{"id":3694,"date":"2016-11-30T11:45:31","date_gmt":"2016-11-30T11:45:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/30\/menya-ibishya-bigaragara-mu-itegeko-rigenga-imicungire-y-umutungo-w\/"},"modified":"2025-02-12T17:33:01","modified_gmt":"2025-02-12T15:33:01","slug":"menya-ibishya-bigaragara-mu-itegeko-rigenga-imicungire-y-umutungo-w","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694","title":{"rendered":"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe"},"content":{"rendered":"<p>Itegeko n\u00ba 27\/2016 ryo ku wa 08\/07\/2016 rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe, impano n\u2019izungura ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulila y\u2019u Rwanda n\u00b0 31 yasohotse ku wa 01\/08\/2016 ni Itegeko rishya ryaje risimbura Itegeko n\u00b0 22\/99 ryo ku wa 12\/11\/1999 ryuzuza igitabo cya mbere cy\u2019urwunge rw\u2019amategeko mbonezamubano kandi rishyiraho igice cya gatanu cyerekeye imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe, impano n\u2019izungura.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Itegeko n\u00b0 22\/99 ryo ku wa 12\/11\/1999 ryuzuza igitabo cya mbere cy\u2019urwunge rw\u2019amategeko mbonezamubano kandi rishyiraho igice cya gatanu cyerekeye imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe, impano n\u2019izungura, uretse kuba hari ibibazo bimwe na bimwe  ritari ryaragaragaje uburyo byakemuka, ntiryari rikijyanye n\u2019igihe ukurikije uko umuryango Nyarwanda ugenda utera imbere cyane cyane mu byerekeranye n\u2019uburenganzira bwa Muntu, by\u2019umwihariko uburenganzira bw\u2019igitsina Gore;<\/p>\n<p>Iri Tegeko rishya rigereranyijwe n\u2019iryari risanzwe, bigaragara ko ryasobanuye mu buryo burambuye kandi bwumvikana ibyerekeye imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe, impano n\u2019izungura, ndetse hagaragaramo ingingo nshya zitari zarateganyijwe mu Itegeko ryavanyweho.<\/p>\n<p> <strong>Impamvu z\u2019ingenzi zatumye iri tegeko rijyaho<\/strong> <\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\">\n<li>Guhuza itegeko rishya n\u2019Itegeko Nshinga nk\u2019uko ryavuguruwe kugeza ubu cyane cyane mu mahame yaryo arebana no kwegereza ubuyobozi abaturage (mu gihe nta muzungura uhari, umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge akaba ari we uzajya atanganza umurage utagira nyirawo (desh\u00e9rance) aho kuba Burugumesitiri);<\/li>\n<li>Ibi bikajyana  no kuvana inyito zishaje mu itegeko (burugumesitiri, komini, urukiko rwa mbere rw\u2019iremezo,&#8230;.), hagakoreshwa inyito nshya ziberanye n\u2019ivugurwa ry\u2019ubutegetsi bwa Leta (Umunyabanga Nshingwabikorwa);<\/li>\n<li> Kubahiriza amahame y\u2019uburinganire hagati y\u2019umugabo n\u2019umugore.<\/li>\n<\/ol>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p> Bimwe mu by\u2019ingenzi bishya bigaragara muri iri tegeko nibi bikurikira:<\/p>\n<p> <strong>Ku byerekeranye n\u2018imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe<\/strong> <\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\">\n<li>Urupfu rw\u2019umwe mu bashyingirwanywe rwongewe mu mpamvu zikuraho uburyo bw\u2019imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe (ingingo ya 25). Ibi bizafasha mu gutandukanya uburenganzira bwo kuzungura uwapfakaye afite n\u2019uburenganzira akomora ku buryo bw\u2019imicungire y\u2019umutungo yahisemo.Ugutandukana by\u2019agateganyo \u2014s\u00e9paration de corps \u2014 byavanywe muri izo mpamvu kuko iyo abantu batandukanye by\u2019agateganyo baba bashobora kwongera kubana ku buryo butagoranye.<\/li>\n<li>Umutungo wose wanditse kuri umwe mu bashyingiranywe ubarirwa mu mutungo w\u2019abashyingiranywe mu buryo bw\u2019ivangamutungo rusange (Ingingo ya 6).<\/li>\n<\/ol>\n<p> <strong>Kubyerekeranye n\u2018impano<\/strong> <\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\">\n<li>Hongewemo ko impano Impano itanzwe mu rwego rw\u2019umuryango ishobora gutangwa hagati y\u2019abashyingiranywe ubwabo cyangwa hagati y\u2019abashyingiranywe n\u2019undi muntu cyangwa igatangwa hagati y\u2019ababyeyi n\u2019abana babo kuri bimwe mu bigize umutungo wabo. Iyo ababyeyi baha umwana wabo impano, babikora hadashingiwe ku ivangura hagati y\u2019abana b\u2019abakobwa n\u2019abahungu.<\/li>\n<li>Impano itanzwe mu rwego rw\u2019umuryango ishobora gukorerwa inyandiko mpamo cyangwa inyandiko bwite cyangwa igashyikirizwa gusa nyirayo.