{"id":3911,"date":"2016-12-13T13:50:23","date_gmt":"2016-12-13T13:50:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/13\/kabarebe-yasobanuye-impamvu-perezida-kagame-yimuriye-urugamba-mu-majyaruguru\/"},"modified":"2025-02-12T17:31:07","modified_gmt":"2025-02-12T15:31:07","slug":"kabarebe-yasobanuye-impamvu-perezida-kagame-yimuriye-urugamba-mu-majyaruguru","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911","title":{"rendered":"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye"},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Ukuboza, minisitiri w\u2019ingabo, Gen. James Kabarebe, yahaye ikiganiro urubyiruko ruri mu itorero  <strong>Urunana rw\u2019Urungano<\/strong>  ku nzira y\u2019umusaraba banyuzemo mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, aho yatangaje ko Kagame yagarutse avuye ku ishuri agasanga nta kizere cyo gukomeza urugamba bafite akabakomeza.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko ku nzira y\u2019urugamba rwo kubohoza u Rwanda banyuzemo, Gen. Kabarebe yavuze ko bamwe muri bo bari barabanje no kugira uruhare mu rugamba rwo kubohoza Uganda, abandi bakaba bari baraturutse mu bihugu byo mu karere bari barahungiyemo.<\/p>\n<p>  <a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-50580\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg\" alt=\"czjcadixcaa8e9e\" width=\"1200\" height=\"800\" \/><\/a><\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <strong>Ntwitwari dufite ibitwaro bya rutura, twarushwaga ubwinshi n\u2019ingabo za guverinoma, ariko twari dufite intego<\/strong> \u201d.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko iteka ukuri gutsinda iyo ufite intego yumvikana kandi uharanira uburenganzira bwawe.<\/p>\n<p>Yabwiye urubyiruko rwari ruri muri iri torero rimaze icyumweru ko ruri mu itorero kuko rwifuza gukomeza urugamba batangije mu myaka 22 ishize. Yarubwiye ko rwo n\u2019abandi bazarukurikira bakwiye gufasha gukomeza urugamba rwo kwibohora no kwihesha agaciro.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Czi41e3W8AAQ8KR.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-50579\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Czi41e3W8AAQ8KR.jpg\" alt=\"czi41e3w8aaq8kr\" width=\"1200\" height=\"756\" \/><\/a><\/p>\n<p>Gen Kabarebe yavuze ko ku munsi wa mbere w\u2019urugamba mu 1990, babuze umusirikare umwe, ariko ku munsi wakurikiye hagapfa benshi barimo na Fred Rwigema.<\/p>\n<p>\u201c <strong> <em>Urugamba rwacu rwari rugamije kubohora u Rwanda no kubaka igihugu cyibereye Abanyarwanda bose<\/em> <\/strong> .\u201d Yongeyeho ko uru rugamba rwabaye umusingi wo kubaka u Rwanda rwihesha agaciro, kandi ari cyo gihugu Abanyarwanda bakwiriye.<\/p>\n<p>Minisitiri Kabarebe yakomeje avuga ko intambara zo kwibohoza zigorana kuzirwana kuko uwo muba murwana aba atumva impamvu. Yongeyeho ko inzira banyuzemo yatumye bakunda u Rwanda kurushaho.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019ingabo yakomoje ku kuntu perezida Kagame ava ku ishuri, aho yigaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasanze barihebye nta cyizere bafite. Icyo gihe icyo Kagame yakoze ngo ni ukwimura urugamba arujyana mu majyaruguru y\u2019igihugu.<\/p>\n<p>\u201c <em> <strong>Twagiye mu karere k\u2019ibirunga kubera ko perezida Kagame yashakaga kutumenyesha uko urugamba rugiye gukomeza turi ahantu hatuj<\/strong>  <strong>e<\/strong> <\/em> \u201d<\/p>\n<figure id=\"attachment_50584\" aria-describedby=\"caption-attachment-50584\" style=\"width: 792px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCYWJXgAEBNAd.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-50584\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCYWJXgAEBNAd.jpg\" alt=\"Minisitiri w'urubyiruko n'ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana (iburyo) nawe yari ahari\" width=\"792\" height=\"734\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-50584\" class=\"wp-caption-text\">Minisitiri w&#8217;urubyiruko n&#8217;ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana (iburyo) nawe yari ahari<\/figcaption><\/figure>\n<p>Yakomeje avuga ko ingabo za RPA zatanze ubuzima bwazo, zikihanganira ibintu bikomeye kubera ko zari zifite intumbero. Yagize ati: \u201c <em> <strong>Perezida Kagame yajyaga atubwira ko urugamba ari rwo musanzu wacu mu kubohora igihugu dukunda<\/strong> <\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Gen James Kabarebe yasubiye inyuma yibuka ko yabaye hafi y\u2019ikigo cya Gabiro nk\u2019impunzi mu gihugu cye. Yakomeje agira ati: \u201c <em> <strong>Batwubakiye inkambi y&#8217;impunzi i Kibondo. Nyuma HCR yaje kutumenya ikajya iduha ibyo kurya<\/strong> <\/em> \u201d<\/p>\n<p>Kabarebe kandi yibuka ukuntu yigeze kujya kugurisha amavuta ku basirikare mu kigo cya Gabiro, aho kumwishyura bakamukubita bakamwirukana. Yongeyeho ko nyuma yaje gutoroka inkambi y\u2019impunzi akajya mu nyeshyamba za Museveni akumva araruhutse.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCDY1WIAACqbg.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-50581\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCDY1WIAACqbg.jpg\" alt=\"czjcdy1wiaacqbg\" width=\"1200\" height=\"800\" \/><\/a><\/p>\n<p>Yibukije urubyiruko rugize itorero, Urunana rw\u2019Urungano, ko kubaka igihugu ari inzira ikomeza, ari yo mpamvu ingabo za RDF ziba mu bikorwa bitandukanye by\u2019iterambere.