{"id":36724,"date":"2021-06-02T06:30:00","date_gmt":"2021-06-02T06:30:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/06\/02\/rdc-abo-muri-kivu-y-amajyepfo-basabye-perezida-kagame-kubasaba-imbabazi\/"},"modified":"2021-06-02T06:30:00","modified_gmt":"2021-06-02T06:30:00","slug":"rdc-abo-muri-kivu-y-amajyepfo-basabye-perezida-kagame-kubasaba-imbabazi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724","title":{"rendered":"RDC: Abo muri Kivu y&#8217;Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Sosiyete sivile yo mu ntara ya Kivu y&#8217;Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Perezida Paul Kagame gusaba imbabazi nyuma y&#8217;amagambo ataravuzweho rumwe yatangaje ku bwicanyi bivugwa ko bwakorewe mu burasirazuba bwa RDC.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Ni amagambo Umukuru w&#8217;Igihugu yatangaje mu kwezi gushize, ubwo yagiranaga ikiganiro cyihariye n&#8217;ibitangazamakuru bya RFI na France 24 cyabereye i Paris mu Bufaransa, aho yari yagiriye uruzinduko.<\/p>\n<p>Perezida Kagame icyo gihe yasabwe n&#8217;umunyamakuru Alexandra Brangeon kugira icyo avuga ku magambo ya Dennis Mukwege, wari herutse gusaba u Bufaransa kugira uruhare mu kugeza imbere y\u2019ubutabera abagize uruhare mu byaha byabereye mu Burasirazuba bwa RDC.<\/p>\n<p>Brangeon yabajije Perezida Kagame &#8220;Niba yakwemera ko abasirikare b\u2019u Rwanda baburanishwa ku byaha byabereye muri Congo nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi&#8221;, bijyanye n&#8217;uko bari mu b&#8217;ibihugu icyenda bishinjwa kubigiramo uruhare.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko Mapping Report ishinja ingabo za RDF gukora ibyaha muri RDC, yakunze kuba igikoresho cya Politiki cy\u2019abantu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n\u2019abandi bo mu Karere barimo na Denis Mukwege.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko Mukwege yitwaje igihembo cy&#8217;amahoro cyitiriwe Nobel yahaww, akaba igikoresho cy\u2019abamubwira icyo agomba kuvuga.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Hari ibintu byakabirijwe, birazanwa, ndatekereza ko Mukwege yagizwe igikoresho cy\u2019abo bantu tutabona, yahawe igihembo cya Nobel kugira ngo abwirwe ibyo avuga bizagira ingaruka ku bitekerezo by\u2019abantu.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko hari n\u2019izindi raporo zivuga ibitandukanye na Mapping Report ko nta byaha byabaye mu Burasirazuba bwa Congo, yungamo ko abaha agaciro ibikubiye muri iriya raporo ari abafite &#8220;Imyumvire ya Jenoside ebyiri iba igarukwaho.&#8221;<\/p>\n<p>Ni amagambo atarishimiwe na bamwe mu banye-Congo, kugeza ubwo bategura imyigaragambyo yamaze amasaha arenga abiri, yabereye i Bukavu muri Kivu y&#8217;Amajyepfo ku munsi w&#8217;ejo ku wa Kabiri.<\/p>\n<p>Abigaragambya bari bitwaje ibyapa byiganjeho amagambo avuga ko &#8220;Ibyaha byakorewe muri RDC ntibigomba kudahanwa.&#8221;<\/p>\n<p>Umwe mu bitabiriye iriya myigaragambyo waganiriye na RFI, yagarutse ku be biciwe mu Burasirazuba bwa RDC, asaba ko bahabwa ubutabera.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Natakaje umuvandimwe wanjye n&#8217;umugore we, natakaje mushiki wanjye muto, umugabo we n&#8217;umwana wabo, natakaje data wacu na babyara banjye babiri kandi bose bashyinguwe mu mva rusange Namushwaga mu Kaziba. Umuryango mpuzamahanga wakinjiye muri iki kibazo ugahana abakoze ibyaha.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida wa Sosiyete Sivile mu ntara ya Kivu y&#8217;Amajyepfo, Adrien Zawadi mu butumwa yasangije bagenzi be, yasabye ko RDC yashyiririrwaho na Loni Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ruburanisha &#8220;Perezida w&#8217;u Rwanda, Umugaba Mukuru w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda na bamwe mu bashinjwa ibyaha bikomeye muri RDC, bagasaba imbabazi abaturage ba Congo no kwitegura kwitaba ubutabera.&#8221;<\/p>\n<p>Abakongomani bibukije igihugu cy&#8217;u Bufaransa basaba ubufasha bwo kugeza mu butabera abo bashinja guhekura igihugu cyabo, ko ibyaha byakorewe muri RDC atari amasezerano y&#8217;ibya dipolomasi yo gusana ibyo bwangije mu Rwanda kugeza muri Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Aba kandi basabye Perezida Kagame kureka ibyo bise &#8216;gutoteza Dr Denis&#8217; Mukwege, basaba ibihugu bituranye na Congo kubatera ingabo mu bitugu mu rwego rwo gushyigikira icyifuzo cyabo.