{"id":3653,"date":"2016-11-27T23:10:07","date_gmt":"2016-11-27T23:10:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/27\/nyarugenge-abasore-2-batuburiye-umuturage-bamwambura-amafaranga-bamushyiriramo\/"},"modified":"2016-11-27T23:10:07","modified_gmt":"2016-11-27T23:10:07","slug":"nyarugenge-abasore-2-batuburiye-umuturage-bamwambura-amafaranga-bamushyiriramo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653","title":{"rendered":"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Abasore babiri barimo Siborurema Jean w\u2019imyaka 25 na mugenzi we Sindikubwabo Thierry w\u2019imyaka 32 y\u2019amavuko ubu bacumbikiwe na Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali nyuma y\u2019aho bafatiwe mu cyuho bamaze kwambura umuturage ibihumbi 495 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda.<\/strong> <\/em><br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nNk\u2019uko bitangazwa n\u2019 Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu, ngo aba basore bafashwe tariki ya 24 ugushyingo ubu iperereza rikaba rigikomeje. Agereranya aba basore n\u2019abantu batagira icyo gukora ahubwo babeshejweho n\u2019ibikorwa by\u2019ubwambuzi.<br \/>\nYagize ati:\u201d Ni bamwe mu bagize agatsiko k\u2019insoresore b\u2019imburamikoro, bakaba  batekera imitwe abaturage mu bikorwa byo kubashuka bakabarya amafaranga yabo. Aba rero nabo niko babigenje ariko umugambi wabo warabapfubanye\u201d.<br \/>\nAkomeza asobanura uko byagenze aho avuga ko umuturage yaje kuri Banki i Nyabugogo kubikuza amafaranga ye,  ariko bariya basore bakaba bari bakomeje kumukurikiranira hafi.<br \/>\nAmaze kubikuza amafaranga ye rero, ngo yarasohotse ageze hirya gato ahura nabo basore, ni uko  batangira kumubwira ko ibintu byacitse  mbese bikomeye ko hari umuntu wibwe amafaranga menshi ko Polisi irimo gusaka abantu kugira ngo iyabone\u201d.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nSP Hitayezu yakomeje avuga ko aba batekamutwe bajyanye  uyu muturage hirya gato,  bamusaba kumufasha  igikapu cye cyari kirimo amafaranga ibihumbi 495 yari amaze kubikuza maze bagishyira hamwe n\u2019ibyabo. Muri uko gushyira hamwe ibikapu byose bakuyemo amafaranga y\u2019uwo mugabo, noneho mu gikapu cye bashyira amasabune n\u2019ibyatsi ahari habitswe ya mafaranga maze bafunga neza,  baramujijisha ntiyabimenya.<br \/>\nBamaze kumwiba ayo mafaranga bamuhaye igikapu cye maze bamubwira gukomeza urugendo. Uyu mugambi mubisha w\u2019aba basore ngo waje gukomwa mu nkokora n\u2019umuturage wari wababonye ndetse yakurikiranye buri kimwe, ari nawe watabaje inzego z\u2019umutekano zigahita zibafata.<br \/>\nKugrza ubu aba basore bafungiye kuri station ya polisi ya kimisagara.<br \/>\n <strong>Dore uko Polisi isobanura icyaha cy\u2019ubwambuzi bushukana.<\/strong><br \/>\nSP Hitayezu agira ati:\u201d Ubwambuzi bushukana ni uburyo umuntu wese, abigiriye kwambura ikintu icyo ari cyo cyose cy\u2019undi, agatuma bakimuha ari uko akoresheje amayeri y\u2019ubwambuzi, wiyitirira amazina atari yo cyangwa imirimo adafitiye ububasha cyangwa agira ngo yizeze icyiza cyangwa atinyisha ko hari ikizaba kibi maze akambura undi imari ye yose cyangwa igice cyayo.<br \/>\nSP Hitayezu yavuze ko iki cyaha gikorwa mu buryo bunyuranye burimo; kwiyitirira amazina atari yo, kwiyitirira imirimo udafitiye ububasha,kwizeza undi ikiza,no gutinyisha  ko hari ikizaba kibi. Abakora icyo cyaha baba bagamije kwambura undi imari yose cyangwa igice cyayo.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nUhamwe n\u2019iki cyaha, ahanishwa igifungo kuva ku myaka itatu (3) kugeza ku myaka itanu (5) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva kuri miliyoni eshatu (3.000.000) kugeza kuri miliyoni eshanu (5.000.000) nk\u2019uko bikubiye mu ngingo ya 318 yo mu gitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha cy\u2019u Rwanda.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abasore babiri barimo Siborurema Jean w\u2019imyaka 25 na mugenzi we Sindikubwabo Thierry w\u2019imyaka 32 y\u2019amavuko ubu bacumbikiwe na Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali nyuma y\u2019aho bafatiwe mu cyuho bamaze kwambura umuturage ibihumbi 495 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019 Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-3653","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abasore babiri barimo Siborurema Jean w\u2019imyaka 25 na mugenzi we Sindikubwabo Thierry w\u2019imyaka 32 y\u2019amavuko ubu bacumbikiwe na Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali nyuma y\u2019aho bafatiwe mu cyuho bamaze kwambura umuturage ibihumbi 495 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019 Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-27T23:10:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3653#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3653\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune\",\"datePublished\":\"2016-11-27T23:10:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3653\"},\"wordCount\":462,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3653#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3653\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3653\",\"name\":\"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-27T23:10:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3653#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3653\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3653#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune - BWIZA","og_description":"Abasore babiri barimo Siborurema Jean w\u2019imyaka 25 na mugenzi we Sindikubwabo Thierry w\u2019imyaka 32 y\u2019amavuko ubu bacumbikiwe na Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali nyuma y\u2019aho bafatiwe mu cyuho bamaze kwambura umuturage ibihumbi 495 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019 Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-27T23:10:07+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune","datePublished":"2016-11-27T23:10:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653"},"wordCount":462,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3653#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653","name":"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-27T23:10:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3653"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3653#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n&#039;amasabune"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3653","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3653"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3653\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3653"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3653"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3653"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}