{"id":3654,"date":"2016-11-28T06:56:43","date_gmt":"2016-11-28T06:56:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/28\/u-bwongereza-bugiye-kuburanisha-abanyarwanda-5-bakekwaho-uruhare-muri-jenoside\/"},"modified":"2025-02-12T17:36:48","modified_gmt":"2025-02-12T15:36:48","slug":"u-bwongereza-bugiye-kuburanisha-abanyarwanda-5-bakekwaho-uruhare-muri-jenoside","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654","title":{"rendered":"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, urukiko rukuru rwa leta y\u2019u Bwongereza rugiye gutangira kumva urubanza rw\u2019abagabo 5 b\u2019Abanyarwanda bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.<\/strong> <\/em><br \/>\nAba banyarwanda bafatiwe mu gihugu cy\u2019u Bwongereza guhera mu mwaka wa 2013, ku busabe bw\u2019u Rwanda, ariko u Bwongereza bwanga kubohereza mu Rwanda buvuga ko batahabonera ubutabera buboneye nk\u2019ubwo babonerayo.<br \/>\nMu mwaka ushize wa 2015, nibwo u Rwanda rwagaragaje ko rufite imbaraga zo kuburanisha aba bagabo 5 barimo Dr Vincent Bajinya, Celestin Mutabaruka wahoze ari umupasiteri, ndetse n\u2019abandi bagabo 3 barimo Celestin Ugirashebuja, Charles Munyaneza, ndetse na Emmanuel Nteziryayo bahoze ari abayobozi ba za komini, ariko u Bwongereza bukavuga ko aribwo buzabiburanishiriza kugirango bubashe kubakurikirana neza.<br \/>\nUbusabe bw\u2019u Rwanda ku gushaka kuburanisha aba bagabo 5 bashinjwa uruhare muri Jenoside, bwamaze igihe ariko buza kwangwa ku bufatanye n\u2019ibihugu by&#8217;ibihangange birimo Amerika, Canada, Netheland ndetse na Norvege. Ibi bihugu bikaba byaranze ubusabe bw\u2019u Rwanda bivuga ko n&#8217;ubwo rusanzwe rwakira abafatiwe hanze nta cyizere ko aba bazabona ubutabera buboneye mu Rwanda.<br \/>\nBiteganyijwe ko iki gikorwa cyo kumva aba bagabo kizamara iminsi 8 humvwa umwe ku wundi.<br \/>\nNi nyuma y\u2019uko itsinda ry\u2019abarokotse Jenoside baba mu gihugu cy\u2019u Bwongereza ryitwa &#8220;Urumuri&#8221; rivuze ko guhera mu myaka yashize u Bwongereza bwagiye busaba kuburanisha abakekwaho ibyaha bya Jenoside mu Rwanda ariko ubutabera ntibubakurikirane neza kuko ngo bakomezaga kwidegembya.<br \/>\nIri tsinda ryagize riti: &#8220;niba u Bwongereza bwanze kubohereza mu Rwanda, nibubaburanishirizeyo. Ariko nibukomeza kubareka bakidegembya, buzaba buri kubangamira inzira y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge bw\u2019Abanyarwanda&#8221;.<br \/>\n <strong> <em>Ibyo bashinjwa:<\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Vincent Bajinya<\/strong>  uzwi nka  <strong>Brown<\/strong>  ashinjwa gutera inkunga itegurwa rya Jenoside, gukorana n\u2019Interahamwe no kubiba amacakubiri n\u2019inzangano mu banyarwanda byari bigamije gukangurira Abahutu kwica Abatutsi. Yafatiwe mu gihugu cy\u2019u Bwongereza mu mujyi wa Islington aho yabaga.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>Celestin Mutabaruka: <\/strong> Uyu yari Pasiteri mu itorero ry\u2019Abapentekote. Ashinjwa kurebera no kugira uruhare mu iyicwa ry\u2019abasaga 20.000 barimo abagabo n\u2019abagore ndetse n\u2019abana, barimo n\u2019abishwe urw\u2019agashinyaguro babanje gukurwamo amaso mbere yo kwicwa, nawe yafatiwe mu gihugu cy\u2019u Bwongereza mu mujyi wa Kent.<br \/>\n <strong>Charles Munyaneza: <\/strong> Yahoze ari umuyobozi wa komini Kinyamakara mu cyahoze ari Gikongoro (Nyamagabe y\u2019ubu). Uyu nawe ashinjwa uruhare mu itegurwa n\u2019ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside, ndetse no kuba yarishe Abatutsi akabata mu mugezi wa Mwogo bamwe ababagishije ibyuma. Yafatiwe mu mujyi wa Bedford mu Bwongereza.<br \/>\n <strong>Celestin Ugirashebuja:<\/strong>  Yahoze ari umuyobozi wa Komini Kigoma muri Perefegitura ya Gitarama. Uyu nawe ashinjwa uruhare mu itegurwa n\u2019ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere yayoboraga. Ashinjwa kandi koshya Abatutsi  akoresheje amayeri ngo bave aho babaga bihishe kugirango bicwe, nyuma agategeka abasirikare bo mu gace yabaga arimo kwica Abatutsi. Yafatiwe mu Bwongereza mu mujyi wa Walton.