{"id":3774,"date":"2017-10-11T14:26:21","date_gmt":"2017-10-11T14:26:21","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/11\/masenge-ni-umugore-ufasha-abakobwa-n-abagore-gukuna-guca-imyeyo-menya-uko\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:21","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:21","slug":"masenge-ni-umugore-ufasha-abakobwa-n-abagore-gukuna-guca-imyeyo-menya-uko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774","title":{"rendered":"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa"},"content":{"rendered":"<p>Ni umugore uzwi ku izina rya Masenge, akaba yararyiswe kubera akamaro afitiye abakobwa n\u2019abagore batageze mu rubohero (Gukuna), nyuma bashimishe abagabo babo.<br \/>\nAganira na Bwiza.com, uyu mugore yavuze ko uruhande rumwe ari umuganga urundi akaba umujyanama w\u2019abakobwa n\u2019abagore ku byerekeye imibanire y\u2019abashakanye.<br \/>\nAha, avuga ko ari muganga gakondo, uvura indwara nyinshi, ariko cyane cyane akaba yibanda ku bijyanye n\u2019ubujyanama ku gitsinagore, uburyo bashimisha abo bashakanye hagendewe ku muco.<br \/>\nAti: \u201cMurabizi na kera Nyirasenge w\u2019umuntu yabaga ari umuntu ukomeye, abakobwa baraza bakansanga, bati Masenge tubwire, ibyo bintu bita kujya mu rubohero (Gukuna cga guca imyeyo) ni ibiki?, muri iyi minsi abana nta kintu babiziho\u201d.<br \/>\nAkomeza avuga ko hari abamugeraho akabigisha uko bakuna, akabigisha umuco w\u2019uko washimisha umugabo dore ko ubu abana bamwe usanga nta n\u2019ababyeyi cyangwa imiryango bagira.<br \/>\nAvuga kandi ko nyuma yo kubigisha bakagera aho bishimishije, bamwe basubira inyuma bakaza kumushimira ko ingo zabo zubatswe neza, bazi kunezeza abo bashakanye.<br \/>\nMu gihe hari abibaza bati, ese umugore wabyaye yaca imyeyo bigakunda? Kuri iki, Masenge avuga ko ari ibintu bishoboka cyane.<br \/>\nAti: \u201ccyane, hari ukuntu umukobwa agira gutya agashaka atarigeze agera mu rubohero, akenshi bangeraho ku bw\u2019ingaruka baba barahuye nazo mu ngo zabo, hari igihe aba yarashatse, umugabo ubikunda, wenda akamubaza ati kuki wowe utameze nk\u2019abandi?.<br \/>\nHari igihe we aba yarabipingaga yumva ko ntacyo bivuze cyangwa se atarigeze abona ayo mahirwe yo kubyigishwa, yagera mu rwe agahora mu nduru n\u2019umugabo abimuziza, icyo gihe bangeraho nkabashyira mu rubohero\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAkomeza avuga ko hari n\u2019abagabo bamugeraho bamubwira uburyo abagore babo bataciye imyeyo, bikaba ngombwa ko abahuza, akamuzanira umugore we nawe akamufasha kuyica.<br \/>\nUbundi ngo gukuna byakagombye gutangira gukorwa ku myaka 10 cga 12, ariko iyo ageze igihe arenza akagera kuri 20 cyangwa 30, ati: \u201dwenda yarabyaye bisabako,\u2026buriya iyo akiri mutoya umubiri we uba woroshye, urakurura bikaza, ariko ku muntu mukuru we hifashishwa imiti yabugenewe kandi iyo miti nta ngaruka igira, iba itunganyijwe neza\u201d.<br \/>\nAkomeza avuga ko adapfa gukorera ibi aho abonye hose, ko ku ivuriro akoreramo afite icyumba cyabugenewe, ndetse n\u2019igitanda, by\u2019umwihariko ko hari abaza akabaha imiti bazajya bifashisha bakuna mu gihe babyishoboreye, utabibashije akajya afata iminsi akaza akabimukorera kuzageza ku rugero rushimishije.<br \/>\nAti: \u201cmfite igipimo nkoresha, iyo mbonye yagwije ndamusezerera, iyo bibaye birebire cyane cga bigufi ntabwo aba ari byiza, hari urugero ntarengwa\u201d.<br \/>\nAvuga ko hari imiti ya Kinyarwanda bakoresha irimo amavuta y\u2019inka, ko nka bakera bifashishaga intobo, ariko ku bwe avuga ko atari nziza ko zatera ubundi burwayi.<br \/>\n <strong>Ese Gukuna ni iki? Bikorwa gute?<\/strong><br \/>\nGukuna, cyangwa se Guca imyeyo nk\u2019uko bamwe babyita ni umuhango wa gikobwa ukorwa mu muco nyarwanda no mu bindi bihugu bya Afurika ugamije gutegura umukobwa kuba umugore ubereye umugabo, utangira umukobwa ari umwangavu kuko umubiri uba utarakomera rimwe na rimwe atarajya mu mihango ya gikobw, Gusa ku bwa Masenge anavuga ko ku bagore babyaye abafasha bigashoboka.<br \/>\n <strong>Bikorwa gute?<\/strong><br \/>\nWicaza ikibuno hasi, ugashinga ibirenge ku buryo amavi ashobora kugera ku ntugu zombi, ukanyuza amaboko munsi y\u2019ibibero ufite uruvange rw\u2019ibyo ukunisha cyangwa se amavuta y\u2019inka akuze (iyo ari intangiriro), ukuboko kumwe gukurura umushino biteganye.<br \/>\nKaba kakiri gato noneho kakagenda gakura uko uhataho ukuna, ukururira rimwe ujyana hasi, mu ntangiriro birababaza ndetse rimwe na rimwe ukumva wabireka, ari nayo mpamvu abakobwa ba kera bakuniraga hamwe barenze umwe kugirango batizanye umurindi. Iyo umaze kugira umushino ufatika, ugeraho ugakuna utazura umushino mu bugari bwawo kugirango biwugire mugari, kugeza ugwije\u201d imyugariro\u201d<br \/>\nMasenge avuga ko nubwo hari bamwe afasha gukurura iyi mishino kugeza ku rugero runaka, anavuga ko hari abishyira hamwe bakamutumira kugirango bamarane isoni, akabigishiriza hamwe kandi bakazagera ku ntego.