{"id":37805,"date":"2021-07-02T10:18:02","date_gmt":"2021-07-02T10:18:02","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/07\/02\/uko-uwibeshyweho-ko-yabitse-museveni-yakubiswe-akanashinguzwamo-inzara\/"},"modified":"2021-07-02T10:18:02","modified_gmt":"2021-07-02T10:18:02","slug":"uko-uwibeshyweho-ko-yabitse-museveni-yakubiswe-akanashinguzwamo-inzara","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805","title":{"rendered":"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umwe mu bazwi cyane kuri Twitter muri Uganda, Chris Nabugere yatawe muri yombi, ajyanwa n&#8217;abashinzwe umutekano bamuvanye iwe, bikekwa ko ari we wabitse Perezida Museveni, ubwo yarekurwaga, yavuze ko yakubiswe ndetse hakoreshejwe ipensi, bashaka kumunogora inzara z&#8217;intoki.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Nabugere yavanwe iwabo mu modoka ifite pulake UBG 454G nk&#8217;uko mushiki we, Phoebe Rita Nabugere yabitangaje kuri Twitter avuga ngo &#8221; Musaza wanjye baramujyanye ari kumwe n&#8217;isnhuti ye, bamushyize mu modoka, bari kumukubitisha ibibuno by&#8217;imbunda.&#8221;<\/p>\n<p>Ubwo yari amaze kurekurwa,  Chris Nabutege, yavuze uko byamugendekeye, ahamya ko yafashwe n&#8217;abantu icyenda bari bambaye masiki mu maso.<\/p>\n<p>Avuga ko mu bamufashe harimo umugabo wo mu bwoko bwa Lugbara (Omulugwala) wakunze kumwigirizaho nkana, amusaba gusubiramo amagambo yo mu rurimi rwe, yabinanirwa akamuhata inkoni.<\/p>\n<p>Avuga ko abaje kumufata kuko bakomezaga kumubaza uwitwa Cyrus, we akabasubiza ko yitwa Chris wanditse kuri Twitter, akavuga ko Museveni yapfuye.<\/p>\n<p>Uwo ati &#8221; Cyrus si ko witwa? Si wowe wanditse kuri Twitter ngo perezida yapfuye ugashyiraho n&#8217;ifoto yasinziriye?&#8221; Undi yamusubizaga ko atari uko yitwa ari nako inshyi zivuza ubuhuha zamugeragaho.<\/p>\n<p>Nabutege avuga ko ibi byarakaje uwo mugabo ahita azana ipensi. Ati &#8221;  Nakomeje kumubwira ko ntitwa Cyrus, yarankubise ngo ndikubeshya ofisa.Yahise azana ipensi, ansaba indangamuntu. Namubwiye ko yasigaye mu rugo, atangira kunogoramo inzara z&#8217;intoki. Akenshi kubera ko nkunda kuziruma, ipensi nta kintu yabashaga gufata. Mugenzi we yahise ankubita inshyi, ngo &#8220;jya usubiza igihe Afande akubajije.&#8221;<\/p>\n<p>Uretse gushaka kumukuramo inzara, aba uko ari babiri banahatiwe guhamagara abo mu miryango yabo ngo babahe amafaranga kuri MOMO, bahishura imibare y&#8217;ibanga, babikuza amafaranga batavuga ingano, atwarwa n&#8217;aba bari babataye muri yombi.<\/p>\n<p>Aba bashinzwe umutekano babateye ubwoba ko babafashe amasura, bazi aho batuye bityo nibagira icyo bumva mu bitangazamakuru ku byabaye, bazabagirira nabi.<\/p>\n<p>Imyitwarire nk&#8217;iy&#8217;amabandi ivugwa kenshi mu nzego z&#8217;umutekano za Uganda. Si aho gusa kuko mu bihugu bya Afurika, abenshi bagiye bavuga uruvagusenya bagiye babona ubwo babaga hari ibyo bakekwaho n&#8217;abo bakozi ba za Leta.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/IQF2N2g3VdE\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p> <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwe mu bazwi cyane kuri Twitter muri Uganda, Chris Nabugere yatawe muri yombi, ajyanwa n&#8217;abashinzwe umutekano bamuvanye iwe, bikekwa ko ari we wabitse Perezida Museveni, ubwo yarekurwaga, yavuze ko yakubiswe ndetse hakoreshejwe ipensi, bashaka kumunogora inzara z&#8217;intoki. Nabugere yavanwe iwabo mu modoka ifite pulake UBG 454G nk&#8217;uko mushiki we, Phoebe Rita Nabugere yabitangaje kuri Twitter [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-37805","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwe mu bazwi cyane kuri Twitter muri Uganda, Chris Nabugere yatawe muri yombi, ajyanwa n&#8217;abashinzwe umutekano bamuvanye iwe, bikekwa ko ari we wabitse Perezida Museveni, ubwo yarekurwaga, yavuze ko yakubiswe ndetse hakoreshejwe ipensi, bashaka kumunogora inzara z&#8217;intoki. Nabugere yavanwe iwabo mu modoka ifite pulake UBG 454G nk&#8217;uko mushiki we, Phoebe Rita Nabugere yabitangaje kuri Twitter [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-07-02T10:18:02+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37805#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37805\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi\",\"datePublished\":\"2021-07-02T10:18:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37805\"},\"wordCount\":338,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37805#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37805\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37805\",\"name\":\"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-07-02T10:18:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37805#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37805\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37805#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi - BWIZA","og_description":"Umwe mu bazwi cyane kuri Twitter muri Uganda, Chris Nabugere yatawe muri yombi, ajyanwa n&#8217;abashinzwe umutekano bamuvanye iwe, bikekwa ko ari we wabitse Perezida Museveni, ubwo yarekurwaga, yavuze ko yakubiswe ndetse hakoreshejwe ipensi, bashaka kumunogora inzara z&#8217;intoki. Nabugere yavanwe iwabo mu modoka ifite pulake UBG 454G nk&#8217;uko mushiki we, Phoebe Rita Nabugere yabitangaje kuri Twitter [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-07-02T10:18:02+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi","datePublished":"2021-07-02T10:18:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805"},"wordCount":338,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=37805#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805","name":"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-07-02T10:18:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=37805"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37805#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uko uwibeshyweho ko yabitse Museveni yakubiswe akanashinguzwamo inzara hakoreshejwe ipensi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/37805","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=37805"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/37805\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=37805"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=37805"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=37805"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}