{"id":3665,"date":"2016-11-28T16:54:26","date_gmt":"2016-11-28T16:54:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/28\/ikibazo-cy-amapfa-ya-hato-na-hato-ku-gihugu-nk-u-rwanda-giteye-isoni\/"},"modified":"2025-02-12T17:33:19","modified_gmt":"2025-02-12T15:33:19","slug":"ikibazo-cy-amapfa-ya-hato-na-hato-ku-gihugu-nk-u-rwanda-giteye-isoni","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665","title":{"rendered":"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni"},"content":{"rendered":"<p>Muri iyi minsi ishize havuzwe cyane ikibazo cy\u2019amapfa yakurikiwe n\u2019ibura ry\u2019ibiryo bigaragara nk\u2019ibidahagije ku isoko.<br \/>\nNtabwo ariko twavuga ibi tutanavuze ko ibura ry\u2019ibiryo ryaje cyangwa riza riherekeje cyangwa riherekeje kuba imifuka y\u2019abaguzi iba imeze nk\u2019iyatewe n\u2019udutunzi!<br \/>\nWibaza niba abantu bashobora kubaho gute mu gihe ibicuruzwa nkenerwa ku isoko bikomeje kubura [ Food shortages ] aho usanga ubwinshi bw\u2019abaguzi buruta cyane ibicuruzwa, hamwe n\u2019ibyo ugasanga iki kibazo kitabonewe umuti amaherezo kizaba agatereranzamba mu Rwanda.<br \/>\n<img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-49035\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/kk.jpg\" alt=\"kk\" width=\"612\" height=\"426\" \/><br \/>\n <strong>1.Bimwe mu bintu by\u2019ingenzi Leta igomba kwitaho kuruta ibindi<\/strong><br \/>\n\u00cb\u0192Guhagurukira ikibazo cy\u2019umuvuduko w&#8217;ubwiyongere bw\u2019abaturage.<br \/>\n\u00cb\u0192Kutumva ko ingamba zafashwe mu buhinzi ari kamara ku buryo zitasubirwamo bibaye ngombwa<br \/>\n\u00cb\u0192Gusubizaho urwego rw\u2019abarimu b\u2019ubuhinzi [ Moniteur Agri].<br \/>\n\u00cb\u0192Gushimangira umuco wo guhunika mu turere twose hamwe no kuvomera imyaka mu gihe cy\u2019uruzuba.<br \/>\n\u00cb\u0192Gushyiraho ikigega cy\u2019igihugu gishinzwe kuzigamira amapfa mu gihe byaba ngombwa kikitabazwa nta gukererwa.<br \/>\nN\u2019ibindi n\u2019ibindi umuntu atarondora muri iyi nkuru. Bisa n\u2019ibiteye isoni ku gihugu nk\u2019u Rwanda cyamaze gutera imbere mu nzego zose ariko umuntu yabaza cyangwa yavuga ku kibazo cy\u2019amapfa kuri bamwe kizira kikaziririzwa kuba yakwitwa inzara, ukibaza amaherezo ni ayahe!<br \/>\nBisa n\u2019ibyababaje imbaga kuba abantu baragiye aho bagaterana amagambo bapfa izina  cyangwa inyito y\u2019ikibazo ariko bikarangira nta numwe werekanye ukuri kw\u2019ibintu nuko ikibazo cyacyemuka burundu bitihe se ngo hagaragare uko aya mapfa yakumirwa amazi atararemga inkombe.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>2.Mu gihe cy\u2019amapfa abategetsi baba bakwiye kwiga uko bavuga n\u2019amagambo bakoresha mu mbwirwaruhame zabo<\/strong><br \/>\nBurya umutima ushonje ntakindi uba ushaka kumva kitari kuwukemurira ikibazo cyo kubona amafunguro.<br \/>\nHanyuma ariko biba ikibazo iyo abashinzwe kubungabunga ubuzima bw\u2019abantu mu bihe nk\u2019ibi uba usanga bataranabona aho umuntu ashonje kuva babaho ahari.<br \/>\nU Rwanda rushobora kubaka ibikorwaremezo 1000 rukazamura amagorofa 5000 rukagura indege 100 ariko iki kibazo cy\u2019amapfa kidakemutse tuzakomeza guhabwa urw\u2019amenyo.<br \/>\nIby\u2019uko amapfa cyangwa uruzuba ruba rwaje rukibasira akarere kose ntacyo bivuze cyane kuko niba ahandi baba bafite ibindi bibazo bikomeye bashyira mu munzani bagasanga icy\u2019inzara nticyabaraza badasinziriye, ndumva u Rwanda rutabifataho urugero rwo kubwira imbaga y\u2019abantu baba bashonje.<\/p>\n<ul>\n<li>Nawe se ikibazo cy\u2019amapfa kikaza ugasanga abategetsi bibereye muri za El  Ninyo gusa !<\/li>\n<\/ul>\n<ul>\n<li>Wabaza undi mutegetsi ukumva ngo na Malawi byaracitse nkaho uwo asubiza ari umunya Malawi!