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Akamaro ko gukuna mu gihe cyo gutera akabariro ni akahe?<\/strong><br \/>\nNk\u2019uko mu ntangiroro twabikomojeho gato, umugore utarigeze akuna ashobora guhura n\u2019imbogamizi z\u2019uko yasanga umugabo we abikunda, iyo wakunnye biba akarusho kuko umugore wakunnye areta vuba kandi akihuta mu kunyara no mu gusohora, ndetse bifasha umugabo we, akumva ko atarimo kuruhira ubusa, biramunezeza cyane iyo baharuranye ikivi batangiranye (bakarangiriza rimwe).<br \/>\nUmugore utarakunnye ntibivuze ko ari uwo gusendwa, kuko hari n\u2019abadakora ibi byose kandi bagashimisha abagabo babo ariko n\u2019ubwo bwose amajyambere agenda yihuta umugore wakunnye uzi n\u2019ibyiza byabyo mu kunezeza umugabo we nawe aba yifuza ko umwana we abikora.<br \/>\nKubera ko uyu muhango wa gikobwa wakorerwaga mu gasozi, nko mu gashyamba, abakobwa bitwazaga kujya \u201cguca imyeyo\u201d ari naho havuye iyo mvugo yo guca imyeyo, bakitwaza kujya guca ubwatsi, gutashya inkwi, kujya mu rubohero,\u2026<br \/>\nUbaye hari icyo ushaka kubaza Masenge bariza kuri iyi Email: <a href=\"mailto:kamikazigentille08@gmail.com\">kamikazigentille08@gmail.com<\/a> cyangwa se ubarize kuri 0785058200 watsapp! Murakoze.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>Th\u00e9oneste\/bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ni umugore uzwi ku izina rya Masenge, akaba yararyiswe kubera akamaro afitiye abakobwa n\u2019abagore batageze mu rubohero (Gukuna), nyuma bashimishe abagabo babo. Aganira na Bwiza.com, uyu mugore yavuze ko uruhande rumwe ari umuganga urundi akaba umujyanama w\u2019abakobwa n\u2019abagore ku byerekeye imibanire y\u2019abashakanye. Aha, avuga ko ari muganga gakondo, uvura indwara nyinshi, ariko cyane cyane akaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-3774","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ni umugore uzwi ku izina rya Masenge, akaba yararyiswe kubera akamaro afitiye abakobwa n\u2019abagore batageze mu rubohero (Gukuna), nyuma bashimishe abagabo babo. Aganira na Bwiza.com, uyu mugore yavuze ko uruhande rumwe ari umuganga urundi akaba umujyanama w\u2019abakobwa n\u2019abagore ku byerekeye imibanire y\u2019abashakanye. Aha, avuga ko ari muganga gakondo, uvura indwara nyinshi, ariko cyane cyane akaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-11T14:26:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:21+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3774#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3774\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa\",\"datePublished\":\"2017-10-11T14:26:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3774\"},\"wordCount\":787,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3774#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3774\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3774\",\"name\":\"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-11T14:26:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3774#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3774\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3774#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa - BWIZA","og_description":"Ni umugore uzwi ku izina rya Masenge, akaba yararyiswe kubera akamaro afitiye abakobwa n\u2019abagore batageze mu rubohero (Gukuna), nyuma bashimishe abagabo babo. Aganira na Bwiza.com, uyu mugore yavuze ko uruhande rumwe ari umuganga urundi akaba umujyanama w\u2019abakobwa n\u2019abagore ku byerekeye imibanire y\u2019abashakanye. Aha, avuga ko ari muganga gakondo, uvura indwara nyinshi, ariko cyane cyane akaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-11T14:26:21+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:21+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa","datePublished":"2017-10-11T14:26:21+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774"},"wordCount":787,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3774#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774","name":"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-11T14:26:21+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3774"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3774#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n\u2019abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3774","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3774"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3774\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3774"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3774"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3774"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}