T07:19:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/05\/15\/ndasaba-imbabazi-nanazisabye-nyakubahwa-perezida-wa-repubulika-dr-isaac\/"},"modified":"2021-05-15T07:19:48","modified_gmt":"2021-05-15T07:19:48","slug":"ndasaba-imbabazi-nanazisabye-nyakubahwa-perezida-wa-repubulika-dr-isaac","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122","title":{"rendered":"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi"},"content":{"rendered":"<p>Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y&#8217;Uburezi ushinzwe amashuri y&#8217;incuke, abanza n&#8217;ayisumbuye; yatakambiye urukiko rukuru rwa Nyarugenge arusaba kumubabarira, nyuma yo gusaba imbabazi n&#8217;abarimo Perezida Paul Kagame.<\/p>\n<p>Muri Gashyantare umwaka ushize ni bwo Munyakazi yeguye ku mirimo ye, nyuma yo gushinjwa amakosa arimo gukoresha inshingano yari afite mu nyungu ze bwite.<\/p>\n<p>Nyuma yo gutabwa muri yombi, ku wa 16 Ukwakira 2020 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye Dr Isaac Munyakazi gufungwa imyaka 10 n\u2019ihazabu ya miliyoni 10 Frw, gusa ahita ajuririra iki cyemezo.<\/p>\n<p>Ni nyuma yo guhamwa n&#8217;ibyaha bishingiye ku manyanga bivugwa ko yakozwe yo gufasha ikigo Good Harvest School n\u2019abanyeshuri bacyo kuza mu myanya ya mbere mu bizamini bisoza amashuri abanza.<\/p>\n<p>Muri Gashyantare umwaka ushize Perezida Kagame agaruka ku makosa ya Dr Isaac Munyakazi, yari yavuze ko hari ikigo cy&#8217;ishuri cyamuhaye Frw 500,000 kugira ngo agishyire mu bigo byari byatsinze neza.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa 14 Gicurasi nibwo Urukiko rukuru rwa Nyarugenge rwumvise ubujurire bwa Dr Munyakazi.<\/p>\n<p>Ubwo umucamanza yahaga umwanya Dr Munyakazi ngo agaragaze impamvu zatumye ajurira, yahise abwira urukiko ko yajuririye urukiko rukuru kuko ibihano yahawe n\u2019urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge atabyemera.<\/p>\n<p>Dr Munyakazi yasabye urukiko kumubabarira nk&#8217;uko yanasabye imbabazi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nagize intege nke nk\u2019umuntu ndabisabira imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika namwe banyakubahwa ndangira ngo imbere yanyu mbasabe imbabazi n\u2019izi manza ndimo ubwazo nazo ni igihano kuko ibintu nagiyemo byo guhamagara Dr Sebaganwa Alphonse ngo arebe niba ishuri ryaza mu myanya myiza ntabwo byari ku rwego rwanjye ukurikije umwanya nari ndiho wo ku rwego rwa Minisitiri.&#8221;<\/p>\n<p>Umucamanza yahise asaba Dr Isaac Munyakazi gusobanura ibyo asabira imbabazi maze avuga ko yasabye umukozi wa REB witwa Dr Sebaganwa Alphonse ngo ko niba bishoboka yafasha ishuri rimwe ryo mu Mujyi wa Musanze ko ryaza mu myanya ya hafi.<\/p>\n<p>Yabwiye urukiko ko byabaye ngombwa ko abonana na Dr Sebaganwa Alphonse kugira ngo amubaze niba ibyo yamusabye yarabikoze. Dr Munyakazi yavuze ko yahuriye na Dr Sebaganwa ku Kimironko agahita amubwira ko ibyo yamusabye yamaze kubikora.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwahawe umwanya buvuga ko butumva impamvu y\u2019ubu bujurire ndetse buvuga ko ishuri rya Gahima ritatsindishaga abanyeshuri neza mbere y\u2019uko ajya gushaka ukuntu ishuri rye riherereye mu Karere ka Musanze ryafashwa kuzajya ritsinda.<\/p>\n<p>Gahima Abdu ni nyiri ikigo cya Good Harvest School, na we akaba yarakatiwe igifungo cy\u2019imyaka itanu no gutanga ihazabu ya miliyoni 1.5 Frw, nyuma yo guhamwa icyaha cyo gutanga ruswa.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwasabye urukiko kutakira ubujurire bw\u2019abaregwa kuko nta mpamvu z\u2019ubujurire bwabo.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko urubanza rwa Dr Isaac Munyakazi ruzasomwa ku wa 11 Kamena.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/3bdfxKpPeW0\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/CnqvUqF5bfg\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/wh-he2m8S0s\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/AO7Z1myJnbw\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/Xtr52HsxaoA\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y&#8217;Uburezi ushinzwe amashuri y&#8217;incuke, abanza n&#8217;ayisumbuye; yatakambiye urukiko rukuru rwa Nyarugenge arusaba kumubabarira, nyuma yo gusaba imbabazi n&#8217;abarimo Perezida Paul Kagame. Muri Gashyantare umwaka ushize ni bwo Munyakazi yeguye ku mirimo ye, nyuma yo gushinjwa amakosa arimo gukoresha inshingano yari afite mu nyungu ze bwite. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-36122","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y&#8217;Uburezi ushinzwe amashuri y&#8217;incuke, abanza n&#8217;ayisumbuye; yatakambiye urukiko rukuru rwa Nyarugenge arusaba kumubabarira, nyuma yo gusaba imbabazi n&#8217;abarimo Perezida Paul Kagame. Muri Gashyantare umwaka ushize ni bwo Munyakazi yeguye ku mirimo ye, nyuma yo gushinjwa amakosa arimo gukoresha inshingano yari afite mu nyungu ze bwite. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-05-15T07:19:48+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36122#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36122\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi\",\"datePublished\":\"2021-05-15T07:19:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36122\"},\"wordCount\":442,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36122#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36122\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36122\",\"name\":\"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-05-15T07:19:48+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36122#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36122\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36122#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi - BWIZA","og_description":"Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y&#8217;Uburezi ushinzwe amashuri y&#8217;incuke, abanza n&#8217;ayisumbuye; yatakambiye urukiko rukuru rwa Nyarugenge arusaba kumubabarira, nyuma yo gusaba imbabazi n&#8217;abarimo Perezida Paul Kagame. Muri Gashyantare umwaka ushize ni bwo Munyakazi yeguye ku mirimo ye, nyuma yo gushinjwa amakosa arimo gukoresha inshingano yari afite mu nyungu ze bwite. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-05-15T07:19:48+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi","datePublished":"2021-05-15T07:19:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122"},"wordCount":442,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36122#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122","name":"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-05-15T07:19:48+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36122"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36122#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36122","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=36122"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36122\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=36122"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=36122"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=36122"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}