{"id":3933,"date":"2016-12-15T07:46:01","date_gmt":"2016-12-15T07:46:01","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/15\/kigali-yatawe-muri-yombi-yiyita-umukozi-wa-leta-akarya-imitsi-y-039-abaturage\/"},"modified":"2025-02-12T17:30:54","modified_gmt":"2025-02-12T15:30:54","slug":"kigali-yatawe-muri-yombi-yiyita-umukozi-wa-leta-akarya-imitsi-y-039-abaturage","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933","title":{"rendered":"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage"},"content":{"rendered":"<div>\n<div>\n<div>\n<div>\n<div>\n<div>\nUwitwa Nkundimana Daniel w\u2019imyaka 27 afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y\u2019u Rwanda ya Remera mu karere ka Gasabo, aho akurikiranweho icyaha cy\u2019ubwambuzi bushukana no kwiyitirira imirimo ya Leta adakora ndetse adafitiye ububasha.\n<\/div>\n<div>\nYafashwe tariki ya 13 Ukuboza mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge. Asobanurira itangazamakuru ibyerekeranye n\u2019uyu ukekwaho ibyaha, Chief Superintendent of Police (CSP)  Emmanuel Ngondo;  Umuyobozi wungirije w\u2019 Ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe Ubugenzacyaha, aho ashinzwe kurwanya ruswa no kugaruza umutungo wa Leta yagize ati: &#8220;Nkundimana twari tumaze iminsi tumushakisha kubera gutekera imitwe abaturage akabatwara amafaranga yabo akoresheje amayeri atandukanye.<br \/>\nNi ku nshuro ya kabiri tumufata. Ubwa mbere hari mu mwaka ushize wa 2015, twamufashe yiyita umuyobozi wa sitasiyo ya Polisi ya Gisozi mu karere ka Gasabo aho yabeshyaga abaturage ko abakemurira ibibazo, akabasaba ko bamuha amafaranga runaka. Icyo gihe twaramufashe tumushyikiriza inzego zibishinzwe ahabwa igihano kingana n\u2019umwaka\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nCSP Ngondo akomeza avuga ko uyu mwaka akimara gufungurwa atisubiyeho ngo areke ibi byaha, ko ahubwo yakomeje kubikora. Yagize ati:\u201d kuri iyi nshuro twamufashe yarigize umukozi w\u2019Urwego rw\u2019Umuvunyi aho yaryaga amafaranga y\u2019abaturage ababeshya ko azabakemurira ibibazo mbese ko azabafasha kurenganurwa\u201d.\n<\/div>\n<div>\nCSP Ngondo yavuze ko Nkundimana yajyaga mu rukiko yigize umuturage usanzwe noneho akumva impande ebyiri ziburana. Iyo byarangiraga yakurikiranaga neza uruhande rumwe ashakaho inyungu maze akamenya aho batuye ni ukuvuga umudugudu, akagari n\u2019umurenge.<br \/>\nNk\u2019uko CSP Ngondo akomeza abivuga, ngo Nkundimana kuko yabaga azi ibibazo by\u2019abo baturage, nyuma yababeshyaga ko  ari  umuyobozi wa Polisi mu karere,  ubundi Perezida w\u2019urukiko ndetse n\u2019Umukozi wo ku rwego rw\u2019Umuvunyi ; akaba yariyitiriraga umukozi w\u2019izi nzego agashuka abaturage ko azabakemurira ibibazo, kuko kubera amayeri yakoreshaga yavuzwe hejuru,  yabaga azi ibibazo byerekeranye n\u2019imanza hagati y\u2019abaturage cyangwa se n\u2019ibindi bibazo bafitanye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nUmuyobozi ushinzwe kurwanya ruswa no kugaruza umutungo wa Leta mu ishami ry\u2019ubugenzacyaha muri Polisi y\u2019u Rwanda,  yavuze ko Nkundimana yari afite amakarita (sim cards) 22 atandukanye yifashishaga mu guhamagara abaturage abatekera imitwe.<br \/>\nYagiriye inama abaturage yo kujya batanga amakuru hakiri kare y\u2019abatekamutwe bashuka abaturage ndetse bababeshya rimwe na rimwe ko batsindiye ibintu runaka kujya babimenyesha Polisi n\u2019izindi nzego. Aramutse ahamwe n\u2019ibyaha, yahanishwa ingingo ya 318 na 616 zo mu gitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha cy\u2019u Rwanda aho ibihano bishobora kugera ku myaka itatu cyangwa itanu.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em>\n<\/div>\n<\/div>\n<\/div>\n<\/div>\n<\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwitwa Nkundimana Daniel w\u2019imyaka 27 afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y\u2019u Rwanda ya Remera mu karere ka Gasabo, aho akurikiranweho icyaha cy\u2019ubwambuzi bushukana no kwiyitirira imirimo ya Leta adakora ndetse adafitiye ububasha. Yafashwe tariki ya 13 Ukuboza mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge. Asobanurira itangazamakuru ibyerekeranye n\u2019uyu ukekwaho ibyaha, Chief Superintendent of Police [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3933","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwitwa Nkundimana Daniel w\u2019imyaka 27 afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y\u2019u Rwanda ya Remera mu karere ka Gasabo, aho akurikiranweho icyaha cy\u2019ubwambuzi bushukana no kwiyitirira imirimo ya Leta adakora ndetse adafitiye ububasha. Yafashwe tariki ya 13 Ukuboza mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge. Asobanurira itangazamakuru ibyerekeranye n\u2019uyu ukekwaho ibyaha, Chief Superintendent of Police [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-15T07:46:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:30:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3933#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3933\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage\",\"datePublished\":\"2016-12-15T07:46:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:30:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3933\"},\"wordCount\":412,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3933#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3933\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3933\",\"name\":\"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-15T07:46:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:30:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3933#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3933\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3933#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage - BWIZA","og_description":"Uwitwa Nkundimana Daniel w\u2019imyaka 27 afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y\u2019u Rwanda ya Remera mu karere ka Gasabo, aho akurikiranweho icyaha cy\u2019ubwambuzi bushukana no kwiyitirira imirimo ya Leta adakora ndetse adafitiye ububasha. Yafashwe tariki ya 13 Ukuboza mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge. Asobanurira itangazamakuru ibyerekeranye n\u2019uyu ukekwaho ibyaha, Chief Superintendent of Police [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-15T07:46:01+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:30:54+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage","datePublished":"2016-12-15T07:46:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:30:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933"},"wordCount":412,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3933#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933","name":"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-15T07:46:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:30:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3933"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3933#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y&#039;abaturage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3933","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3933"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3933\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3933"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3933"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3933"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}