{"id":3670,"date":"2016-11-29T09:06:53","date_gmt":"2016-11-29T09:06:53","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/29\/umucamanza-herbaut-ngo-yaba-agiye-gufungura-agasanduku-gahishemo-uruhare-rw-u\/"},"modified":"2025-02-12T17:33:15","modified_gmt":"2025-02-12T15:33:15","slug":"umucamanza-herbaut-ngo-yaba-agiye-gufungura-agasanduku-gahishemo-uruhare-rw-u","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670","title":{"rendered":"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Guverinoma y\u2019u Rwanda iherutse gutangaza ko igiye gushyira ku karubanda abayobozi bo mu Bufaransa bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba ari nyuma y\u2019aho ubutabera bw\u2019u Bufaransa busubukuye gukurikirana dosiye y\u2019ihanurwa ry\u2019indege ya Habyarimana. Gusa, itangazamakuru ryo mu Bufaransa nk\u2019ikinyamakuru, Le Monde, risanga kuri iyi nshuro bishobora kugira ingaruka ku Bafaransa aho kuba ku Banyarwanda.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>\u201c <em>Gucira urubanza u Bufaransa rwo kugira uruhare muri jenoside mu Rwanda biteye isoni ni no kugoreka amateka<\/em> \u201d, iyi ni tweet y\u2019uwiyamamarizaga kuba umukuru w\u2019igihugu mu Bufaransa, Alain Juppe yafashwe nka tweet mu zindi ariko nta mikino yari irimo, gusa uyu mugabo hari ibintu agomba kuzirikana bituma ahora atungwa urutoki mu bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.<\/p>\n<p>Mu 1994 jenoside iba, Alain Juppe yari minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga muri guverinoma ya Francois Mitterand wayoboraga u Bufaransa, akaba yarakomeje kuvuga ko u Bufaransa ntaho buhuriye n\u2019iyo jenoside yatwaye ubuzima bw\u2019abantu basaga miliyoni mu minsi 100. U Bufaransa kandi ntibunatinya kuvuga ko ari cyo gihugu cy\u2019amahanga cyonyine cyatabaye binyuze muri Operation Turquoise yatangijwe mu mpera za Kamena.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-49077 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg\" alt=\"A French soldier watches Rwandan government army Hutu recruits train, on June 26, 1994 in Gisenye, 30 kms north of Zaire border with Rwanda. About 1,200 French troops, participating in the humanitarian operation Turquoise, were deployed on June 27 on the Zairean-Rwandan border.\" width=\"1024\" height=\"682\" \/><\/a><\/p>\n<p>Iyi operation benshi bavuga ko usibye no kuba yaraje itinze, ahubwo yanafashije abari bamaze gukora jenoside, bari bamaze gutakaza igihugu, guhunga.  Guhakana ibi nabyo bikaba bidakuraho ko ibyabaye bizahora bibakurikirana.<\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego abategetsi b\u2019u Rwanda baherutse gutangaza ko bateganya kongera kwibutsa neza abari ku buyobozi mu Bufaransa mu 1994.<\/p>\n<p> <strong>Ibaruwa yuzuye ubwuzu y\u2019amashimwe<\/strong> <\/p>\n<p>Alain Juppe ngo yibuka nta gushidikanya itariki ya 27 Mata 1994, ubwo yabaye minisitiri umwe rukumbi muri guverinoma z\u2019i Burayi wemeye kwakira abahagarariye Guverinoma y\u2019Abatabazi, bari barimo gukora muri ako kanya n\u2019ubundi ubwicanyi mu Rwanda.<\/p>\n<p>Umwe muri abo bashyitsi bakiriwe uwo munsi yari umwe mu bashinze  Radio Milles Collines izwiho kuba yarashishikarije Abahutu gutsemba Abatutsi icyo gihe bitwaga Inyenzi.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Alain Juppe siwe wenyine wiyambitse icyasha icyo gihe kuko na perezida Francois Mitterand bidateye kabiri hagati mu kwa gatanu (Gicurasi) yakiriye ibaruwa yuzuye amashimwe ya Theodore Sindikubwabo yo kumushimira kubyo yari yakomeje kubafasha kugeza icyo gihe.<\/p>\n<p>Mbere y\u2019aho gato, kuwa 09 Gicurasi 1994, General Jean-Pierre Huchon, wari ukuriye ubutwererane mu bya gisirikare hagati y\u20191993 kugeza mu 1995, yakiriye muri minisiteri y\u2019ubutwererane umusirikare mukuru mu ngabo z\u2019u Rwanda (Ex-FAR), Lt. Col. Cyprien Kayumba, baganira ku kuntu bagomba kuyobya amahanga nk\u2019uko uyu yaje kubyemeza muri raporo y\u2019ubutumwa yari yagiyemo.<\/p>\n<figure id=\"attachment_49072\" aria-describedby=\"caption-attachment-49072\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/1128769.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-49072 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/1128769.jpg\" alt=\"1128769\" width=\"640\" height=\"480\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-49072\" class=\"wp-caption-text\">Mitterand na Habyarimana bari inshuti z&#8217;akadasohoka<\/figcaption><\/figure>\n<p>Mu by\u2019ukuri, hari ingero nyinshi ry\u2019ihuriro ry\u2019aba bagizi ba nabi ryatangiye muri za 90 ubwo u Bufaransa bwatangiraga gukorera byeruye mu Rwanda nabwo bukagendera ku ngengabitekerezo y\u2019amoko yari ifitwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019icyo gihe.