{"id":38712,"date":"2021-08-02T08:15:00","date_gmt":"2021-08-02T08:15:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/08\/02\/murangwa-eugene-yamaganye-yivuye-inyuma-ibyo-kongera-abanyamahanga-muri\/"},"modified":"2021-08-02T08:15:00","modified_gmt":"2021-08-02T08:15:00","slug":"murangwa-eugene-yamaganye-yivuye-inyuma-ibyo-kongera-abanyamahanga-muri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712","title":{"rendered":"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y&#8217;u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Murangwa Eug\u00e8ne wahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports n&#8217;ikipe y&#8217;igihugu &#8216;Amavubi&#8217;, yamaganiye kure icyemezo cya FERWAFA cyo kongera umubare w&#8217;abanyamahanga bakina muri shampiyona y&#8217;u Rwanda, avuga ko n&#8217;ubundi ntacyo bazafasha Abanyarwanda.<\/p>\n<p>Ku wa Gatanu w&#8217;icyumweru gishize ni Inteko Rusange ya FERWAFA yongereye umubare w&#8217;abanyamahanga bakwiye kugaragara ku mukino wa shampiyona, bava kuri batatu bagera kuri batanu.<\/p>\n<p>Cyakora cyo n&#8217;ubwo hari benshi mu bakurikirana umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda bishimiye iki cyemezo, Murangwa Eug\u00e8ne abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram we yagaragaje ko abanyamahanga benshi atari bo gisubizo cya ruhago Nyarwanda.<\/p>\n<p>Murangwa yavuze ko akigera muri Rayon Sports yasanzemo abakinnyi n&#8217;abanyamahanga nka Hussein bitaga Karabi na Ndagano bitaga Rate, abo avuga ko &#8220;bari bamwe mu bakinnyi bari bafite ijambo rikomeye mu ikipe haba muri bagenzi babo b\u2019abakinnyi, mu bayobozi ndetse no mu bafana muri rusanjye, bari bakunzwe kandi bubahwa.&#8221;<\/p>\n<p>Avuga ko umusaruro w&#8217;abanyamahanga wakomeje kwigaragaza mu bihe bya ba Lisala, Minko Michel, Aimee Dollars, Billy n\u2019abandi baje muri Rayon Sports nyuma y&#8217;umwaka wa 1989.<\/p>\n<p>Murangwa avuga ko muri kiriya gihe abanyamahanga batangaga umusaruro ugaragara, gusa ab&#8217;iki gihe bakaba batandukanye na bo cyane.<\/p>\n<p>Ku bwe, &#8220;uyu munsi biragoye kumva umunyamabanga ufite indangagaciro n&#8217;imico bimuhesha icyubahiro mu ikipe arimo cyane cyane ko n\u2019uwaba abifite bitagaragara kuko atahamara kabiri. Ibi byose ni byo bituma ntemera ko umubare w\u2019abanyamahanga mwinshi hari icyo ushobora kudufasha mu iterambere rya ruhago yacu.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ati &#8220;abanyamahanga baza mu Rwanda uyu munsi ni abadafite izo fundamentals ubundi zikenewe k\u2019umukinnyi uturuka hanze y\u2019igihugu.&#8221;<\/p>\n<p>Murangwa yasobanuye ko kuri ubu umunyamabanga ukomeye mu karere mbere yo gutekereza kuza mu Rwanda atekereza mu bihugu by\u2019ibituranyi [Tanzania], akaba ari kimwe mu bigaragaza ko shampiyona y\u2019u Rwanda yasubiye inyuma.<\/p>\n<p>Yavuze ko &#8220;Kera abanyamahanga beza bazaga mu Rwanda bavaga i Goma, Bukavu, Burundi ndetse no bindi bice byo muri Kivu y\u2019Amajyaruguru n\u2019Amajyepfo, uyu munsi aba banyamahanga ntibaza mu Rwanda kubera impamvu nk\u2019ebyeri; gusubira inyuma kwa shampiyona yacu n\u2019impinduka z\u2019imiterere y\u2019umupira w\u2019amaguru mu karere k\u2019Ibiyaga Bigari.&#8221;<\/p>\n<p>Ku bwe ngo bisigaye byoroshye ko abakinnyi beza bo mu bice bya za Goma, Bukavu n\u2019ahandi bajya gukina i Kinshasa cyangwa Lubumbashi kurusha uko byari bimeze mu myaka yashize.<\/p>\n<p>Yunzemo ko abakinnyi beza bava i Burundi aho kuza mu Rwanda bajya muri Tanzania, South Africa n\u2019ahandi kure kurusha uko baza mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ibi abiheraho avuga ko umubare w\u2019abanyamahanga u Rwanda rwifuza kongera uzazana abadafite ubushobozi bwo kurugeza aho rwifuza kugera kandi igihe n\u2019ikigera bikazagaragara ko habayeho ukwibeshya.<\/p>\n<p>Murangwa yavuze ko hagashyizwe imbaraga mu iterambere ry\u2019umupira w\u2019amaguru haherewe mu bana kuko ari yo nkingi ya byose gusa bikanajyana no kubaka inzego z\u2019ubuyobozi mu makipe no muri federasiyo.