{"id":36889,"date":"2021-06-05T07:54:54","date_gmt":"2021-06-05T07:54:54","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/06\/05\/ab-i-nyabihu-basabwe-gusimbuza-imbabura-z-amazi-izifashisha-amakara\/"},"modified":"2021-06-05T07:54:54","modified_gmt":"2021-06-05T07:54:54","slug":"ab-i-nyabihu-basabwe-gusimbuza-imbabura-z-amazi-izifashisha-amakara","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889","title":{"rendered":"Ab&#8217;i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z&#8217;amazi izifashisha amakara"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Abatuye mu mu karere ka Nyabihu cyane abegereye ishyamba rya Gishwati, basabwe gukoresha imbabura zikoresha amazi mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije n&#8217;urusobe rw\u2019ibinyabuzima.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Mu kigo cy\u2019Amashuri cya Bigogwe TVET School, habereye umuhango wo kumurika Imbabura zidakoresha amakara, ku buryo zaba igisubizo ku kurengera ibidukikije birimo amashyamba.<\/p>\n<p>Nzabandora Pierre impuguke mu buhinzi n&#8217;ubworozi avuga ko kudakoresha inkwi byatuma habaho gusigasira ubuzima kuko bikomeje nkuko biri ubu n\u2019abantu bashira.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Izi mbabura zikoresha amazi yabugenewe akoze mu mavuta na peterori kandi ntabwo yangiza ikirere kuko nta myotsi zitera, zikoreshejwe byatuma tubasha gusigasira amashyamba bityo ubuzima bugakomeza, ariko dukomeje gucana ibiti nkuko tubibona ubu ubushakashatsi bwagaragaje ko n\u2019ubuzima bushobora guhagarara burundu ku binyabuzima birimo abantu&#8221;.<\/p>\n<p>Nzabandora akomeza akangurira n\u2019abahinzi kwirinda gukoresha ifumbire mvaruganda nyinshi kuko byangiriza ubutaka, ndetse bigatuma igihingwa kituzuza intungamubiri zose cyagatanze ndetse ugasanga abantu barya ibinyabutabire nabyo bishobora kwangiza ubuzima.<\/p>\n<p>Hyacinthe Micomyiza wiga mu mwaka wa 6 mu ishami ry\u2019Amashyamba avuga ko izi mbabura zizafasha mu kurengera ibiti bigakura neza yizeza kuzafasha abahinzi mugihe azaba atashye.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Izi mbabura twaziganirijweho dusanga amakara yari amaze igihe akoreshwa atazaba agikoreshwa, kuko ibiti bitazatemwa maze n\u2019Ikirere kikabasha gukurura umwuka. Ibi bizadufasha cyane kuko n\u2019igihe tuzaba tugiye hanze tuzahagera tubihangemo imirimo kuko bitaramenyekana.&#8221;<\/p>\n<p>Gasana Augustin umuturage utuye mu murenge wa Bigogwe avuga ko amazi aturuka mu misozi yabasenyeye bakabasha kwimuka yemeza ko habaye kubungabunga ibiti byatuma batuza.<\/p>\n<p>Gasana avuga ko &#8220;muri 2017 amazi yaturukaga mu misozi yaradusenyeye, maze bahaca amaterasi ndinganire bagateramo ibiti bivangwa n\u2019Imyaka, amazi yaragabanyutse yavaga ku musozi, aho twari dutuye dusigaye tuhahinga Ibirayi n\u2019amatunda, ndetse nta n\u2019imyuzure tugihura nayo. Nubu twateye ibindi biti izi mbabura rero zibonetse kubwinshi byaduha ikizere ko tutazongera guhura n\u2019ibiza.&#8221;<\/p>\n<p>Gahutu Tebuka Jean Paul Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Bigogwe nyuma yo gutangiza iki gikorwa, yasabye abanyeshuri n\u2019abaturage kumenya agaciro k\u2019ibiti bakabibungabunga kuko aribo bifitiye akamaro.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Turimo gutera ibiti 3956 mu kubungabunga inkengero z\u2019icyanya cya Gishwati muri 2012 habaye isanganya iriya misozi yari ituwe n\u2019abaturage icyo giheumurenge wa Bigogwe wari wugarijwe n\u2019ibiza imitungo irangirikahazamo n\u2019impfu turasaba abaturage kumenya agaciro k\u2019ibiti birwanya amasurinni kunyungu zabo bagomba kubifata neza.&#8221;<\/p>\n<p>Mu Karere ka Nyabihu kuwa 7\/05\/2020\u00a0 habaye  Ibiza byatewe n\u2019imvura yaguye igatwara ubuzima bw\u2019abantu 11, abahitanywe na byo bakaba abari batuye mu Murenge wa Shyira ahabaruwe abantu barindwi, no mu Murenge wa Rurembo ahabaruwe bane.