<\/li>\n<\/ol>\n<p> <strong>Kubyerekeranye n\u2019izungura<\/strong> <\/p>\n<ol style=\"text-align: justify\">\n<li>Uwapfakaye afite uburenganzira bwo kugira uruhare mu izungura ry\u2019umutungo wasizwe n\u2019uwo bashyingiranye (ingingo ya 75);<\/li>\n<li>Hateganijwe urutonde rw\u2019abazungura no mu bundi buryo bw\u2019imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe. Itegeko risanzwe ryateganyaga uru rutonde gusa mu buryo bw\u2019ivanguramutungo risesuye.<\/li>\n<li>Impamvu zo kwamburwa uburenganzira bwo kuzungura zagabanijwemo ibice bibiri:<\/li>\n<\/ol>\n<p>&#8211;          kwamburwa uburenganzira nta mpaka (automatic deprivation), harimo guta umwana, kumushora mu busambanyi no kumugirira ibikorwa by\u2019urukozasoni (ingingo ya 56);<\/p>\n<p>&#8211;          izindi mpamvu zo kwamburwa uburenganzira bwo kuzungurwa (other possible reasons of deprivation) ( Ingingo ya 57)<\/p>\n<p>\u00a0<br \/>\nSrc:Minijust<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><\/em> <\/strong>  <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Itegeko n\u00ba 27\/2016 ryo ku wa 08\/07\/2016 rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe, impano n\u2019izungura ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulila y\u2019u Rwanda n\u00b0 31 yasohotse ku wa 01\/08\/2016 ni Itegeko rishya ryaje risimbura Itegeko n\u00b0 22\/99 ryo ku wa 12\/11\/1999 ryuzuza igitabo cya mbere cy\u2019urwunge rw\u2019amategeko mbonezamubano kandi rishyiraho igice cya gatanu cyerekeye imicungire y\u2019umutungo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3694","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Itegeko n\u00ba 27\/2016 ryo ku wa 08\/07\/2016 rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe, impano n\u2019izungura ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulila y\u2019u Rwanda n\u00b0 31 yasohotse ku wa 01\/08\/2016 ni Itegeko rishya ryaje risimbura Itegeko n\u00b0 22\/99 ryo ku wa 12\/11\/1999 ryuzuza igitabo cya mbere cy\u2019urwunge rw\u2019amategeko mbonezamubano kandi rishyiraho igice cya gatanu cyerekeye imicungire y\u2019umutungo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-30T11:45:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:33:01+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3694#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3694\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe\",\"datePublished\":\"2016-11-30T11:45:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:33:01+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3694\"},\"wordCount\":537,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3694#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3694\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3694\",\"name\":\"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-30T11:45:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:33:01+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3694#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3694\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3694#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe - BWIZA","og_description":"Itegeko n\u00ba 27\/2016 ryo ku wa 08\/07\/2016 rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe, impano n\u2019izungura ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulila y\u2019u Rwanda n\u00b0 31 yasohotse ku wa 01\/08\/2016 ni Itegeko rishya ryaje risimbura Itegeko n\u00b0 22\/99 ryo ku wa 12\/11\/1999 ryuzuza igitabo cya mbere cy\u2019urwunge rw\u2019amategeko mbonezamubano kandi rishyiraho igice cya gatanu cyerekeye imicungire y\u2019umutungo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-30T11:45:31+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:33:01+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe","datePublished":"2016-11-30T11:45:31+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:33:01+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694"},"wordCount":537,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3694#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694","name":"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-30T11:45:31+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:33:01+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3694"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3694#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3694","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3694"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3694\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3694"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3694"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3694"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}