{"id":3697,"date":"2016-11-30T12:47:12","date_gmt":"2016-11-30T12:47:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/30\/ese-koko-kayonza-bazafashwa-hagaragaye-intumbi-3-icyo-umuyobozi-ubishinjwa\/"},"modified":"2025-02-12T17:32:58","modified_gmt":"2025-02-12T15:32:58","slug":"ese-koko-kayonza-bazafashwa-hagaragaye-intumbi-3-icyo-umuyobozi-ubishinjwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697","title":{"rendered":"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Abaturage bo mu karere ka Kayonza bavuga ko bababajwe bikomeye n\u2019amagambo babwiwe n\u2019umuyobozi bita uw\u2019akarere wungirije ushinzwe ubukungu mu nama yabakoresheje akababwira ko mu gihe hatari hapfa byibuze abantu batatu ngo ntibishoboka ko baba bashonje byo gufashwa.<\/strong><br \/>\nMu majwi yaciye kuri radio 1 humvikanyemo abaturage bavuga ko visi-Meya ushinzwe ubukungu yaba yarababwiye amagambo abakomeretsa mu gihe bamugezagaho ikibazo cy\u2019inzara ibamereye nabi nyuma y\u2019umuganda rusange wo ku wa 26 Ugushingo 2016.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmwe muri aba baturage yagize ati \u201cYaraje akora inama avuga y\u2019uko inaha dufite ibiryo ngo nta muntu wari wapfa ntibashobora kuduha imfashanyo na rimwe, ngo aho bagiye gufasha hafi ya za Cyarubare ngo bagiyeyo ari uko babonye imirambo\u201d<br \/>\nUndi ati &#8220;Ni umuyobozi wari waturutse ku karere ariko baravuze bati ese mwebwe ubu turabafasha iki? ati nibura nta n\u2019abantu nka babiri cyangwa batatu bapfuye mwe ngo murafashwa? icyo kintu rero tucyumva nabi cyane turavuga tuti ese bazaza ubundi gufasha intumbi?\u201d<br \/>\nMu kiganiro Bwiza.com yagiranye na Visi-Meya ushinzwe ubukungu mu karere ka Kayonza, Uwibambe Consoll\u00e9e  kuko ari we watunzwe agatoki n&#8217;abaturage ko ari we wabwiye aya magambo, uyu muyobozi yabihakanye yivuye inyuma avuga ko ubwe amaze n\u2019igihe kirenga amezi abiri atagera muri aka gace kagari ka Kavuro gatuwe n\u2019abavuga ko yababwiye nabi.<br \/>\nKu murongo wa Telefone  aganira na bwiza.com yagize ati \u201cHariho ibintu umuntu adashobora kuba yavuga, uretse no kuba umuyobozi nk\u2019umuntu hari ibintu udashobora kuvuga, mu nshingano z\u2019umuyobozi harimo kurengera umuturage no kumenya ibibazo ashobora kuba afite.\u201d<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8221;]<br \/>\nAkomeza agira ati \u201cNiyo nama rusange bavuga yabaye ntayo nigeze mba ndimo, nta n&#8217;inama mperukamo muri ako kagali,( <strong> <em>Aseka<\/em> <\/strong> ) n\u2019icyo gihe bavuga sinigeze mba ndiyo, urumva ukwezi kwa cumi njyewe umuganda nari nawukoreye ahandi ntabwo nawukoreye muri ako kagali, ukwa cumi na kumwe nabwo sinigeze nkorera muri ako kagali  yewe habe no muri uwo murenge, rero ntabwo mbizi aho yabikuye ( <em>Umunyamakuru wa TV1)<\/em>   ariko rero uburyo yabivuzemo ntaho bihuriye, sinzi impamvu yabimuteya n&#8217;aho yabikuye.\u201d<br \/>\nAgaruka ku kibazo nyirizina cy\u2019iyi nzara abaturage bataka, yavuze ko ari rusange ku karere ka Kayonza kose, Ati \u201cDufite ikibazo cy\u2019amapfa mu karere kose kimaze iminsi, murabizi yuko mu mirenge yacu itandukanye harimo ikibazo cy\u2019amapfa, abaturage leta yarabagobotse ibaha ibyo kurya turabagaburira,\u201d<br \/>\nAti \u201cKabarondo rero ( <strong> <em>niho hatuye abavuga ko babwiwe nabi<\/em> <\/strong> ) ntabwo yari isanzwe iri muri ya mirenge yarimo ikibazo cy\u2019amapfa ariko uko iminsi igenda ishira niko ikibazo kigenda cyaguka, nabo cyabagezeho, nk\u2019uko dusanzwe dusabira abandi baturage abo nabo twabasabiye ibyo kurya\u201d<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nUwibambe Consoll\u00e9e yemeje ko kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2016  hari imfashanyo yabonetse iri buhabwe aba baturage ba Kabarondo<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>Schadrack@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu karere ka Kayonza bavuga ko bababajwe bikomeye n\u2019amagambo babwiwe n\u2019umuyobozi bita uw\u2019akarere wungirije ushinzwe ubukungu mu nama yabakoresheje akababwira ko mu gihe hatari hapfa byibuze abantu batatu ngo ntibishoboka ko baba bashonje byo gufashwa. Mu majwi yaciye kuri radio 1 humvikanyemo abaturage bavuga ko visi-Meya ushinzwe ubukungu yaba yarababwiye amagambo abakomeretsa mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3697","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu karere ka Kayonza bavuga ko bababajwe bikomeye n\u2019amagambo babwiwe n\u2019umuyobozi bita uw\u2019akarere wungirije ushinzwe ubukungu mu nama yabakoresheje akababwira ko mu gihe hatari hapfa byibuze abantu batatu ngo ntibishoboka ko baba bashonje byo gufashwa. Mu majwi yaciye kuri radio 1 humvikanyemo abaturage bavuga ko visi-Meya ushinzwe ubukungu yaba yarababwiye amagambo abakomeretsa mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-30T12:47:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:32:58+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3697#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3697\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga\",\"datePublished\":\"2016-11-30T12:47:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:32:58+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3697\"},\"wordCount\":464,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3697#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3697\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3697\",\"name\":\"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-30T12:47:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:32:58+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3697#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3697\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3697#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu karere ka Kayonza bavuga ko bababajwe bikomeye n\u2019amagambo babwiwe n\u2019umuyobozi bita uw\u2019akarere wungirije ushinzwe ubukungu mu nama yabakoresheje akababwira ko mu gihe hatari hapfa byibuze abantu batatu ngo ntibishoboka ko baba bashonje byo gufashwa. Mu majwi yaciye kuri radio 1 humvikanyemo abaturage bavuga ko visi-Meya ushinzwe ubukungu yaba yarababwiye amagambo abakomeretsa mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-30T12:47:12+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:32:58+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga","datePublished":"2016-11-30T12:47:12+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:32:58+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697"},"wordCount":464,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3697#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697","name":"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-30T12:47:12+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:32:58+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3697"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3697#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3697","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3697"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3697\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3697"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3697"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3697"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}