{"id":3975,"date":"2016-12-16T17:13:04","date_gmt":"2016-12-16T17:13:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/16\/abakarwanyije-ingengabitekerezo-ya-jenoside-nibo-bayikwirakwiza-bizimana-jean\/"},"modified":"2025-02-12T17:30:30","modified_gmt":"2025-02-12T15:30:30","slug":"abakarwanyije-ingengabitekerezo-ya-jenoside-nibo-bayikwirakwiza-bizimana-jean","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975","title":{"rendered":"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Kuri uyu wa 16 Ukuboza 2016 ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeraga kugezwaho ibibazo bitandukanye mu nama y\u2019umushyikirano bigikomeje kubangamira iterambere ry\u2019igihugu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa komisiyo y\u2019igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside, Bizimana Jean Damascene  yagarutse ku kibazo cy\u2019abanyamahanga bakomeje kwidegembya kandi harimo n\u2019abari baramaze gukatirwa ariko bakaza kurekurwa batarangije ibihano byabo.<\/em> <\/strong><br \/>\nMu kiganiro yatanze, Bizimana yagaragaje uruhare rw\u2019abanyamahanga mu gukwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside ariko anongeraho ko ikibabaje kurushaho ari uko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwari rwarashyiriweho u Rwanda Arusha ari rwo rukomeje gufata iyambere mu gutiza umurindi iki kibazo.<br \/>\nKu byerekeye uru ruhare, Bizimana yagaragaje uruhare rw\u2019urukiko mpuzamahanga rw\u2019i Arusha rukomeje kurekura abanyarwanda bari bakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside ndetse barimo n\u2019abari barakatiwe bakaba bararekuwe igihe bari bahawe kitarangiye.<br \/>\nBizimana yagize ati\u201dkuba hari n\u2019abahabwa ibihano bito bidahwanye n\u2019ibyaha bashinjwa ari imwe mu ntandaro yo gupfobya burundu jenoside yakorewe Abatautsi mu 1994.\u201d<br \/>\n\u00a0<br \/>\nAha yagarutse kuri Padiri Rukundo Emmanuel, Ndahimana Ferdinand n\u2019abandi baherutse gufungurwa, aho yagize ati\u201daho bukera n\u2019ejo cyangwa ejobundi mwakumva na Bagosora yarekuwe akaza hanze\u201d<br \/>\nYakomeje agira ati\u201d iyo dusesenguye dusanga kugabanya ibi bihano bihabwa abakoze jenocide bari mu mahanga biri mu mugambi wo gutesha agaciro nyirizinaJenoside.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUbusanzwe uru rukiko rufite inshingano zo gukomeza gukurikirana abanyarwanda bakoze ibyaha byo mu rwego rwo hejuru barimo ba Kabuga, Maj Ntaranya n\u2019abandi ariko aho kubikora ngo rukaba rushyira imbaraga mu kurekura n\u2019abari baramaze gufatwa bagahabwa ibihano.<br \/>\nmwe mu nshingano z\u2019urukiko, gukomeza gukurikirana kabuga, nteranya maj<br \/>\nuyu muyobozi yakomeje avuga ko hari ingingo 3 zigomba kugenderwaho kugirango hagire urekurwa cyangwa hagire uhabwa igihano runaka. Izo ngingo zirimo gushingira ku byaha uwo muntu aregwa, aregwa, kugisha inama leta ushinjwa akomokamo, no kuba uwo muntu yarasabye imbabazi akicisha bugufi.<br \/>\nYanagarutse ku gihugu cy\u2019u Bufaransa aho yavuze ko bugihyigikiye abakoze Jenoside bubakingira ikibaba.<br \/>\nUrugero yatanze nuko Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwatanze impapuro 39  z\u2019abanyarwanda baba mu gihugu cy\u2019u Bufaransa bukaba bwaragombaga kubakurikirana aho bwasuzumye dosiye 17 gusa ariko bukaba nta numwe muri bo bwohereje mu Rwanda mu gihe muri izo manza bwaciye 2 gusa.<br \/>\nUyu muyobozi yanagarutse ku bihugu bimwe na bimwe byagerageje gutanga ubutabera nk\u2019u Bubiligi bumaze guca imanza 3, u Budage bumaze guca imanza 3 aho bamwe mu baciriwe imanza barimo abanyepolitike n\u2019abahoze ari abarwanyi muri FDRL, u Busuwisi, u Buholandi Canada n\u2019ibindi<br \/>\nKu biihugu byohereje abanyarwanda kuburanishirizwa mu Rwanda harimo Amerika imaze kohereza 2, Canada 2 u Buholand2 u Busuwisi n\u2019ibindi.<br \/>\nHari ibihugu kandi byatangiye gushyiraho amategeko ahana abapfobya Jenoside zamaze kwemezwa n\u2019imiryango mpuzamahanga, muri izo Jenoside hakaba harimo n\u2019iyo mu Rwanda nk\u2019u Busuwisi n\u2019u Butaliyani.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYagize ati \u201d kuba ibi bihugu byarashyizeho aya mategeko  bica intege abagiharabika u Rwanda.