{"id":3921,"date":"2016-12-14T08:51:17","date_gmt":"2016-12-14T08:51:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/14\/muhanga-umuhanda-perezida-kagame-yemereye-abaturage-washyizwemo-kaburimbo\/"},"modified":"2025-02-12T17:31:01","modified_gmt":"2025-02-12T15:31:01","slug":"muhanga-umuhanda-perezida-kagame-yemereye-abaturage-washyizwemo-kaburimbo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921","title":{"rendered":"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo"},"content":{"rendered":"<p>Umuhanda unyura muri Giperefe mu mujyi wa Muhanga,watangiye gushyirwamo kaburimbo igice cya mbere,NZABONIMPA Onesphore Umuyobozi ushinzwe ibikorwaremezo muri aka Karere avuga ko imirimo yo kubaka uyu muhanda igeze kuri 75%.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Uyu ni umwe mu mihanda Perezida Paul Kagame yasezeranije abaturage ubwo yimamarizaga manda ya kabiri  yo kuyobora iguhugu mu mwaka w\u20192010 igikorwa cyo kwiyamamaza cyabereye mu Karere ka Muhanga.<\/p>\n<p>Imirimo yo kubaka uyu muhanda  unyura aho bita mu Giperefe yatangiye kuwa  29 Ukuboza 2015, amasezerano yavugaga ko bitarenze  mu mpera z\u2019uyu mwaka wa 2016 aribwo imirimo yo kuwubaka izaba irangiye.<\/p>\n<p>NZABONIMPA Onesphore,Umuyobozi w\u2019ibikorwaremezo mu Karere ka Muhanga,avuga ko kubaka umuhanda uva ku biro by\u2019Akarere ugana mu giperefe,ari nawo uzakomereza kuri sitade y\u2019umupira w\u2019amaguru nta bukererwe bwabayeho kuko ngo  amafaranga yose yagenewe iyi mirimo ahari.<\/p>\n<p>Ati:\u00abKuba batangiye gushyira kaburimbo muri uyu muhanda biratanga icyizere y\u2019uko imirimo igenda neza kandi ko kuyubaka bizarangirana n\u2019ukwezi ku kuboza uyu mwaka\u00bb<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yongeyeho ko iki ari igice cya mbere cya kaburimbo kuko hagiye kujyamo n\u2019indi kaburimbo noneho umuhanda ukaba wuzuye 100% ku buryo igikorwa kizaba gisigaye ari cyo kuwakira ku wakira ku mugaragaro nk&#8217;uko urubuga rw&#8217;akarere dukesha iyi nkuru ruvuga.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Umuyobozi wungije mu Karere ka Muhanga ushinzwe iterambere ry\u2019ubukungu KAYIRANGA Innocent, avuga ko uretse  kubaka uyu muhanda hari ibindi bikorwaremezo birimo kurangiza inyubako ya gare,agakiriro no gushyira bimwe mu bikoresho muikusanyirizo ry\u2019amata, rimaze  imyaka 8 ridakora nabyo bigiye kwihutishwa nabyo bizaba byarangiranye n\u2019ukwezi kwa Mutarama umwaka utaha w\u20192017.<\/p>\n<p>KAYIRANGA ati:\u00abIbi bikorwaremezo byose twifuza ko byagombye kurangira vuba bishoboka kubera ko uyu mujyi wa Muhanga uri mu mijyi 6 igihugu cyahisemo nyuma y\u2019umujyi wa Kigali kandi turabifatanya n\u2019ibindi bikorwa by\u2019iterambere bizamura imibereho y\u2019abaturage \u00bb<\/p>\n<p>Uyu muhanda wa kaburimbo uzuzura utwaye miliyari imwe na miliyoni zirenga 800 z\u2019amafaranga y\u2019uRwanda,nyuma y\u2019uyu muhanda kandi Akarere karateganya kubaka indi mihanda mihanda  ya Kaburimbo muri uyu mujyi izanyura mu Kibirigi, Gahogo, ku bitaro bya Kabgayi, n\u2019ugana mu gakiriro yose  ikazatwara  miliyari 3 z\u2019amafaranga y\u2019uRwanda mu ngengo y\u2019imali y\u2019umwaka wa 2017-2018.<\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanda unyura muri Giperefe mu mujyi wa Muhanga,watangiye gushyirwamo kaburimbo igice cya mbere,NZABONIMPA Onesphore Umuyobozi ushinzwe ibikorwaremezo muri aka Karere avuga ko imirimo yo kubaka uyu muhanda igeze kuri 75%. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Uyu ni umwe mu mihanda Perezida Paul Kagame yasezeranije abaturage ubwo yimamarizaga manda ya kabiri yo kuyobora iguhugu mu mwaka w\u20192010 igikorwa cyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3921","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhanda unyura muri Giperefe mu mujyi wa Muhanga,watangiye gushyirwamo kaburimbo igice cya mbere,NZABONIMPA Onesphore Umuyobozi ushinzwe ibikorwaremezo muri aka Karere avuga ko imirimo yo kubaka uyu muhanda igeze kuri 75%. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Uyu ni umwe mu mihanda Perezida Paul Kagame yasezeranije abaturage ubwo yimamarizaga manda ya kabiri yo kuyobora iguhugu mu mwaka w\u20192010 igikorwa cyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-14T08:51:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:31:01+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3921#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3921\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo\",\"datePublished\":\"2016-12-14T08:51:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:31:01+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3921\"},\"wordCount\":374,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3921#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3921\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3921\",\"name\":\"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-14T08:51:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:31:01+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3921#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3921\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3921#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo - BWIZA","og_description":"Umuhanda unyura muri Giperefe mu mujyi wa Muhanga,watangiye gushyirwamo kaburimbo igice cya mbere,NZABONIMPA Onesphore Umuyobozi ushinzwe ibikorwaremezo muri aka Karere avuga ko imirimo yo kubaka uyu muhanda igeze kuri 75%. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Uyu ni umwe mu mihanda Perezida Paul Kagame yasezeranije abaturage ubwo yimamarizaga manda ya kabiri yo kuyobora iguhugu mu mwaka w\u20192010 igikorwa cyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-14T08:51:17+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:31:01+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo","datePublished":"2016-12-14T08:51:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:31:01+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921"},"wordCount":374,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3921#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921","name":"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-14T08:51:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:31:01+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3921"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3921#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3921","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3921"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3921\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3921"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3921"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3921"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}