{"id":4035,"date":"2016-12-20T11:22:27","date_gmt":"2016-12-20T11:22:27","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/20\/ntuzabyare-wumva-ko-leta-izagufasha-kurera-min-nyirasafari\/"},"modified":"2016-12-20T11:22:27","modified_gmt":"2016-12-20T11:22:27","slug":"ntuzabyare-wumva-ko-leta-izagufasha-kurera-min-nyirasafari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035","title":{"rendered":"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Minisiteri y\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry&#8217;umuryango irasaba iratangaza ko nta muntu ugomba kubyara ateganya ko azafashwa na leta kurera abana be ahubo ko mbere yo kubyara bagomba kubanza kubitegura no kureba niba barateganyirije abo bazabyara.<\/em> <\/strong><br \/>\nIbi ni ibyatangajwe na Minisitiri w\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry\u2019umuryango Nyirasafari Esperance mu kiganiro aherutse kugirana n&#8217;urubyiruko rwibumbiye mu muryango EARG, aho yibukije ibi cyane urubyiruko nka bamwe bakibyiruka kandi barebwa n\u2019iki kibazo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu kiganiro yagiranye n\u2019itangazamakuru yagize ati\u201dleta iza ku mwanya wa 2 inyuma yawe mu kugufasha kurera. Ntimukumve rero ko mugomba kubyara mukuzuza isi kandi mutarabanje guteganyiriza umwana wanyu.\u201d<br \/>\nYakomeje avuga ko mbere yo kubyara, umuntu aba agomba kureba ku bushobozi buhari bityo akabyara abo ashoboye kurera.<br \/>\nIbi abitangaje mu gihe hirya no hino mu gihugu hari gahunda zo guca abana no mu muhanda nk\u2019imwe mu ngaruka zo kubyara abo batabashije kurera.<br \/>\nMu mezi ashize, ubuyobozi bw\u2019umujyi wa Kigali bwari bwatangaje ko kuba hari bana bibera mu muhanda atari ikosa ryabo ahubwo ko ari iry\u2019ababyeyi babo baba bateshutse ku nshingano zabo zo kubitaho uko bikwiye no kubyara abo batabashije kurera.<br \/>\nUmuyobozi ushinzwe itangazamakur mu karere ka Nyarugenge Gaston Munyabugingo yagize ati\u201d Twifuza gukora ubukangurambaga mu migoroba y\u2019ababyeyi no mu Nteko z\u2019abaturage zibera mu midugudu iba nyuma y\u2019umuganda kugira ngo tubasabe kwita ku nshingano zo guha abana babo uburere bukwiye.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\ningingo ya 227 y\u2019igitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha mu Rwanda iteganya ko umubyeyi cyangwa umwishingizi wirengagiza kubahiriza imwe mu nshingano ze nta mpamvu yumvikana ku buryo bizahaza ubuzima, umutekano, imibereho y\u2019umwana we cyangwa uwo ashinzwe kurera ukiri muto, ureka umwana cyangwa uwo ashinzwe kurera akishora mu buzererezi, ahanishwa igifungo kuva ku mezi abiri (2) ariko kitageze ku mezi atandatu (6) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi ijana (100.000) kugeza kuri miliyoni imwe (1.000.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisiteri y\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry&#8217;umuryango irasaba iratangaza ko nta muntu ugomba kubyara ateganya ko azafashwa na leta kurera abana be ahubo ko mbere yo kubyara bagomba kubanza kubitegura no kureba niba barateganyirije abo bazabyara. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry\u2019umuryango Nyirasafari Esperance mu kiganiro aherutse kugirana n&#8217;urubyiruko rwibumbiye mu muryango EARG, aho yibukije ibi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-4035","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisiteri y\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry&#8217;umuryango irasaba iratangaza ko nta muntu ugomba kubyara ateganya ko azafashwa na leta kurera abana be ahubo ko mbere yo kubyara bagomba kubanza kubitegura no kureba niba barateganyirije abo bazabyara. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry\u2019umuryango Nyirasafari Esperance mu kiganiro aherutse kugirana n&#8217;urubyiruko rwibumbiye mu muryango EARG, aho yibukije ibi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-20T11:22:27+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4035#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4035\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari\",\"datePublished\":\"2016-12-20T11:22:27+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4035\"},\"wordCount\":337,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4035#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4035\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4035\",\"name\":\"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-20T11:22:27+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4035#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4035\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4035#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari - BWIZA","og_description":"Minisiteri y\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry&#8217;umuryango irasaba iratangaza ko nta muntu ugomba kubyara ateganya ko azafashwa na leta kurera abana be ahubo ko mbere yo kubyara bagomba kubanza kubitegura no kureba niba barateganyirije abo bazabyara. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry\u2019umuryango Nyirasafari Esperance mu kiganiro aherutse kugirana n&#8217;urubyiruko rwibumbiye mu muryango EARG, aho yibukije ibi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-20T11:22:27+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari","datePublished":"2016-12-20T11:22:27+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035"},"wordCount":337,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4035#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035","name":"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-20T11:22:27+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4035"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4035#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4035","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4035"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4035\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4035"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4035"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4035"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}