{"id":36899,"date":"2021-06-05T14:47:39","date_gmt":"2021-06-05T14:47:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/06\/05\/u-rwanda-rwasabye-afurika-y-epfo-ko-bafatanya-gukemura-amakimbirane-ari-muri\/"},"modified":"2021-06-05T14:47:39","modified_gmt":"2021-06-05T14:47:39","slug":"u-rwanda-rwasabye-afurika-y-epfo-ko-bafatanya-gukemura-amakimbirane-ari-muri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899","title":{"rendered":"U Rwanda rwasabye Afurika y&#8217;Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;amahanga, Dr Vincent Biruta, yifuje ko u Rwanda rwakorana na Afurika y&#8217;Epfo mu gushakira igisubizo amakimbirane yugarije umugabane wa Afurika, by&#8217;umwihariko ibihugu bya Mozambique na Centrafrique.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Ni nyuma y&#8217;uruzinduko rw&#8217;akazi Minisitiri Biruta aheruka kugirira mu gihugu cya Afurika y&#8217;Epfo, aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we wo muri kiriya gihugu, Dr Naledi Pandor.<\/p>\n<p>Ibiganiro bya ba Minisitiri bombi byanitabiriwe n&#8217;abakuriye ubutasi mu bihugu byombi, ndetse na ba Ambasaderi b&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo.<\/p>\n<p>Minisitiri Biruta nk&#8217;uko News 24 yabitangaje, yabwiye mugenzi we wa Afurika y&#8217;Epfo ko umugabane wa Afurika wugarijwe n&#8217;ibibazo byinshi, gusa ko ibihugu byombi byafatanya mu kubikemura.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Dufite ibibazo byinshi ku mugabane, kandi ndatekereza ko Afurika y&#8217;Epfo n&#8217;u Rwanda byafatanya kubikemura.&#8221;<\/p>\n<p>Minisitiri Biruta yakomeje avuga ko gukemura ibyo bibazo &#8220;bizasaba umurava n\u2019umubano utajenjetse&#8221; ndetse n &#8216;&#8221;umubano ushobora kudufasha guhangana n\u2019ikibazo icyo ari cyo cyose, uko cyaba kimeze kose.&#8221;<\/p>\n<p>Igihugu cya Repububulika ya Centrafrique cyakunze kurangwamo umutekamo muke, kubera ibitero by&#8217;inyeshyamba zishyigikiye Fran\u00e7ois Boziz\u00e9 wahoze ari Perezida wacyo byakunze kwibasira ibice bitandukanye n&#8217;umurwa Mukuru, Bangui, hagamijwe guhirika ubutegetsi bwa Perezida Faustin-Archange Touad\u00e9ra.<\/p>\n<p>Cyakora cyo Centrafrique yabaye nk&#8217;igira agahenge nyuma y&#8217;uko mu mwaka ushize u Rwanda rwoherejeyo umutwe w&#8217;ingabo zidasanzwe zo kunganira iziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, MINUSCA.<\/p>\n<p>Igice cy&#8217;Amajyaruguru ya Mozambique ku rundi ruhande na cyo kimaze imyaka hafi ine cyugarijwe n&#8217;ibibazo by&#8217;umutekano muke, kubera ibitero abajihadiste bakunze kugaba mu ntara ya Cabo Delgado, ku buryo ababarirwa mu 2,800 bishwe abandi babarirwa mu bihumbi bava mu byabo.<\/p>\n<p>Hari amakuru avuga ko Leta ya Mozambique yifuje umusada w&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda (RDF) mu kwigobotora ibitero by&#8217;intagondwa za Islamic State, gusa icyo cyifuzo giterwa utwatsi n&#8217;ibihugu byo mu muryango wa SADC uhuriwemo n&#8217;ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika.<\/p>\n<p>Mozambique yifuje umusada wa RDF nyuma y&#8217;uruzinduko Perezida wayo, Filipe Nyusi, yagiriye mu Rwanda muri Gicurasi uyu mwaka akagirana ibiganiro bitandukanye na Perezida Paul Kagame.<\/p>\n<p>Ku wa Kane w\u2019icyumweru gishize muri Mozambique ni bwo habereye inama ya Troika yarimo abaperezida b&#8217;ibihugu bya SADC na Perezida Nyusi, banga ko u Rwanda rwakwitabira iyo nama yagarukaga ku myiteguro yo kujyana ingabo muri Mozambique.<\/p>\n<p>Bivugwa ko mbere gato y&#8217;uko iriya nama iba, Perezida Nyusi yari yatanze igitekerezo ko u Rwanda rwayitabira, gusa bagenzi be babitera utwatsi.<\/p>\n<p>Perezida wa Malawi, Dr Lazarus Chakwera, Mokgweetsi Eric Keabetswe Masisi wa Botswana, Cyril Ramaphosa wa Afurika y&#8217;Epfo, Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe na Hussein Ali Mwinyi wa Zanzibar ngo basanze kuba ingabo z&#8217;u Rwanda zajya muri Mozambique byaba atari igitekerezo cyiza.<\/p>\n<p>Ngo aba babwiye Nyusi ko niba u Rwanda rushaka gufasha Mozambique kugarura umutekano, rwanyura mu buryo buteganywa na SADC busanzwe buhari.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga wa Afurika y\u2019Epfo, Naledi Pandor, yari aherutse kubwira News 24 ko &#8220;SADC niyo igomba kuyobora iki kibazo. Hari ibihugu bimwe byagiranye amasezerano na Mozambique ariko igitekerezo cyacu ni uko SADC ari iza mbere kuri iyi ngingo.&#8221;<\/p>\n<p>Ntiharamenyekana niba Afurika y&#8217;Epfo izemerera u Rwanda gufatanya na SADC kugarura amahoro muri Mozambique, na rwo rukahohereza ingabo ziyongera ku 1,500 uriya muryango uteganya koherezayo.