{"id":4048,"date":"2016-12-21T06:52:25","date_gmt":"2016-12-21T06:52:25","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/21\/mu-mezi-abiri-polisi-imaze-gufata-udutsiko-5-tw-039-abakora-impushya-z-039\/"},"modified":"2025-02-12T17:17:08","modified_gmt":"2025-02-12T15:17:08","slug":"mu-mezi-abiri-polisi-imaze-gufata-udutsiko-5-tw-039-abakora-impushya-z-039","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048","title":{"rendered":"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano"},"content":{"rendered":"<div>\n<p>Mu kwezi kwa Nzeri 2011,  Nkurunziza Antoine wo mu karere ka Bugesera,  ubwo yiteguraga gukora ikizamini cy\u2019uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga, haje umuntu amushuka ko akora muri Polisi y\u2019u Rwanda, mu Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda; maze amwizeza ko yamufasha kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku buryo bworoshye.<\/p>\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nNyuma yo kumva icyo gitekerezo no kucyemera, uwo wamwizezaga ibyo bitangaza witwa Utazirubanda Justin, bari baturanye mu murenge wa Ruhuha mu karere ka Bugesera;  yamusabye ko yamuha amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 100 by\u2019iyo serivisi undi arayamuha maze nyuma y\u2019igihe gito amuzanira urwo ruhushya rw\u2019agateganyo.<br \/>\nNkurunziza yagize ati:\u201d yanyijeje kandi ko yanamfasha kuzabona n\u2019uruhushya rwa burundu rwa B bityo muha amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 200 maze ararunzanira \u201d.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nUbwo muri uyu mwaka habaga igikorwa cyo gutanga serivisi z\u2019ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda binyuze kw\u2019irembo, Nkurunziza yashatse kumenya niba uruhushya rwe ari urw\u2019ukuri abinyujije kuri iyo serivisi y\u2019Irembo maze asanga ari uruhimbano.<br \/>\nNa murumuna we witwa Imanirambona nawe niko byamugendekeye kuko yahaye Utazirubanda amafaranga ibihumbi 320 ngo amufashe kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu mwaka w\u20192014. Cyakora nawe yahawe urw\u2019uruhimbano.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nUmuvugizi w\u2019ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kabanda yavuze ko Nkurunziza na Imanirambona ari bamwe mu bahawe impushya z\u2019impimbano na Utazirubanda ndetse n\u2019abandi batekamutwe nkawe bagiye bashuka abantu muri ubu buryo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nYagize ati:\u201d iki ni ikibazo twahagurukiye muri iki gihe, mu iperereza twakoze mu mezi abiri ashize,  tumaze gufata amatsinda atanu agizwe n\u2019abantu 16 y\u2019abakora ibi bikorwa bibi byo gutekera imitwe abantu bakabarya amafaranga yabo bababeshya ko babafasha kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga ku buryo bworoshye\u201d.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">CIP Kabanda yavuze ko umubare munini w\u2019abafashwe ari abo mu Mujyi wa Kigali harimo na Utazirubanda wafashwe mu cyumweru gishize.<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nYagize ati:\u201d Utazirubanda yari kuri lisiti y\u2019abantu twashakishaga bakora ndetse bakanatanga impushya zo gutwara ibinyabiziga z\u2019impimbano. Iyo lisiti inariho n\u2019abandi tugishakisha na n\u2019ubu kandi iperereza turacyarikomeje\u201d.  Ubwo Utazirubanda yafatwaga, yasanganwe lisiti iriho abantu 13 yari amaze guha impushya z\u2019impimbano abenshi bakaba biganjemo abamotari.<br \/>\nKuwa kabiri mu gitondo, abantu 6 bajyanye impushya zo gutwara ibinyabiziga bari baragurishijwe na Utazirubanda  ku ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, zose zikaba zarasuzumwe maze basanga ari impimbano.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nUmuvugizi w\u2019ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda yakomeje agira ati:\u201d kugeza ubu dufite lisiti y\u2019abantu 30 batunze izi mpushya z\u2019impimbano ariko turakeka ko bashobora no kuba ari benshi, iperereza turimo gukora niryo rizaduha umubare w\u2019ukuri\u201d.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\"> Yakomeje avuga ati:\u201d iyo ufite uruhushya nk\u2019urwo kandi wararubonye muri ubwo buryo, uzi neza ko nta kizamini wakoze, ugomba kumenya ko ruba ari urw\u2019uruhimbano, uba usabwa kurushyikiriza ku bushake Sitasiyo ya Polisi ikwegereye\u201d.<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\"><\/div>\n<div style=\"text-align: justify\"> CIP Kabanda yavuze ati:\u201d intego dufite si ugufata abatunze izi mpushya z\u2019impimbano kuko nta n\u2019agaciro ziba zifite. Mu gihe batazitanze ku bushake bwabo, bashyirwa ku rutonde rw\u2019abantu bashakishwa bafite ibyangombwa by\u2019ibihimbano hanyuma bagafatwa bagashyikirizwa ubutabera . Turabasaba rero kudufasha muri iki gikorwa cy\u2019iperereza turimo kugira ngo abakora izo mpushya kandi bitemewe bafatwe\u201d.