{"id":36261,"date":"2021-05-19T17:10:06","date_gmt":"2021-05-19T17:10:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/05\/19\/perezida-kagame-yashinje-uganda-gushaka-guha-u-rwanda-amategeko\/"},"modified":"2021-05-19T17:10:06","modified_gmt":"2021-05-19T17:10:06","slug":"perezida-kagame-yashinje-uganda-gushaka-guha-u-rwanda-amategeko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261","title":{"rendered":"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko"},"content":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba igihugu cya Uganda cyarashatse guha u Rwanda amategeko y&#8217;ibyo rugomba gukora gukora biri mu byahungabanyije umubano w&#8217;ibihugu byombi.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana na France 24 na RFI.<\/p>\n<p>Yavuze ko u Rwanda rwahuye n\u2019ibibazo bitandukanye by\u2019imbere mu gihugu, muu gihe rwabaga rushaka uko rukemura ibibazo byarwo, rwagiye rugira n\u2019ibindi by\u2019abantu bo hanze bashaka ko rukora uko bashaka, aho kureba ku cyo rushaka ari nabyo rwapfuye na Uganda.<\/p>\n<p>Ati: \u201cHari ibyo tutumvikanyeho, twagerageje kubikemura ariko ntibyagira icyo bitanga. Murabizi u Rwanda rwagize ibibazo byinshi, twagize ibibazo byacu bwite, tugerageza guhangana nabyo, tugerageza guteza imbere igihugu cyacu ari nako tugirwaho ingaruka kubera ko turi igihugu gito, abafite ibihugu binini bakumva ko twakabaye duhabwa amabwiriza nabo.\u201d<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko abo babaga bashaka guha u Rwanda amabwiriza, basabwe kubihagarika ariko bamwe bakinangira.<\/p>\n<p>Ati: \u201cTwakorana neza n\u2019abandi ariko ntabwo dushaka ko baduha amategeko ngo batujyane uko babishaka. Yaba Uganda cyangwa ibindi bihugu, abakeka ko batubwira ngo mukore gutya, ngo ibi nibyo byiza kuri mwe mugire mutya, mugomba kunyumvira kubera iyi mpamvu [\u2026] Turi abantu bazi kubaha, tubabwira mu kinyabupfura tuti \u2018oya, ntabwo ariko biragenda\u2019, hanyuma rimwe na rimwe hakaba abashaka gukoresha imbaraga ngo bigende bityo, ibibazo bikavuka.\u201d<\/p>\n<p>Perezida Kagame yongeye gushimangira ko u Rwanda rwifuza kubana neza n\u2019ibindi bihugu, atanga urugero rw\u2019u Bufaransa rwakunze kurebana ay\u2019ingwe n\u2019u Rwanda kubera kutemera uruhare bwagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Nyuma yo kuba Perezida kwa Emmanuel Macron, umubano w\u2019ibihugu byombi uri kugana heza kuko icyo gihugu cyemera uruhare rwacyo muri Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Perezida Kagame ahereye kuri urwo rugero rw\u2019u Bufaransa, yavuze kubana neza na Uganda bishoboka.<\/p>\n<p>Ati: \u201cDuhora tureba uburyo twakemura ibibazo ibyo aribyo byose twagirana n\u2019uwo ari we wese harimo na Uganda. Mwabonye uko biri kugenda neza n\u2019u Bufaransa, kuki se bitakunda ku bindi bihugu?\u201d<\/p>\n<p>Umubano w&#8217;u Rwanda na Uganda wangiritse muri 2017, nyuma y&#8217;ibirego bitandukanye ibihugu byombi byakunze gushinjacya.<\/p>\n<p>Ku buhuza bw&#8217;ibihugu bya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo na Angola, ba Perezida Paul Kagame na Yoweri Museveni bagerageje gushakira ibisubizo ibibazo by&#8217;ibihugu byombi, gusa hari ibitaratungana kugeza ubu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba igihugu cya Uganda cyarashatse guha u Rwanda amategeko y&#8217;ibyo rugomba gukora gukora biri mu byahungabanyije umubano w&#8217;ibihugu byombi. Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana na France 24 na RFI. Yavuze ko u Rwanda rwahuye n\u2019ibibazo bitandukanye by\u2019imbere mu gihugu, muu gihe rwabaga rushaka uko rukemura [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-36261","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba igihugu cya Uganda cyarashatse guha u Rwanda amategeko y&#8217;ibyo rugomba gukora gukora biri mu byahungabanyije umubano w&#8217;ibihugu byombi. Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana na France 24 na RFI. Yavuze ko u Rwanda rwahuye n\u2019ibibazo bitandukanye by\u2019imbere mu gihugu, muu gihe rwabaga rushaka uko rukemura [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-05-19T17:10:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36261#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36261\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko\",\"datePublished\":\"2021-05-19T17:10:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36261\"},\"wordCount\":369,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36261#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36261\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36261\",\"name\":\"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-05-19T17:10:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36261#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36261\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36261#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko - BWIZA","og_description":"Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba igihugu cya Uganda cyarashatse guha u Rwanda amategeko y&#8217;ibyo rugomba gukora gukora biri mu byahungabanyije umubano w&#8217;ibihugu byombi. Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana na France 24 na RFI. Yavuze ko u Rwanda rwahuye n\u2019ibibazo bitandukanye by\u2019imbere mu gihugu, muu gihe rwabaga rushaka uko rukemura [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-05-19T17:10:06+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko","datePublished":"2021-05-19T17:10:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261"},"wordCount":369,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36261#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261","name":"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-05-19T17:10:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36261"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36261#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yashinje Uganda gushaka guha u Rwanda amategeko"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36261","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=36261"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36261\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=36261"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=36261"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=36261"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}