<\/li>\n<\/ul>\n<p>Iyo uganiriye n\u2019abantu bazi utuntu n\u2019utundi usanga bibaza cyane ko bikwiye guhinduka, ku mikoreshereze y\u2019ibishanga usanga Leta yarabyigaruriye bishobora gutuma abaturage bajuragizwa bakabura aho bikingizuba mu gihe amapfa yazuye umugara.<br \/>\nByashoboka ko ku buso bw\u2019ibishanga bihingwa hanazirikanwa kuzigama aho abaturage bashobora guhinga ibihingwa ngandurarugo.<br \/>\nNta na rimwe tuzigera tubona abantu bishimye kandi badafite ibijumba, amateke,ibishyimbo n\u2019ibindi wakwibaza ukuntu ibi byahingwa i musozi hatanahari ukumva harimo akabazo.<br \/>\nNibyo koko politiki yo guhuza ubutaka ishobora kuba hari ibyiza ntagereranwa yazanye ariko na none kuba wahuza ubutaka ukanatwara ibishanga byose byari bitunze abaturage ntabwo aho byaba aribyo.<br \/>\nNuko abantu bakarambura igihingwa kimwe amapfa akaza nacyo cyaramaze kugurwa na ba rwiyemezamirimo ejo bakakizanira abaguzi bagikubye incuro  3 harimo akabazo kagomba kwicarirwa.<br \/>\nUko byagenda hakarebwe niba nta makosa cyangwa inyigo mbi zabaye muri izi gahunda zijyanye n\u2019ubuhunzi n\u2019ubworozi bituma muri make habaho inzara za hato na hato.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>3.Ese kuki koko Leta itakoresha ingamba zo guhashya inzara nkizo yakoresheje ihashya indwara?<\/strong><br \/>\nZimwe mu ngamba Leta yakoresheje ihangana n\u2019indwara nka Malaria n\u2019izindi, birakwiye ko n\u2019izindi Minisiteri zakazikoresheje zihangana n\u2019ibibazo nk\u2019ibi tuba tuvugaho.<br \/>\nNkuko hejuru twabivuze ubu mu Rwanda hari abantu bitwa abajyanama b\u2019ubuzima bakabakaba 50.000.<br \/>\nEse ni mpamvu ki Leta itareba ukuntu yashyiraho amatsinda b\u2019abajyanama b\u2019ubuhinzi kandi hagashyirwamo ingufu nyinshi.<br \/>\nNa kera cyane ahagana muri za 1980 hahozeho abitwaga aba Moniteur Agri babaga bashinzwe kwigisha abahinzi mu giturage.<br \/>\nAba bantu baramutse bagiyeho bahabwa amahugurwa afatika nkuko wa mujyanama w\u2019ubuzima ashobora gutera  urushinge kandi batarize ubuganga.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/ki.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-49034\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/ki.jpg\" alt=\"ki\" width=\"560\" height=\"329\" \/><\/a><br \/>\nNi nako abo bajyanama bashobora kuba bagira uruhare mu kazamura ubuhinzi ku mpamvu z\u2019uko aba ba Agronomes b\u2019imirenge n\u2019utugari mu byukuri usanga ntacyo bageza ku Rwanda gifatika mu gihe cyose bagikorera mu biro.<br \/>\nMu nkuru yacu itaha tuzavugana n\u2019abahanga mu by\u2019ubuhinzi batubwire uko babona ibintu kuko hagomba kubaho uguhuza kw\u2019ibyo abaturage n\u2019abatari inzobere mu buhinzi bavuga.<br \/>\nNtabwo twagendera ku bivugwa n\u2019abiyita inzobere gusa tudahuje imyumvire rusange y\u2019abaturage kuko ibikorwa byose biba bikorerwa abaturage.<br \/>\nNihabaho guhagurukira rimwe iki kibazo cy\u2019amapfa bamwe batinyuka no kwita amazina atandukanye,nta kabuza iki kibazo kizarangira.<br \/>\nAriko nta gikozwe abantu bazakomeza bitotombe abandi bahakane ko hariho ikibazo maze usange no gusobanura ko u Rwanda rutera imbere bise nk\u2019ibigora bamwe kubyumva kubera utu tuntu twa kidobya duto kandi twakagombye kuba twarabonewe umuti.<br \/>\nTwe nk&#8217;itangazamakuru icyo tuba tugomba kureba n&#8217;uguhuza inzego z&#8217;ubuyobozi  n&#8217;abaturage tubereye jisho. Byongeye kandi ntitwagendera ku mvugo za politiki zagiye zivugwa cyane n&#8217;abayobozi bamwe basaga n&#8217;abahunga ukuri kuriho.<br \/>\nIkindi, n&#8217;abanyarwanda duha amakuru bakwiye kumenya ko nta byacitse iba ihari kuko ntabwo ubuyobozi bwabo bubanga cyangwa ngo bube ntacyo buteganya, ukuyemo ko harubwo abatekinisiye ba Leta bakora inyigo nabi ibashaka gutuma abaturage bibaza byinshi.