{"id":37990,"date":"2021-07-07T11:00:00","date_gmt":"2021-07-07T11:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/07\/07\/musanze-umukobwa-ararembye-cyane-nyuma-yo-guhabwa-n-umuhungu-ubunyobwa-n-amagi\/"},"modified":"2021-07-07T11:00:00","modified_gmt":"2021-07-07T11:00:00","slug":"musanze-umukobwa-ararembye-cyane-nyuma-yo-guhabwa-n-umuhungu-ubunyobwa-n-amagi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990","title":{"rendered":"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n&#8217;umuhungu ubunyobwa n&#8217;amagi &#8216;biriho aside&#8217;"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umukobwa BWIZA yamenye ko yitwa Amiddah (Mida) ararembye cyane nyuma y&#8217;aho abana bari kumwe na we bavuga ko hari umuhungu batazi, waje iwabo mu Mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, akamuha amagi n&#8217;ubunyobwa, bivugwa ko byari biriho aside.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Umunyamakuru wa BWIZA yageze aho ibi byabereye kuri uyu wa 7 Nyakanga 2021, ibi bikimara kuba, asanga hari gukorwa ubutabazi bw&#8217;ibanze, umumotari yahamagajwe ngo ajyane uyu mukobwa kwa muganga.<\/p>\n<p>Umwe mu bana bari mu rugo kumwe na Mida, mu marira yavuze ko &#8221; Uwo muhungu atamuzi, yaje mu rugo, aha Mida amagi n&#8217;ubunyobwa. Akimara kugenda Mida avuga ko yumva ameze nabi. Ari kuvuga ko yumva mu nda wagira ngo hari gushya, biri gukeba.&#8221;<\/p>\n<p>&#8221; Uwo muhungu yari afita ka anvelope kacikaguritse. Twageze ku muhanda ngo turebe aho arengeye, turamubona ariko ahita acikira ku nzu y&#8217;aho uwitwa Salomo yacururizaga.&#8221; Uyu muhungu yahise aburirwa irengero.<\/p>\n<p>BWIZA yabajije umwe mu bantu bakuru bari aho niba baba bazi uwo muhungu, arahakana gusa avuga ko ikigoye ari &#8221; Uko Mida ari kuruka, atabasha kuvuga ngo amuvuge amazina. Ubusanzwe ngo yari asanzwe ayamuzamira.&#8221;<\/p>\n<p>Aba baturage bahuriza ku kuba Mida yaba yahawe ibiryo biriho aside, hagamijwe kumuhitana. Bati &#8221; Uriya ni gatumwa, bashatse kwica uriya mukobwa. Bari bamumutumyeho kuko we amwizeye, bamukoresheje ngo amwice.&#8221;<\/p>\n<p>Bemeza kandi ko nta muntu bazi wari ufitanye ikibazo na Mida ku buryo yashaka kumuhitana muri ubwo buryo.<\/p>\n<p>Hari abaturage bavuga ko koko Mida ibyo yahawe byari birozwe  gusa ngo &#8221; Ntawapfa kwemeza ko ari aside yahawe.&#8221;<\/p>\n<p>Umwe mu bahageze wize iby&#8217;Ubutabire muri Kaminuza, avuga ko &#8221; Bigaragara ko ibyo kurya byahawe Mida byari biroze.&#8221; Yirinze kwemeza niba koko yaba ari aside.<\/p>\n<p>Abaturage bavuye mu isanteri ya Kabaya bahuruye ngo barebe ibyabaye ari nako abakiri bato amarira ari yose.<\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/pywH-N6ZKsA\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/Mhvf41-eIQU\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\/videos\"><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/a><br \/>\nXMA Header Image<br \/>\nDr Kayumba asanga amakimbirane ya Uganda n&#8217;u Rwanda ashingiye kucyo yise [ NINJYE BOSS ] mu karere<br \/>\nyoutube.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukobwa BWIZA yamenye ko yitwa Amiddah (Mida) ararembye cyane nyuma y&#8217;aho abana bari kumwe na we bavuga ko hari umuhungu batazi, waje iwabo mu Mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, akamuha amagi n&#8217;ubunyobwa, bivugwa ko byari biriho aside. Umunyamakuru wa BWIZA yageze aho ibi byabereye kuri uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-37990","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n&#039;umuhungu ubunyobwa n&#039;amagi &#039;biriho aside&#039; - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n&#039;umuhungu ubunyobwa n&#039;amagi &#039;biriho aside&#039; - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukobwa BWIZA yamenye ko yitwa Amiddah (Mida) ararembye cyane nyuma y&#8217;aho abana bari kumwe na we bavuga ko hari umuhungu batazi, waje iwabo mu Mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, akamuha amagi n&#8217;ubunyobwa, bivugwa ko byari biriho aside. Umunyamakuru wa BWIZA yageze aho ibi byabereye kuri uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-07-07T11:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37990#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37990\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n&#8217;umuhungu ubunyobwa n&#8217;amagi &#8216;biriho aside&#8217;\",\"datePublished\":\"2021-07-07T11:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37990\"},\"wordCount\":333,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37990#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37990\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37990\",\"name\":\"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n'umuhungu ubunyobwa n'amagi 'biriho aside' - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-07-07T11:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37990#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37990\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=37990#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n&#8217;umuhungu ubunyobwa n&#8217;amagi &#8216;biriho aside&#8217;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n'umuhungu ubunyobwa n'amagi 'biriho aside' - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n'umuhungu ubunyobwa n'amagi 'biriho aside' - BWIZA","og_description":"Umukobwa BWIZA yamenye ko yitwa Amiddah (Mida) ararembye cyane nyuma y&#8217;aho abana bari kumwe na we bavuga ko hari umuhungu batazi, waje iwabo mu Mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, akamuha amagi n&#8217;ubunyobwa, bivugwa ko byari biriho aside. Umunyamakuru wa BWIZA yageze aho ibi byabereye kuri uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-07-07T11:00:00+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n&#8217;umuhungu ubunyobwa n&#8217;amagi &#8216;biriho aside&#8217;","datePublished":"2021-07-07T11:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990"},"wordCount":333,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=37990#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990","name":"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n'umuhungu ubunyobwa n'amagi 'biriho aside' - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-07-07T11:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=37990"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=37990#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Musanze: Umukobwa ararembye cyane nyuma yo guhabwa n&#8217;umuhungu ubunyobwa n&#8217;amagi &#8216;biriho aside&#8217;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/37990","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=37990"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/37990\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=37990"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=37990"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=37990"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}