<\/div>\n<div>\n<p>Aragira inama abaturage yo kwitondera abaza babashuka bigira \u201cabakomisiyoneri \u201c hagati y\u2019abaturage na Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda, babeshya ko bazabafasha kubona izo mpushya ku buryo bworoshye,  kandi icyo baba bagamije ari ukubarya amafaranga yabo.<\/p>\n<p>Yasabye uwo ariwe wese wabona abashaka gukoresha aya mayeri, kubimenyesha ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, kuri nimero ya 0788311502, 0788311215, 0788311110, 0788311114 cyangwa akabimenyesha sitasiyo ya Polisi imwegereye.<\/p>\n<\/div>\n<p> <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em> <\/p>\n<p> <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu kwezi kwa Nzeri 2011, Nkurunziza Antoine wo mu karere ka Bugesera, ubwo yiteguraga gukora ikizamini cy\u2019uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga, haje umuntu amushuka ko akora muri Polisi y\u2019u Rwanda, mu Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda; maze amwizeza ko yamufasha kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku buryo bworoshye. Nyuma yo kumva icyo gitekerezo no kucyemera, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4048","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu kwezi kwa Nzeri 2011, Nkurunziza Antoine wo mu karere ka Bugesera, ubwo yiteguraga gukora ikizamini cy\u2019uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga, haje umuntu amushuka ko akora muri Polisi y\u2019u Rwanda, mu Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda; maze amwizeza ko yamufasha kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku buryo bworoshye. Nyuma yo kumva icyo gitekerezo no kucyemera, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-21T06:52:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:17:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4048#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4048\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano\",\"datePublished\":\"2016-12-21T06:52:25+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:17:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4048\"},\"wordCount\":606,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4048#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4048\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4048\",\"name\":\"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-21T06:52:25+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:17:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4048#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4048\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4048#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano - BWIZA","og_description":"Mu kwezi kwa Nzeri 2011, Nkurunziza Antoine wo mu karere ka Bugesera, ubwo yiteguraga gukora ikizamini cy\u2019uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga, haje umuntu amushuka ko akora muri Polisi y\u2019u Rwanda, mu Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda; maze amwizeza ko yamufasha kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku buryo bworoshye. Nyuma yo kumva icyo gitekerezo no kucyemera, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-21T06:52:25+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:17:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano","datePublished":"2016-12-21T06:52:25+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:17:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048"},"wordCount":606,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4048#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048","name":"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-21T06:52:25+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:17:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4048"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4048#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw&#039;abakora impushya z&#039;ibinyabiziga z&#039;impimbano"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4048","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4048"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4048\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4048"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4048"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4048"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}