<\/p>\n<p>Yavuze ko nyuma yo guhagarika jenoside muri Nyakanga 1994, binjije mu gisirikare ingabo za EX-FAR zibarirwa mu 1,500. Yavuze ko ibibazo byose u Rwanda rwanyuzemo byatewe n\u2019ubuyobozi bubi, intego yabo ikaba yari kongera kubaka u Rwanda kandi bagafatanya n\u2019abo bahoze barwana. \u201c <em> <strong>Twanze kuyoborwa n\u2019amarangamutima<\/strong> <\/em> \u201d.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Kabarebe yibukije na none uru rubyiruko ko igihugu cyasenywe n\u2019urubyiruko  ariko ari narwo rwakibohoje, aho avuga ko benshi mu barubohoye bari hagati y\u2019imyaka 18 na 25.<\/p>\n<p>Gen Kabarebe kandi yagarutse ku rugamba rwo mu cyahoze ari Zaire, avuga ko rwakurikiye urwo kubohoza u Rwanda. Yavuze ko hari ibibazo kuko bamwe mu ngabo zatsinzwe bari banze gutaha ahubwo bagahitamo guhungabanya igihugu.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdjW8AE1K7P.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-50583\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdjW8AE1K7P.jpg\" alt=\"czjcadjw8ae1k7p\" width=\"1200\" height=\"800\" \/><\/a><\/p>\n<p>Yavuze ko ubu muri RDF harimo abasirikare bakuru bahoze mu gisirikare cya FAR, bamwe akaba ari abayobozi ba bridages, aba batayo n\u2019ahandi. Yagize ati: \u201c <em> <strong>Iyo utsinze urugamba rwo kwibohoza nk\u2019urwacu, ntabwo wireba gusa. Urebera ishusho ngari<\/strong> <\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Gen Kabarebe yavuze ku rugamba rwa Kitona mu majyepfo y\u2019uburasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Yavuze ko urugamba rwa Kitona rwagaragaje ubumwe bw\u2019Abanyarwanda kuko ngo ingabo za RDF zarwananye n\u2019abasirikare bari binjiye igisirikare vuba biganjemo abari barahoze mu Bacengezi kandi bagatsinda urugamba.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Yavuze ko mbere we n\u2019ingabo ze batari bizeye umusanzu w\u2019aba bahoze mu gicengezi, ariko ngo baratabaranye batsinda umwanzi. Yashimangiye ko iyo Abanyarwanda bashyize hamwe nta muntu wabatsinda.<\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Ukuboza, minisitiri w\u2019ingabo, Gen. James Kabarebe, yahaye ikiganiro urubyiruko ruri mu itorero Urunana rw\u2019Urungano ku nzira y\u2019umusaraba banyuzemo mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, aho yatangaje ko Kagame yagarutse avuye ku ishuri agasanga nta kizere cyo gukomeza urugamba bafite akabakomeza. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko ku nzira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3911","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Ukuboza, minisitiri w\u2019ingabo, Gen. James Kabarebe, yahaye ikiganiro urubyiruko ruri mu itorero Urunana rw\u2019Urungano ku nzira y\u2019umusaraba banyuzemo mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, aho yatangaje ko Kagame yagarutse avuye ku ishuri agasanga nta kizere cyo gukomeza urugamba bafite akabakomeza. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko ku nzira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-13T13:50:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:31:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye\",\"datePublished\":\"2016-12-13T13:50:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:31:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911\"},\"wordCount\":699,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911\",\"name\":\"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg\",\"datePublished\":\"2016-12-13T13:50:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:31:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3911#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Ukuboza, minisitiri w\u2019ingabo, Gen. James Kabarebe, yahaye ikiganiro urubyiruko ruri mu itorero Urunana rw\u2019Urungano ku nzira y\u2019umusaraba banyuzemo mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, aho yatangaje ko Kagame yagarutse avuye ku ishuri agasanga nta kizere cyo gukomeza urugamba bafite akabakomeza. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko ku nzira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-13T13:50:23+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:31:07+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye","datePublished":"2016-12-13T13:50:23+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:31:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911"},"wordCount":699,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3911#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911","name":"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg","datePublished":"2016-12-13T13:50:23+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:31:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3911"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/CzjCAdiXcAA8E9e.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3911#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3911","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3911"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3911\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3911"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3911"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3911"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}