{"id":38358,"date":"2021-07-21T17:04:04","date_gmt":"2021-07-21T17:04:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/07\/21\/harmonize-yifashishije-indirimbo-ye-nshya-asaba-imbabazi-umuzungukazi\/"},"modified":"2021-07-21T17:04:04","modified_gmt":"2021-07-21T17:04:04","slug":"harmonize-yifashishije-indirimbo-ye-nshya-asaba-imbabazi-umuzungukazi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358","title":{"rendered":"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga"},"content":{"rendered":"<p>Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uri mu bakunzwe mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yifashishije indirimbo &#8216;Uno&#8217; aheruka gusohora asaba imbabazi Sarah Michelotti, Umutaliyanikazi bahoze bakundana.<\/p>\n<p>Sarah na Harmonize bakundanye imyaka ine, mbere yo gushyira iherezo ku rukundo rwabo mu Ugushyingo 2020 bijyanye no kuba uriya mugore yarashinjaga uriya muhanzi kuba umubeshyi ndetse no kumuca inyuma.<\/p>\n<p>Harmonize yifashishije indirimbo ye &#8216;Uno&#8217;, yabwiye Sarah ko amusaba imbabazi kubera ibyo yatumye anyuramo byose.<\/p>\n<p>Yavuze ko mu gihe babanye nk&#8217;umugabo n&#8217;umugore hari amakosa akomeye yakoze atashoboye gukosora, nko kumuta akamara icyumweru iyo yemwe ntanamumenyeshe aho aherereye.<\/p>\n<p>Harmonize yavuze ko Sarah yagerageje kumwihanganira, ariko we akamugambanira inshuro nyinshi ku buryo anatekereza ko ari byo byashyize iherezo ku mubano wabo.<\/p>\n<p>Uyu muhanzi yifashishije iriya ndirimbo ye nshya, yanditse ku rubuga rwe rwa Instagram ko kuba Sarah yaravumbuye ko afite umwana w&#8217;umukobwa witwa Zulekha ari byo byashyize iherezo ku rukundo rwabo, gusa amusaba kutarenganya uriya mwana.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Kugeza ku munsi Imana yafashe icyemezo cyo kunzanira imfura yanjye Zurekha Bink Konde, byabaye iherezo ry&#8217;urugendo rwacu turi hamwe. Ni byo kudobya ibintu bibaho kandi umuntu agasaba imbabazi.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Gusa nari kuba igicucu kurushaho iyo nkomeza guhisha umwana wanjye. Ndagukunda nkanakubaha, kandi ubu butumwa ni ubwawe.&#8221;<\/p>\n<p>Sarah mbere y&#8217;uko atandukana na Harmonize, yari yashyize kuri konti ye ya instagram impapuro zo kwa muganga zigaragaza ibizamini bya ADN byakorewe ku bagabo batatu barimo na Harmonize, mu kumenya nyiri umwana w\u2019umukobwa witwa Zulekha wabyawe na Nana Shanteel.<\/p>\n<p>Uyu mugore yavuze ko afite icyizere cy\u2019uko umutima wa Harmonize ucyeye, ko azaharanira kwita ku mwana we n\u2019uwo bamubyaranye.<\/p>\n<p>Harmonize icyo gihe yasabye imbabazi avuga ko yicuza kuba yarahishe Sarah ko afite umwana, gusa uyu mugore atangaza ko yafashe umwanzuro wo gushyira iherezo ku rushako rw\u2019imyaka ibiri yari amazemo n\u2019umuhanzi Harmonize.<\/p>\n<p>Yavuze ko yabihiwe n\u2019urugo aca muri byinshi byakomereje umutima we. Michelotti wafashwe n\u2019uburakari yavuze ko umugabo we (Harmonize) ari umubeshyi utazi gushima \u2018uwamugiriye neza\u2019.<\/p>\n<p>Yunzemo ko yemeye kurushinga na Harmonize kuko yamukunze kandi yari igisobanuro cya buri kimwe kuri we, ashimangira ko yakunze uyu muhanzi bya nyabyo, amuha urukundo rwose n\u2019ibyishimo bisendereye, ariko Harmonize ntiyabikozwa.<\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/j4i9nTT8q50\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/VYqxh1gRR9Y\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\"><br \/>\n<strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uri mu bakunzwe mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yifashishije indirimbo &#8216;Uno&#8217; aheruka gusohora asaba imbabazi Sarah Michelotti, Umutaliyanikazi bahoze bakundana. Sarah na Harmonize bakundanye imyaka ine, mbere yo gushyira iherezo ku rukundo rwabo mu Ugushyingo 2020 bijyanye no kuba uriya mugore yarashinjaga uriya muhanzi kuba umubeshyi ndetse no kumuca inyuma. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-38358","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uri mu bakunzwe mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yifashishije indirimbo &#8216;Uno&#8217; aheruka gusohora asaba imbabazi Sarah Michelotti, Umutaliyanikazi bahoze bakundana. Sarah na Harmonize bakundanye imyaka ine, mbere yo gushyira iherezo ku rukundo rwabo mu Ugushyingo 2020 bijyanye no kuba uriya mugore yarashinjaga uriya muhanzi kuba umubeshyi ndetse no kumuca inyuma. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-07-21T17:04:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38358#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38358\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga\",\"datePublished\":\"2021-07-21T17:04:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38358\"},\"wordCount\":369,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38358#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38358\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38358\",\"name\":\"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-07-21T17:04:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38358#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38358\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38358#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga - BWIZA","og_description":"Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uri mu bakunzwe mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yifashishije indirimbo &#8216;Uno&#8217; aheruka gusohora asaba imbabazi Sarah Michelotti, Umutaliyanikazi bahoze bakundana. Sarah na Harmonize bakundanye imyaka ine, mbere yo gushyira iherezo ku rukundo rwabo mu Ugushyingo 2020 bijyanye no kuba uriya mugore yarashinjaga uriya muhanzi kuba umubeshyi ndetse no kumuca inyuma. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-07-21T17:04:04+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga","datePublished":"2021-07-21T17:04:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358"},"wordCount":369,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=38358#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358","name":"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-07-21T17:04:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=38358"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38358#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Harmonize yifashishije indirimbo ye nshya asaba imbabazi umuzungukazi bakundanaga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/38358","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=38358"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/38358\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=38358"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=38358"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=38358"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}