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>David Marchal\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muri iyi minsi ishize havuzwe cyane ikibazo cy\u2019amapfa yakurikiwe n\u2019ibura ry\u2019ibiryo bigaragara nk\u2019ibidahagije ku isoko. Ntabwo ariko twavuga ibi tutanavuze ko ibura ry\u2019ibiryo ryaje cyangwa riza riherekeje cyangwa riherekeje kuba imifuka y\u2019abaguzi iba imeze nk\u2019iyatewe n\u2019udutunzi! Wibaza niba abantu bashobora kubaho gute mu gihe ibicuruzwa nkenerwa ku isoko bikomeje kubura [ Food shortages ] aho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3665","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Muri iyi minsi ishize havuzwe cyane ikibazo cy\u2019amapfa yakurikiwe n\u2019ibura ry\u2019ibiryo bigaragara nk\u2019ibidahagije ku isoko. Ntabwo ariko twavuga ibi tutanavuze ko ibura ry\u2019ibiryo ryaje cyangwa riza riherekeje cyangwa riherekeje kuba imifuka y\u2019abaguzi iba imeze nk\u2019iyatewe n\u2019udutunzi! Wibaza niba abantu bashobora kubaho gute mu gihe ibicuruzwa nkenerwa ku isoko bikomeje kubura [ Food shortages ] aho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-28T16:54:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:33:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/kk.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni\",\"datePublished\":\"2016-11-28T16:54:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:33:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665\"},\"wordCount\":866,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/kk.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665\",\"name\":\"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/kk.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-28T16:54:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:33:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/kk.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/kk.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3665#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni - BWIZA","og_description":"Muri iyi minsi ishize havuzwe cyane ikibazo cy\u2019amapfa yakurikiwe n\u2019ibura ry\u2019ibiryo bigaragara nk\u2019ibidahagije ku isoko. Ntabwo ariko twavuga ibi tutanavuze ko ibura ry\u2019ibiryo ryaje cyangwa riza riherekeje cyangwa riherekeje kuba imifuka y\u2019abaguzi iba imeze nk\u2019iyatewe n\u2019udutunzi! Wibaza niba abantu bashobora kubaho gute mu gihe ibicuruzwa nkenerwa ku isoko bikomeje kubura [ Food shortages ] aho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-28T16:54:26+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:33:19+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/kk.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni","datePublished":"2016-11-28T16:54:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:33:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665"},"wordCount":866,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/kk.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3665#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665","name":"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/kk.jpg","datePublished":"2016-11-28T16:54:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:33:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3665"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/kk.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/kk.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3665#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ikibazo cy\u2019amapfa ya hato na hato ku gihugu nk\u2019u Rwanda giteye isoni"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3665","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3665"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3665\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3665"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3665"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3665"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}