{"id":39868,"date":"2021-09-07T19:52:24","date_gmt":"2021-09-07T19:52:24","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/09\/07\/icyo-natekereje-ni-ukwirwanaho-kandi-narabikoze_meya-wa-bugesera-asobanura-uko\/"},"modified":"2021-09-07T19:52:24","modified_gmt":"2021-09-07T19:52:24","slug":"icyo-natekereje-ni-ukwirwanaho-kandi-narabikoze_meya-wa-bugesera-asobanura-uko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868","title":{"rendered":"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe"},"content":{"rendered":"<p>Umuyobozi w&#8217;akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yatangaje ko mu minsi ishize ubwo yasagararirwaga n&#8217;umuturage akamukubita inkoni yirwanyeho, gusa avuga ko kuba yakubitwa n&#8217;umuturage ari ibintu bisanzwe.<\/p>\n<p>Mu mpera z&#8217;icyumweru gishize ni bwo hamenyekanye amakuru y&#8217;uko hari abantu babiri bafunzwe n&#8217;Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Ubugenzacyaha (RIB), bazira gukubita umuyobozi w&#8217;akarere ka Bugesera.<\/p>\n<p>Aba barimo umusore w\u2019imyaka 23 y\u2019amavuko n\u2019umukuru w\u2019umudugudu w\u2019Ikoni uri mu yigize akarere ka Bugesera.<\/p>\n<p>Umusore watawe muri yombi akurikiranweho ibyaha birimo gukubita cyangwa kugirira urugomo abayobozi mu nzego za Leta, gukubita no gukomeretsa ku bushake no kwigomeka ku buyobozi, mu gihe mudugudu akurikiranweho ubufatanyacyaha.<\/p>\n<p>Meya Mutabazi Richard aganira na TV\/Radio1, yemeje koko ko uriya muturage yatinyutse kumukubitira mu ruhame.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Sinzi uko umuntu yabivuga ariko yarabitinyutse kandi mu ruhame, hanyuma navuga nti Imana ikinga akaboko cyangwa se nanjye sinamwemerera ko ankomeretsa nyine nk&#8217;uko yari yabigambiriye.&#8221;<\/p>\n<p>Abajijwe icyo yahise atekereza ubwo yamaraga gukubitwa, Meya Mutabazi yavuze ko nta kindi yatekereje kitari ukwirwanaho.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Kuba ndi umuyobozi ntabwo bivuze ko ntafite ubushobozi nk&#8217;umuntu bwo kwirwanaho; ku buryo wenda wankubita ugakubita mu jisho cyangwa ahandi hica. Rero nta byinshi natekereje, icya mbere natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze, we ibyo yakoze ntacyo byantwaye, ntabwo byampagaritse mu kazi.&#8221;<\/p>\n<p>Abajijwe uko yaba yarirwanyeho, Meya wa Bugesera yavuze ko ari ibanga.<\/p>\n<p>Meya Mutabazi wavuze ko uburyo yirwanyeho ari ibanga, yahakanye ko yaba yaragiye mu mitsi n&#8217;uriya muturage bijyanye n&#8217;uko asanzwe azwiho kuba umusportif.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ntabwo najya muri duel <a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\">mu mirwano] n&#8217;umuturage, nta n&#8217;ubwo nize karat\u00e9 ariko ndi umusportif, bivuze rero ko ntakureka unkomerekeje mu by&#8217;ukuri.&#8221;<\/p>\n<p>Umuyobozi w&#8217;akarere ka Bugesera yavuze ko kuba yarakubiswe n&#8217;umuturage nta gitangaza kirimo, kuko ngo hari ubwo bibaho kenshi.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ibi ni uko aba ari byo muba mwamenye, ariko duhura na byo kenshi cyane, nta gishyashya kirimo. Ni ibintu duhura na byo, abaturage ushobora kubabwira ibintu ntibabyumve, umuntu utararezwe neza ashobora no kugutuka akiruka, undi ashobora gukora igikorwa kigaragaza ko yasuzuguye ubuyobozi; ni ibintu duhura na byo cyane nta n&#8217;icyo natekereje kidasanzwe.&#8221;<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko Meya Mutabazi Richard yakubiswe inkoni ubwo yari aciye mu Murenge wa Ngeruka, Akagari ka Murama, Umududugu w\u2019Ikoni ku wa 29 Kanama;  agasanga abantu benshi bari kunywera inzoga mu rugo rw\u2019Umukuru w\u2019Umudugudu waho.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, aherutse gutangaza ko abakekwaho gukubita uriya muyobozi bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Ruhuha, mu gihe iperereza rigikomeje.<\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/zNIeI-0lhbI\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/vwEHSDX7Rz8\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi w&#8217;akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yatangaje ko mu minsi ishize ubwo yasagararirwaga n&#8217;umuturage akamukubita inkoni yirwanyeho, gusa avuga ko kuba yakubitwa n&#8217;umuturage ari ibintu bisanzwe. Mu mpera z&#8217;icyumweru gishize ni bwo hamenyekanye amakuru y&#8217;uko hari abantu babiri bafunzwe n&#8217;Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Ubugenzacyaha (RIB), bazira gukubita umuyobozi w&#8217;akarere ka Bugesera. Aba barimo umusore w\u2019imyaka 23 y\u2019amavuko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-39868","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi w&#8217;akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yatangaje ko mu minsi ishize ubwo yasagararirwaga n&#8217;umuturage akamukubita inkoni yirwanyeho, gusa avuga ko kuba yakubitwa n&#8217;umuturage ari ibintu bisanzwe. Mu mpera z&#8217;icyumweru gishize ni bwo hamenyekanye amakuru y&#8217;uko hari abantu babiri bafunzwe n&#8217;Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Ubugenzacyaha (RIB), bazira gukubita umuyobozi w&#8217;akarere ka Bugesera. Aba barimo umusore w\u2019imyaka 23 y\u2019amavuko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-09-07T19:52:24+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=39868#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=39868\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe\",\"datePublished\":\"2021-09-07T19:52:24+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=39868\"},\"wordCount\":425,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=39868#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=39868\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=39868\",\"name\":\"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-09-07T19:52:24+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=39868#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=39868\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=39868#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe - BWIZA","og_description":"Umuyobozi w&#8217;akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yatangaje ko mu minsi ishize ubwo yasagararirwaga n&#8217;umuturage akamukubita inkoni yirwanyeho, gusa avuga ko kuba yakubitwa n&#8217;umuturage ari ibintu bisanzwe. Mu mpera z&#8217;icyumweru gishize ni bwo hamenyekanye amakuru y&#8217;uko hari abantu babiri bafunzwe n&#8217;Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Ubugenzacyaha (RIB), bazira gukubita umuyobozi w&#8217;akarere ka Bugesera. Aba barimo umusore w\u2019imyaka 23 y\u2019amavuko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-09-07T19:52:24+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe","datePublished":"2021-09-07T19:52:24+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868"},"wordCount":425,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=39868#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868","name":"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-09-07T19:52:24+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=39868"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=39868#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Icyo natekereje ni ukwirwanaho kandi narabikoze_Meya wa Bugesera asobanura uko yakubiswe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/39868","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=39868"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/39868\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=39868"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=39868"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=39868"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}