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/mMIm4UCKSk0\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/NzNaoFuyhpk\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/vRokJIBG70I\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/teje7MIudOQ\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/tzHHhfFvb50\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abatuye mu mu karere ka Nyabihu cyane abegereye ishyamba rya Gishwati, basabwe gukoresha imbabura zikoresha amazi mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije n&#8217;urusobe rw\u2019ibinyabuzima. Mu kigo cy\u2019Amashuri cya Bigogwe TVET School, habereye umuhango wo kumurika Imbabura zidakoresha amakara, ku buryo zaba igisubizo ku kurengera ibidukikije birimo amashyamba. Nzabandora Pierre impuguke mu buhinzi n&#8217;ubworozi avuga ko kudakoresha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-36889","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ab&#039;i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z&#039;amazi izifashisha amakara - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ab&#039;i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z&#039;amazi izifashisha amakara - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abatuye mu mu karere ka Nyabihu cyane abegereye ishyamba rya Gishwati, basabwe gukoresha imbabura zikoresha amazi mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije n&#8217;urusobe rw\u2019ibinyabuzima. Mu kigo cy\u2019Amashuri cya Bigogwe TVET School, habereye umuhango wo kumurika Imbabura zidakoresha amakara, ku buryo zaba igisubizo ku kurengera ibidukikije birimo amashyamba. Nzabandora Pierre impuguke mu buhinzi n&#8217;ubworozi avuga ko kudakoresha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-06-05T07:54:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36889#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36889\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ab&#8217;i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z&#8217;amazi izifashisha amakara\",\"datePublished\":\"2021-06-05T07:54:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36889\"},\"wordCount\":411,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36889#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36889\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36889\",\"name\":\"Ab'i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z'amazi izifashisha amakara - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-06-05T07:54:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36889#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36889\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36889#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ab&#8217;i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z&#8217;amazi izifashisha amakara\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ab'i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z'amazi izifashisha amakara - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ab'i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z'amazi izifashisha amakara - BWIZA","og_description":"Abatuye mu mu karere ka Nyabihu cyane abegereye ishyamba rya Gishwati, basabwe gukoresha imbabura zikoresha amazi mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije n&#8217;urusobe rw\u2019ibinyabuzima. Mu kigo cy\u2019Amashuri cya Bigogwe TVET School, habereye umuhango wo kumurika Imbabura zidakoresha amakara, ku buryo zaba igisubizo ku kurengera ibidukikije birimo amashyamba. Nzabandora Pierre impuguke mu buhinzi n&#8217;ubworozi avuga ko kudakoresha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-06-05T07:54:54+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ab&#8217;i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z&#8217;amazi izifashisha amakara","datePublished":"2021-06-05T07:54:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889"},"wordCount":411,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36889#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889","name":"Ab'i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z'amazi izifashisha amakara - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-06-05T07:54:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36889"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36889#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ab&#8217;i Nyabihu basabwe gusimbuza imbabura z&#8217;amazi izifashisha amakara"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36889","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=36889"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36889\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=36889"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=36889"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=36889"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}