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/mMIm4UCKSk0\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/NzNaoFuyhpk\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/vRokJIBG70I\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/teje7MIudOQ\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/tzHHhfFvb50\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;amahanga, Dr Vincent Biruta, yifuje ko u Rwanda rwakorana na Afurika y&#8217;Epfo mu gushakira igisubizo amakimbirane yugarije umugabane wa Afurika, by&#8217;umwihariko ibihugu bya Mozambique na Centrafrique. Ni nyuma y&#8217;uruzinduko rw&#8217;akazi Minisitiri Biruta aheruka kugirira mu gihugu cya Afurika y&#8217;Epfo, aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we wo muri kiriya gihugu, Dr Naledi Pandor. Ibiganiro [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-36899","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwasabye Afurika y&#039;Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwasabye Afurika y&#039;Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;amahanga, Dr Vincent Biruta, yifuje ko u Rwanda rwakorana na Afurika y&#8217;Epfo mu gushakira igisubizo amakimbirane yugarije umugabane wa Afurika, by&#8217;umwihariko ibihugu bya Mozambique na Centrafrique. Ni nyuma y&#8217;uruzinduko rw&#8217;akazi Minisitiri Biruta aheruka kugirira mu gihugu cya Afurika y&#8217;Epfo, aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we wo muri kiriya gihugu, Dr Naledi Pandor. Ibiganiro [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-06-05T14:47:39+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36899#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36899\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"U Rwanda rwasabye Afurika y&#8217;Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique\",\"datePublished\":\"2021-06-05T14:47:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36899\"},\"wordCount\":546,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36899#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36899\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36899\",\"name\":\"U Rwanda rwasabye Afurika y'Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-06-05T14:47:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36899#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36899\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=36899#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwasabye Afurika y&#8217;Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwasabye Afurika y'Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwasabye Afurika y'Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique - BWIZA","og_description":"Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;amahanga, Dr Vincent Biruta, yifuje ko u Rwanda rwakorana na Afurika y&#8217;Epfo mu gushakira igisubizo amakimbirane yugarije umugabane wa Afurika, by&#8217;umwihariko ibihugu bya Mozambique na Centrafrique. Ni nyuma y&#8217;uruzinduko rw&#8217;akazi Minisitiri Biruta aheruka kugirira mu gihugu cya Afurika y&#8217;Epfo, aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we wo muri kiriya gihugu, Dr Naledi Pandor. Ibiganiro [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-06-05T14:47:39+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"U Rwanda rwasabye Afurika y&#8217;Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique","datePublished":"2021-06-05T14:47:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899"},"wordCount":546,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36899#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899","name":"U Rwanda rwasabye Afurika y'Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-06-05T14:47:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=36899"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=36899#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwasabye Afurika y&#8217;Epfo ko bafatanya gukemura amakimbirane ari muri Mozambique"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36899","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=36899"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/36899\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=36899"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=36899"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=36899"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}