<br \/>\n <em> [ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/em><br \/>\n <strong>Emmanuel Nteziryayo: <\/strong> Yahoze ari umuyobozi wa Komini Mudasomwa muri Perefegitura ya Gikongoro. Nawe ashinjwa kurebera, gutegura ndetse no gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu gace yayoboraga. Ashinjwa kuyobora udutsiko tw\u2019abicanyi twibasiraga Abatutsi.<br \/>\nAshinjwa kandi kugendera ku mazina atari aye kuva yagera mu gihugu cy\u2019u Bwongereza mu mijyi itandukanye ya Wythenshawe ndetse na Manchester, aho yitwaga Emmanuel Ndikumana ndetse akajya asaba uburenganzira bwe nk\u2019Umurundi.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, urukiko rukuru rwa leta y\u2019u Bwongereza rugiye gutangira kumva urubanza rw\u2019abagabo 5 b\u2019Abanyarwanda bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Aba banyarwanda bafatiwe mu gihugu cy\u2019u Bwongereza guhera mu mwaka wa 2013, ku busabe bw\u2019u Rwanda, ariko u Bwongereza bwanga kubohereza mu Rwanda buvuga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3654","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, urukiko rukuru rwa leta y\u2019u Bwongereza rugiye gutangira kumva urubanza rw\u2019abagabo 5 b\u2019Abanyarwanda bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Aba banyarwanda bafatiwe mu gihugu cy\u2019u Bwongereza guhera mu mwaka wa 2013, ku busabe bw\u2019u Rwanda, ariko u Bwongereza bwanga kubohereza mu Rwanda buvuga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-28T06:56:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:36:48+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3654#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3654\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside\",\"datePublished\":\"2016-11-28T06:56:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:36:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3654\"},\"wordCount\":544,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3654#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3654\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3654\",\"name\":\"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-28T06:56:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:36:48+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3654#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3654\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3654#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, urukiko rukuru rwa leta y\u2019u Bwongereza rugiye gutangira kumva urubanza rw\u2019abagabo 5 b\u2019Abanyarwanda bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Aba banyarwanda bafatiwe mu gihugu cy\u2019u Bwongereza guhera mu mwaka wa 2013, ku busabe bw\u2019u Rwanda, ariko u Bwongereza bwanga kubohereza mu Rwanda buvuga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-28T06:56:43+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:36:48+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside","datePublished":"2016-11-28T06:56:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:36:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654"},"wordCount":544,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3654#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654","name":"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-28T06:56:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:36:48+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3654"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3654#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3654","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3654"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3654\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3654"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3654"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3654"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}