{"id":3871,"date":"2016-12-11T10:57:03","date_gmt":"2016-12-11T10:57:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/11\/bomboribombori-mu-masambu-i-rubavu-meya-sinamenye-abeshya-na-perezida-wa\/"},"modified":"2016-12-11T10:57:03","modified_gmt":"2016-12-11T10:57:03","slug":"bomboribombori-mu-masambu-i-rubavu-meya-sinamenye-abeshya-na-perezida-wa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871","title":{"rendered":"Bomboribombori  mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Madamu Ingabire Marie Immaculee uyobora umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n\u2019akarengane mu Rwanda ati \u201cNtimukage mumbwira akarere ka Rubavu, ni ukuri ndabasabye, Akarere ka Rubavu kamaze kungera hantu, wabonye Meya ubeshya? babeshye perezida wa Repubulika bamukoresha amakosa, barangije akabeshya minisitiri bicaranye amubeshya ngo ikibazo barakirangije kandi ntacyo bakozeho kubera ruswa bahabwa n\u2019umucuruzi, niba yitwa nde? Mana yanjye njywe ibya kariya karere, ndashaka guhangana na kiriya kibazo kuko barakabije pe\u201d<\/em> <\/strong><br \/>\nMu karere ka Rubavu haravugwa ikibazo cy&#8217;abaturage bari kwirukanwa mu masambu bafitiye ibyangombwa, Meya w&#8217;aka karere yashyizwe mu majwi n&#8217;aba baturage bavuga ko ashaka kubirukana akoresheje imbaraga ze bwite agashaka kunyuranya n&#8217;ibyemezo by&#8217;imanza zaciwe n&#8217;inkiko.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Meya Sinamenya yavuguruje inkiko ku kibazo cy\u2019amasambu i Nyamyumba muri Rubavu<\/strong><br \/>\nNi ikibazo cyo kuva mu mwaka wa 1959 ubwo habagaho guhunga mu Rwanda mu gihe hari hadutse ubwicanyi bwakorerwaga Abatutsi, hashize imyaka  60.<br \/>\nUbwo umuryango wa Munyegomba wahunganga mu mwaka w\u20191959 wasigiye amasambu yawo umuryango wa Sebarabenga ngo uyabacungire, abo mu muryango wa Munyegomba bavuga ko mu gihe bari bahungutse bagarutse mu Rwanda basanze abo kwa Sebarabenga baragize aya masambu ayabo bwite (baragurishije)<br \/>\nAbo kwa Munyegomba bayobotse inkiko ariko uko impapuro z\u2019irangiza rubanza zibigaragaza, aba batsinzwe mu mwaka wa 2008 urubanza rurarangizwa, nyuma y\u2019igihe ubutegetsi bw\u2019Akarere ka Rubavu bwatangaje ko habonetse ibimenyetso bishya ku buryo urubanza rwari rwaraciwe rwavuguruzwa,<br \/>\nKu wa 24 Ugushyingo 2016, nibwo mu nteko rusange n\u2019abaturage yabereye i Nyamyumba hafashwe umwanzuro ko ku wa 20 Mutarama 2017  abatuye muri aya masambu bose bagomba kuzayavamo.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-50336 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg\" alt=\"Meya Sinamenye Jeremy ni nawe muyobozi w'umuryango wa FPR muri Rubavu\" width=\"640\" height=\"430\" \/><\/a><br \/>\n <em> <strong>Meya Sinamenye Jeremie ni nawe muyobozi w&#8217;umuryango wa FPR muri Rubavu<\/strong> <\/em><br \/>\nMeya Sinamenye Jermie uyobora akarere ka Rubavu niwe watanze iryo tegeko ati \u201cTariki 20 z\u2019ukwezi kwa mbere buri wese azabe akuyemo imyaka <strong> <em>,(Umuturege: Hazaba harimo guhonya nyakubahwa Meya<\/em> <\/strong> ) uwo niwo mwanzuro, nibitagenda uko tuzabara ubukode<br \/>\nAbatuye muri aya masambu nyuma yo kutanyurwa n\u2019iki cyemezo cya Meya bandikiye inzego zitandukanye zirimo Intara y\u2019Uburengerazuba, Minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu, umuryango urwanya Ruswa n\u2019akarengane (Transparency International) ndetse n\u2019ibiro by\u2019umukuru w\u2019igihugu basaba kurenganurwa<br \/>\nIcyarushijeho guteza impagarara muri iki kibazo ni uko mu gihe hari hagitegerejwe igisubizo kizava muri izi nzego basabye kubarenganura, ku wa 07 Ukuboza 2016, aba baturage batunguwe no kubona abantu bambaye gisivile n\u2019abandi bambaye gisirikale baje kubafata bahita batwara uwitwa Ukundimana Oscar usa nk\u2019aho ahagarariye abandi muri iki kibazo abandi barabakubita ibi bavuga ko byaba byaratewe n\u2019uko abayobozi ngo babasabye ibyangombwa by\u2019ubutaka bwabo bakanga kubitanga.