<\/p>\n<p>Bitewe no guhangayikishwa n\u2019umutwe w\u2019inyeshyamba za FPR wari watangiye kurwanya ubutegetsi, u Bufaransa bwarahagurutse ku mugaragaro bujya gufasha inshuti zabwo ku rugamba ariko biba iby\u2019ubusa FPR itsinda intambara ifata ubutegetsi.<\/p>\n<p>Mu minsi ishize, minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko u Rwanda ruteganya gushyira ahagaragara urutonde rw\u2019abayobozi bakuru muri politiki no mu gisirikare bagize uruhare muri jenoside. Si ubwa mbere abategetsi b\u2019u Rwanda bashinja abasirikare bakuru b\u2019Abafaransa kuba barakoranaga n\u2019abakoze jenoside, ariko kuri iyi nshuro ubutabera bw\u2019u Bufaransa nibwo bugiye gutuma byinshi mu bitarashyirwa ahagaragara noneho byihutishwa.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Ubu butabera bw\u2019u Bufaransa buherutse gutangaza ko bugiye gusubukura dosiye y\u2019ihanurwa ry\u2019indege y\u2019uwari perezida w\u2019u Rwanda, Juvenal Habyarimana.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019uko iyi ndege ihanuwe kuwa 06 Mata 1994, Abatutsi n\u2019Abahutu batavugaga rumwe n\u2019ubutegetsi bahuye n\u2019akaga katazibagirana, Abatutsi bahita bashinjwa kuba ari bo bishe Habyarimana. Hakaba harabaye ikiswe mu Gifaransa nka Incendie du Reichstag nk\u2019uko byemejwe n\u2019inzego z\u2019ubutasi z\u2019u Bufaransa ku ikubitiro mu 1994, zakekaga ko intagondwa z\u2019Abahutu zishe umukuru wazo mbere y\u2019uko yemera kugabana ubutegetsi.<\/p>\n<figure id=\"attachment_49076\" aria-describedby=\"caption-attachment-49076\" style=\"width: 715px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/interaha.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-49076 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/interaha.jpg\" alt=\"interaha\" width=\"715\" height=\"472\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-49076\" class=\"wp-caption-text\">Ibimenyetso by&#8217;uruhare rw&#8217;Abafaransa mu byabaye mu Rwanda ntaho utabisanga. Aha batozaga Interahamwe<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ariko mu buryo buteye amatsiko, ubutabera bw\u2019u Bufaransa mu 1998 bwagize gutya buha umucamanza wakurikiranaga ibyaha by\u2019iterabwoba, Jean-Louis Brugui\u00e8re, ububasha bwo gukurikirana dosiye y\u2019ihanurwa ry\u2019indege ya Habyarimana yarimo n\u2019abapilote 3 b\u2019Abafaransa.<\/p>\n<p>Louis Brugui\u00e8re yahise afata icyerekezo gitandukanye n\u2019ibyatangajwe na za nzego z\u2019ubutasi z\u2019u Bufaransa, atiriwe agera no mu Rwanda aho indege yaguye n\u2019ibisigazwa byayo bikaba bigihari, nyuma y\u2019imyaka 8 asohora urutonde rw\u2019abayobozi bakuru 9 mu Rwanda bari mu buyobozi bwa FPR ngo bagize uruhare mu guhanura indege ya Habyarimana. Abahagaritse jenoside bashinjwa kuba ari bo batumye miliyoni y\u2019abantu bicwa.<\/p>\n<p>Mu by\u2019ukuri nk\u2019uko tubikesha Le Monde,  Brugui\u00e8re ngo yaje asa nk\u2019uje gutera ubwoba ariko abikorana ubuswa nk\u2019umuntu utarize amategeko muri kaminuza. Ashinjwa kuba yarateze amatwi gusa abantu bahoze muri FPR, birukanwe cyangwa bavuyemo ku mpamvu zitandukanye, nabo bavuguruzanyaga mu buhamya bwabo.<\/p>\n<p>Anashinjwa kandi kuba mu kumva aba batangabuhamya yarifashishije umusemuzi wahoze mu nzego z\u2019ubutasi za Habyarimana, ndetse akaba yarafashijwe na Paul Barril ndetse kuri ubu ukurikiranwe n\u2019urukiko rwa Paris harebwa uruhare rwe mu gufatanya n\u2019abakoze jenoside.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Nyuma ya Brugui\u00e8re, haje umusimbura, Marc Tr\u00e9vidic, ndetse uyu yaje no mu Rwanda akora iperereza rishingiye ku bisasu byarashwe indege, aho yaguye n\u2019ibindi, yanzura ko ibi bisasu byaturutse mu kigo cya gisirikare cya Kanombe, aho FPR bitari kuyorohera kugera icyo gihe. Icyari gisigaye kikaba ari ugukuraho impapuro zo guta muri yombi ba bantu 9 bari abayobozi muri FPR bashinjwaga na Brugui\u00e8re nubwo nyuma y\u2019igihe gito hari abakigaragaza ko bataranyurwa.<\/p>\n<p>Ubu noneho haje undi mucamanza witwa Jean-Marc Herbaut wasimbuye Tr\u00e9vidic kuri iyi dosiye, uyu ngo akaba ashaka gutega amatwi Kayumba Nyamwasa, wahoze ari umukuru w\u2019inzego z\u2019iperereza z\u2019u Rwanda kuri ubu akaba ari mu buhungiro muri Afurika y\u2019Epfo.<\/p>\n<figure id=\"attachment_49074\" aria-describedby=\"caption-attachment-49074\" style=\"width: 601px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/scan0002.