{"id":3897,"date":"2016-12-12T17:31:59","date_gmt":"2016-12-12T17:31:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/12\/navutse-ku-babyeyi-b-abahutu-ariko-ubu-ndi-umunyarwanda-guverineri\/"},"modified":"2016-12-12T17:31:59","modified_gmt":"2016-12-12T17:31:59","slug":"navutse-ku-babyeyi-b-abahutu-ariko-ubu-ndi-umunyarwanda-guverineri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897","title":{"rendered":"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2016, ubwo abayobozi batandukanye b\u2019igihugu baganiraga n\u2019ububyiruko rw\u2019abana basaga 800 bari mu itorero i Gabiro, Guverineri Mureshyankwano yatanze ubuhamya ku mibereho ye mbere na nyuma ya Jenoside yo muri Mata 1994.<\/em> <\/strong><br \/>\nMu buhamya bwe yagejeje ku bari aho, Guverineri w\u2019intara y\u2019Amajyepfo Mureshankwano Marie Rose yagaragaje intambwe u Rwanda rwamuteje kuva aho akomoka kugeza kuwo ari we ubu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYagize ati\u201dNavukiye mu Rwanda nkura nziko ndi Umuhutu kuko ababyeyi bose bari Abahutu. Twari dufite abaturanyi b\u2019Abatutsi ariko twabafataga nk\u2019abanzi bacu. Amacakubiri y\u2019amoko nayavukiyemo nyakuriramo. Igihe cya Jenoside yo muri Mata 1994 nari umwalimu mu mashuri abanza.\u201d<br \/>\nNubwo Guverineri mureshyankwano yakuze akanabona akazi mu nzego za leta, avuga ko mu gihe yigaga Abatutsi bahezwaga mu bijyanye n\u2019amasomo ku buryo nta mututsi watsindaga, ibyo yise \u201cAbemerewe.\u201d Yavuze ko ku rutonde rw\u2019abemerewe nta Mututsi wabaga ariho.<br \/>\n\u201dMu gihe cya Jenoside, natwe twarahunze. Twahungiye mu cyahoze ari Zaire twabaga turi kumwe n\u2019Interahamwe ndetse n\u2019ingabo za Exfar. Nubwo nari Umuhutu, nari nziko Abahutu bagenzi banjye barimo kwica Abatutsi.\u201d<\/p>\n<blockquote class=\"twitter-tweet\">\n<p>Mureshyankwano: Navutse ndi umuhutu, Data na Mama ari abahutu, nzi ko duturanye n\u2019Abatutsi. Amacakubiri y\u2019amoko nayavukiyemo, nyakuriramo.<\/p>\n<p>\u2013 Min Youth&#038;ICT|Rwanda (@RwandaYouthICT) <a href=\"https:\/\/twitter.com\/RwandaYouthICT\/status\/808325492512358400\">December 12, 2016<\/a><\/p><\/blockquote>\n<p>Ku kijyanye n\u2019ubuzima bwo mu buhungiro, Guverineri mureshyankwano yavuze ko ubuzima butaje kumugendekera neza mu mashyamba ya Kongo kuko umwana we yaje kubapfiraho aho bari bari mu mashyamba ndetse n\u2019umugabo we akamuremberaho bikabije. Yavuze ko aho yari ari ubuzima bwe n\u2019ubw\u2019umuryango we bwari mu kaga ku buryo yumvaga igihe icyo aricyo cyose yapfa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNyuma ngo nibwo ingabo za RPA zaraje zifata umugabo we ziramutwara zimusaba ko nawe azikurikira. Yarabikoze kuko nta yandi mahitamo yari afite.<br \/>\nYakomeje agira ati\u201dizi ngabo zaragiye ziha umugabo wanjy imiti arakira ndetse zinatwitaho zikaduha ibyo kurya, none abahutu brazishe ariko sinzazibagirwa.\u201d<br \/>\nGunerineri Mureshyankwano ngo yaje gutahuka ku ivuko mu cyahoze ari komini Karago aho yanatangiye guhatanira umwanya mu Nteko Ishinga Amategeko y\u2019u Rwanda.<br \/>\nAgira ati\u201d umwanya mu Nteko narawubonye ndetse nywumaraho imyaka igera kuri 11, none ubu nyoboye Intara y\u2019Amajyepfo yose. Nkurikije n\u2019uburyo Inkotanyi zanyitayeho n\u2019umuryango wanjye, byampaye isomo ndetse n\u2019umwanzuro ko ntakiri Umuhutu ahubwo ko ndi Umunyarwanda kimwe n\u2019abandi bose ubu twese turi Abanyarwanda.\u201d<\/p>\n<blockquote class=\"twitter-tweet\">\n<p>Governor Mureshyankwano: After treating my husband &#038; taking care of my mother, RPA soldiers taught me that above all, we are all <a href=\"https:\/\/twitter.com\/hashtag\/Rwanda?src=hash\">#Rwanda<\/a>-ns<\/p>\n<p>\u2013 Min Youth&#038;ICT|Rwanda (@RwandaYouthICT) <a href=\"https:\/\/twitter.com\/RwandaYouthICT\/status\/808316991325044736\">December 12, 2016<\/a><\/p><\/blockquote>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUbu buhamya ni bumwe mu bwatangiwe imbere y\u2019urubyiruko rusaga 800 rwo mu Rwanda no mu mahanga mu itorero \u201cUrunana rw\u2019Urungano.\u201d<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2016, ubwo abayobozi batandukanye b\u2019igihugu baganiraga n\u2019ububyiruko rw\u2019abana basaga 800 bari mu itorero i Gabiro, Guverineri Mureshyankwano yatanze ubuhamya ku mibereho ye mbere na nyuma ya Jenoside yo muri Mata 1994. Mu buhamya bwe yagejeje ku bari aho, Guverineri w\u2019intara y\u2019Amajyepfo Mureshankwano Marie Rose yagaragaje intambwe u Rwanda rwamuteje kuva [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-3897","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2016, ubwo abayobozi batandukanye b\u2019igihugu baganiraga n\u2019ububyiruko rw\u2019abana basaga 800 bari mu itorero i Gabiro, Guverineri Mureshyankwano yatanze ubuhamya ku mibereho ye mbere na nyuma ya Jenoside yo muri Mata 1994. Mu buhamya bwe yagejeje ku bari aho, Guverineri w\u2019intara y\u2019Amajyepfo Mureshankwano Marie Rose yagaragaje intambwe u Rwanda rwamuteje kuva [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-12T17:31:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3897#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3897\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano\",\"datePublished\":\"2016-12-12T17:31:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3897\"},\"wordCount\":454,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3897#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3897\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3897\",\"name\":\"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-12T17:31:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3897#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3897\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3897#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2016, ubwo abayobozi batandukanye b\u2019igihugu baganiraga n\u2019ububyiruko rw\u2019abana basaga 800 bari mu itorero i Gabiro, Guverineri Mureshyankwano yatanze ubuhamya ku mibereho ye mbere na nyuma ya Jenoside yo muri Mata 1994. Mu buhamya bwe yagejeje ku bari aho, Guverineri w\u2019intara y\u2019Amajyepfo Mureshankwano Marie Rose yagaragaje intambwe u Rwanda rwamuteje kuva [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-12T17:31:59+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano","datePublished":"2016-12-12T17:31:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897"},"wordCount":454,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3897#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897","name":"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-12T17:31:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3897"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3897#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Navutse ku babyeyi b\u2019Abahutu ariko ubu ndi Umunyarwanda -Guverineri Mureshyankwano"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3897","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3897"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3897\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3897"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3897"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3897"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}