<\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/Lh6CCt0fmmA\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/dc5aMqD_HSM\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/qMSeuhjwl6k\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\"><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Murangwa Eug\u00e8ne wahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports n&#8217;ikipe y&#8217;igihugu &#8216;Amavubi&#8217;, yamaganiye kure icyemezo cya FERWAFA cyo kongera umubare w&#8217;abanyamahanga bakina muri shampiyona y&#8217;u Rwanda, avuga ko n&#8217;ubundi ntacyo bazafasha Abanyarwanda. Ku wa Gatanu w&#8217;icyumweru gishize ni Inteko Rusange ya FERWAFA yongereye umubare w&#8217;abanyamahanga bakwiye kugaragara ku mukino wa shampiyona, bava kuri batatu bagera kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-38712","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y&#039;u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y&#039;u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Murangwa Eug\u00e8ne wahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports n&#8217;ikipe y&#8217;igihugu &#8216;Amavubi&#8217;, yamaganiye kure icyemezo cya FERWAFA cyo kongera umubare w&#8217;abanyamahanga bakina muri shampiyona y&#8217;u Rwanda, avuga ko n&#8217;ubundi ntacyo bazafasha Abanyarwanda. Ku wa Gatanu w&#8217;icyumweru gishize ni Inteko Rusange ya FERWAFA yongereye umubare w&#8217;abanyamahanga bakwiye kugaragara ku mukino wa shampiyona, bava kuri batatu bagera kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-08-02T08:15:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38712#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38712\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y&#8217;u Rwanda\",\"datePublished\":\"2021-08-02T08:15:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38712\"},\"wordCount\":483,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38712#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38712\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38712\",\"name\":\"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y'u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-08-02T08:15:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38712#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38712\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=38712#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y&#8217;u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y'u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y'u Rwanda - BWIZA","og_description":"Murangwa Eug\u00e8ne wahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports n&#8217;ikipe y&#8217;igihugu &#8216;Amavubi&#8217;, yamaganiye kure icyemezo cya FERWAFA cyo kongera umubare w&#8217;abanyamahanga bakina muri shampiyona y&#8217;u Rwanda, avuga ko n&#8217;ubundi ntacyo bazafasha Abanyarwanda. Ku wa Gatanu w&#8217;icyumweru gishize ni Inteko Rusange ya FERWAFA yongereye umubare w&#8217;abanyamahanga bakwiye kugaragara ku mukino wa shampiyona, bava kuri batatu bagera kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-08-02T08:15:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y&#8217;u Rwanda","datePublished":"2021-08-02T08:15:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712"},"wordCount":483,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=38712#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712","name":"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y'u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-08-02T08:15:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=38712"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=38712#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Murangwa Eug\u00e8ne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y&#8217;u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/38712","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=38712"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/38712\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=38712"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=38712"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=38712"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}