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-49074\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/scan0002.jpg\" alt=\"scan0002\" width=\"601\" height=\"644\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-49074\" class=\"wp-caption-text\">Umusirikare w&#8217;u Bufaransa n&#8217;uw&#8217;Umunyarwanda ku rugamba muri za 90<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ese uyu mutangabuhamya arashaka kuvuga iki yahereye mu 2010 avuga ko yenda kuvuga ariko ntakivuge. Nk\u2019uko ubuhamya bwa mbere yatangiye mu biro bya noteri muri Afurika y\u2019Epfo buvuga, Kayumba ngo yamenye mu ijoro indege yarasiwemo ko byagizwemo uruhare n\u2019abayobozi batatu ba FPR, barimo perezida Kagame abibwiwe n\u2019umuntu yizera. Ibyo gusa.<\/p>\n<p>Le Monde ivuga ko hagiye kongera kubaho guterana amagambo kutazageza ku kuri nyako, ndetse hakaba hibazwa icyo Afurika y\u2019Epfo, iteganya kuva mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, izafasha u Bufaransa bwasabye kuvugana na Kayumba kuva mu 2012 bwangirwa.<\/p>\n<p>Ikindi nuko mu kwemererwa kuvugana n\u2019uyu mutangabuhamya, bivugwa ko afite umwunganira mu mategeko ununganira uwari umugaba w\u2019ingabo wa Mitterand mu 1994, umucamnaza Herbaut ashobora no gufungura agasunduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda.<\/p>\n<p> <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em> <\/p>\n<p> <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Guverinoma y\u2019u Rwanda iherutse gutangaza ko igiye gushyira ku karubanda abayobozi bo mu Bufaransa bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba ari nyuma y\u2019aho ubutabera bw\u2019u Bufaransa busubukuye gukurikirana dosiye y\u2019ihanurwa ry\u2019indege ya Habyarimana. Gusa, itangazamakuru ryo mu Bufaransa nk\u2019ikinyamakuru, Le Monde, risanga kuri iyi nshuro bishobora kugira ingaruka ku Bafaransa aho kuba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3670","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Guverinoma y\u2019u Rwanda iherutse gutangaza ko igiye gushyira ku karubanda abayobozi bo mu Bufaransa bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba ari nyuma y\u2019aho ubutabera bw\u2019u Bufaransa busubukuye gukurikirana dosiye y\u2019ihanurwa ry\u2019indege ya Habyarimana. Gusa, itangazamakuru ryo mu Bufaransa nk\u2019ikinyamakuru, Le Monde, risanga kuri iyi nshuro bishobora kugira ingaruka ku Bafaransa aho kuba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-29T09:06:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:33:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2016-11-29T09:06:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:33:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670\"},\"wordCount\":1130,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670\",\"name\":\"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-29T09:06:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:33:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3670#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda - BWIZA","og_description":"Guverinoma y\u2019u Rwanda iherutse gutangaza ko igiye gushyira ku karubanda abayobozi bo mu Bufaransa bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba ari nyuma y\u2019aho ubutabera bw\u2019u Bufaransa busubukuye gukurikirana dosiye y\u2019ihanurwa ry\u2019indege ya Habyarimana. Gusa, itangazamakuru ryo mu Bufaransa nk\u2019ikinyamakuru, Le Monde, risanga kuri iyi nshuro bishobora kugira ingaruka ku Bafaransa aho kuba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-29T09:06:53+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:33:15+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda","datePublished":"2016-11-29T09:06:53+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:33:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670"},"wordCount":1130,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3670#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670","name":"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg","datePublished":"2016-11-29T09:06:53+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:33:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3670"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/XVM3ef470e6-de06-11e4-b472-c81157daf60e-1024x682.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3670#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3670","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3670"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3670\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3670"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3670"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3670"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}