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/n5cfem6sjPk\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/WrxzW-BF6FU\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/nWBjdC6cphM\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/xUPoS-lJM9A\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/3G6uIpqhNVk\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Sosiyete sivile yo mu ntara ya Kivu y&#8217;Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Perezida Paul Kagame gusaba imbabazi nyuma y&#8217;amagambo ataravuzweho rumwe yatangaje ku bwicanyi bivugwa ko bwakorewe mu burasirazuba bwa RDC. Ni amagambo Umukuru w&#8217;Igihugu yatangaje mu kwezi gushize, ubwo yagiranaga ikiganiro cyihariye n&#8217;ibitangazamakuru bya RFI na France 24 cyabereye i Paris [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-36724","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>RDC: Abo muri Kivu y&#039;Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RDC: Abo muri Kivu y&#039;Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Sosiyete sivile yo mu ntara ya Kivu y&#8217;Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Perezida Paul Kagame gusaba imbabazi nyuma y&#8217;amagambo ataravuzweho rumwe yatangaje ku bwicanyi bivugwa ko bwakorewe mu burasirazuba bwa RDC. Ni amagambo Umukuru w&#8217;Igihugu yatangaje mu kwezi gushize, ubwo yagiranaga ikiganiro cyihariye n&#8217;ibitangazamakuru bya RFI na France 24 cyabereye i Paris [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-06-02T06:30:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36724#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36724\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"RDC: Abo muri Kivu y&#8217;Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi\",\"datePublished\":\"2021-06-02T06:30:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36724\"},\"wordCount\":500,\"commentCount\":8,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36724#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36724\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36724\",\"name\":\"RDC: Abo muri Kivu y'Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-06-02T06:30:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36724#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36724\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36724#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RDC: Abo muri Kivu y&#8217;Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RDC: Abo muri Kivu y'Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RDC: Abo muri Kivu y'Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi - BWIZA","og_description":"Sosiyete sivile yo mu ntara ya Kivu y&#8217;Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Perezida Paul Kagame gusaba imbabazi nyuma y&#8217;amagambo ataravuzweho rumwe yatangaje ku bwicanyi bivugwa ko bwakorewe mu burasirazuba bwa RDC. Ni amagambo Umukuru w&#8217;Igihugu yatangaje mu kwezi gushize, ubwo yagiranaga ikiganiro cyihariye n&#8217;ibitangazamakuru bya RFI na France 24 cyabereye i Paris [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-06-02T06:30:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"RDC: Abo muri Kivu y&#8217;Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi","datePublished":"2021-06-02T06:30:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724"},"wordCount":500,"commentCount":8,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36724#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724","name":"RDC: Abo muri Kivu y'Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-06-02T06:30:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36724"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36724#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RDC: Abo muri Kivu y&#8217;Amajyepfo basabye Perezida Kagame kubasaba imbabazi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36724","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=36724"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36724\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=36724"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=36724"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=36724"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}