\u201d<br \/>\nYavuze ko mu rwego rwo guhangana n\u2019iki kibazo cy\u2019ibihugu bikibiba ingengabitekerezo n\u2019ivangura hazabaho gukomeza guhangana n\u2019ibihugu byagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, gukomeza kubumbatira ibimenyetso bibitse amateka no kubika inyandiko, inzibutso n\u2019ibindi.<br \/>\nkubika inytandiko, inzibutso gukomeza kwandika no kumenyekanisha amakuru<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 16 Ukuboza 2016 ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeraga kugezwaho ibibazo bitandukanye mu nama y\u2019umushyikirano bigikomeje kubangamira iterambere ry\u2019igihugu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa komisiyo y\u2019igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside, Bizimana Jean Damascene yagarutse ku kibazo cy\u2019abanyamahanga bakomeje kwidegembya kandi harimo n\u2019abari baramaze gukatirwa ariko bakaza kurekurwa batarangije ibihano byabo. Mu kiganiro yatanze, Bizimana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3975","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa 16 Ukuboza 2016 ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeraga kugezwaho ibibazo bitandukanye mu nama y\u2019umushyikirano bigikomeje kubangamira iterambere ry\u2019igihugu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa komisiyo y\u2019igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside, Bizimana Jean Damascene yagarutse ku kibazo cy\u2019abanyamahanga bakomeje kwidegembya kandi harimo n\u2019abari baramaze gukatirwa ariko bakaza kurekurwa batarangije ibihano byabo. Mu kiganiro yatanze, Bizimana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-16T17:13:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:30:30+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3975#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3975\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene\",\"datePublished\":\"2016-12-16T17:13:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:30:30+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3975\"},\"wordCount\":517,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3975#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3975\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3975\",\"name\":\"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-16T17:13:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:30:30+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3975#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3975\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3975#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa 16 Ukuboza 2016 ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeraga kugezwaho ibibazo bitandukanye mu nama y\u2019umushyikirano bigikomeje kubangamira iterambere ry\u2019igihugu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa komisiyo y\u2019igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside, Bizimana Jean Damascene yagarutse ku kibazo cy\u2019abanyamahanga bakomeje kwidegembya kandi harimo n\u2019abari baramaze gukatirwa ariko bakaza kurekurwa batarangije ibihano byabo. Mu kiganiro yatanze, Bizimana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-16T17:13:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:30:30+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene","datePublished":"2016-12-16T17:13:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:30:30+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975"},"wordCount":517,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3975#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975","name":"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-16T17:13:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:30:30+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3975"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3975#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3975","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3975"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3975\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3975"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3975"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3975"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}