<br \/>\nMu gukurikirana iki kibazo, Ingabire Marie Immaculee  avuga ko nk\u2019umuyobozi wa Transparency arahamagara guverineri kuko Meya we yamaze kumuvaho, Ati \u201c Ndahamagara Guverineri mubaze kuko Meya we rwose ntakubeshya uriya naramurangije, nta n\u2019ikintu nakwirirwa mubaza, ntinya umuntu ubeshya\u201d<br \/>\nAganira n&#8217;Ijwi ry&#8217;Amerika, Ingabire Marie Immaculee yagize ati \u201cNdakubwiye ngo uriya muyobozi ayobora polisi n\u2019igisirikare hariya, ntacyo amaze we rwose ibyo ndabikubwiye\u201d<br \/>\nAkomeza agira ati \u201c Ntabwo byumvikana ko urukiko rwaca urubanza noneho ngo abantu barurenge bamaze kubeshya perezida, ibya kariya karere simbizi, ni akarere katagira ubuyobozi buriya bariyoboye, iyoborwa n\u2019ushaka kuyobora wese, eeehh ufite amafaranga wese ayobora Rubavu icyo ndakizi,\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nHageragejwe uburyo butandukanye ngo ubutegetsi bwa Rubavu bugire icyo buvuga kuri aka karengane kavugwa mu nkuru ariko bwose burananirana. Kugeza ubu abatuye muri aya masambu baravuga ko nyuma y\u2019ifungwa rya hato na hato bose ubu ngo ntibatuje, bamwe ngo ntibari kurara mu ngo zabo mu rwego rwo kwihisha abashobora kuza kubajyana mu buroko.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n<a href=\"mailto:Scadrack@bwiza.com\">Schadrack@bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Madamu Ingabire Marie Immaculee uyobora umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n\u2019akarengane mu Rwanda ati \u201cNtimukage mumbwira akarere ka Rubavu, ni ukuri ndabasabye, Akarere ka Rubavu kamaze kungera hantu, wabonye Meya ubeshya? babeshye perezida wa Repubulika bamukoresha amakosa, barangije akabeshya minisitiri bicaranye amubeshya ngo ikibazo barakirangije kandi ntacyo bakozeho kubera ruswa bahabwa n\u2019umucuruzi, niba yitwa nde? Mana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[],"class_list":["post-3871","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-zicukumbuye"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Madamu Ingabire Marie Immaculee uyobora umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n\u2019akarengane mu Rwanda ati \u201cNtimukage mumbwira akarere ka Rubavu, ni ukuri ndabasabye, Akarere ka Rubavu kamaze kungera hantu, wabonye Meya ubeshya? babeshye perezida wa Repubulika bamukoresha amakosa, barangije akabeshya minisitiri bicaranye amubeshya ngo ikibazo barakirangije kandi ntacyo bakozeho kubera ruswa bahabwa n\u2019umucuruzi, niba yitwa nde? Mana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-11T10:57:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika\",\"datePublished\":\"2016-12-11T10:57:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871\"},\"wordCount\":593,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg\",\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871\",\"name\":\"Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg\",\"datePublished\":\"2016-12-11T10:57:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3871#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika - BWIZA","og_description":"Madamu Ingabire Marie Immaculee uyobora umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n\u2019akarengane mu Rwanda ati \u201cNtimukage mumbwira akarere ka Rubavu, ni ukuri ndabasabye, Akarere ka Rubavu kamaze kungera hantu, wabonye Meya ubeshya? babeshye perezida wa Repubulika bamukoresha amakosa, barangije akabeshya minisitiri bicaranye amubeshya ngo ikibazo barakirangije kandi ntacyo bakozeho kubera ruswa bahabwa n\u2019umucuruzi, niba yitwa nde? Mana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-11T10:57:03+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika","datePublished":"2016-12-11T10:57:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871"},"wordCount":593,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg","articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3871#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871","name":"Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg","datePublished":"2016-12-11T10:57:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3871"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Meya-Sinamenye-ni-nawe-muyobozi-wumuryango-wa-FPR-mu-karere-ka-Rubavu.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3871#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3871","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3871"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3871\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3871"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3871"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3871"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}