{"id":4058,"date":"2016-12-21T11:59:30","date_gmt":"2016-12-21T11:59:30","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/21\/hari-ibyo-abayobozi-muri-guverinoma-bavuye-mu-kazi-bagenerwaga-batazongera\/"},"modified":"2025-02-12T17:17:00","modified_gmt":"2025-02-12T15:17:00","slug":"hari-ibyo-abayobozi-muri-guverinoma-bavuye-mu-kazi-bagenerwaga-batazongera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058","title":{"rendered":"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga  batazongera guhabwa"},"content":{"rendered":"<p>Abayobozi muri guverinoma bava mu myanya yabo babonye indi mirimo mishya hari ibyo bagenerwaga batazongera kubona nk\u2019uko bigaragara mu itegeko ngenga rishyiraho ibigenerwa abanyapolitiki bakuru b\u2019igihugu. Ibi bije nyuma y\u2019aho abagize Sena batoreye Itegeko Ngenga rihindura kandi ryuzuza Itegeko Ngenga n\u00b0 05\/2012\/OL ryo ku wa 03\/09\/2012 rishyiraho ibigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b&#8217;Igihugu.<\/p>\n<p>Kuwa 19 Ukuboza 2016, nibwo Mu Nteko Rusange y\u2019igihembwe kidasanzwe ya Sena yateranye iyobowe na Perezida wa Sena, Nyakubahwa Makuza Bernard, Abasenateri batora Itegeko Ngenga rihindura kandi ryuzuza Itegeko Ngenga n\u00b0 05\/2012\/OL ryo ku wa 03\/09\/2012 rishyiraho ibigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b&#8217;Igihugu.<\/p>\n<p>Asobanura ishingiro ry\u2019umushinga w\u2019iri tegeko, Minisitiri w\u2019Abakozi ba Leta n\u2019Umurimo, Nyakubahwa Uwizeye Judith yabwiye Abasenateri ko kuba itegeko ryari risanzwe riteganya ibihe birebire cyangwa bitandukanye abari Abayobozi Bakuru bagenerwamo imishahara n\u2019ibindi babonaga bari mu kazi nyuma yo kukavamo, usanga bidafasha mu kubungabunga umutungo wa Leta.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko hari bimwe mu byo Abayobozi Bakuru bavuye mu mirimo bakomeza kugenerwa usanga imiterere yabyo ijyana n\u2019akazi, bityo bikaba bigaragara ko atari ngombwa kubiha Umuyobozi utakiri mu kazi ari nacyo cyatumye hatekerezwa uburyo iri tegeko ryavugururwa.<\/p>\n<p>Urugero Minisitiri Uwizeye yatanze ni amafaranga yo kwakira abashyitsi mu rwego rw\u2019akazi, amafaranga y\u2019itumanaho mu rwego rw\u2019akazi, imodoka za Leta na serivisi z\u2019umutekano.<\/p>\n<p>Minisitiri Uwizeye  yavuze ko  iri tegeko ngenga rishya riteganya ko umunyapolitiki Mukuru w\u2019Igihugu uri mu cyiciro cya kabiri ucyuye igihe atavanyweho icyizere nta n&#8217;icyaha cyerekeye imirimo yari ashinzwe kimuhama, akomeza guhabwa ibyo yagenerwaga byose mu gihe cy&#8217;amezi atandatu ariko yahabwa undi murimo na Leta cyangwa akabona umurimo mu nzego z\u2019abikorera muri icyo gihe cy\u2019amezi atandatu umushahara n\u2019ibindi yagenerwaga bihagarara.<\/p>\n<p>Ku bireba umunyapolitiki uri mu cyiciro cya gatatu n\u2019icya kane, iri tegeko ngenga riteganya ko iyo avuye mu mirimo ye atavanyweho icyizere cyangwa adahamwe n\u2019icyaha cyerekeranye n\u2019imirimo ashinzwe, akomeza guhabwa buri kwezi mu gihe cy\u2019amezi atandatu ibyo yagenerwaga ariko hatarimo amafaranga yo kwakira abashyitsi mu rwego rw\u2019akazi, amafaranga y\u2019itumanaho mu rwego rw\u2019akazi ndetse n\u2019uburinzi.<\/p>\n<p>Nyuma yo kubaza ibibazo bitandukanye no guhabwa ibisubizo ku mushinga w\u2019iri tegeko ngenga, Abasenateri bemeje ishingiro ryawo ndetse bahita banatora iri tegeko.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Inteko Rusange ya Sena yanemeje abayobozi bakuru nyuma yo kwakira raporo ya Komisiyo ya Politiki n\u2019Imiyoborere Myiza ijyanye no gusuzuma imyirondoro yabo ndetse n\u2019ikiganiro yagiranye n\u2019abasabiwe kwemeza mu myanya itandukanye n\u2019inama y\u2019Abaminisitiri.<\/p>\n<p>Abayobozi bemejwe na Sena ni Bwana Muhumuza Richard, wemejwe nk\u2019Umucamanza mu Rukiko rw\u2019Ikirenga, Bwana Mutangana Jean Bosco wemejwe nk\u2019 Umushinjacyaha Mukuru na Madamu Mutoro Antonia, wemejwe kuba Umuyobozi Mukuru w\u2019Ikigo gishinzwe Iterambere ry\u2019Ubushobozi n\u2019Umurimo (CESB).<\/p>\n<p> <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abayobozi muri guverinoma bava mu myanya yabo babonye indi mirimo mishya hari ibyo bagenerwaga batazongera kubona nk\u2019uko bigaragara mu itegeko ngenga rishyiraho ibigenerwa abanyapolitiki bakuru b\u2019igihugu. Ibi bije nyuma y\u2019aho abagize Sena batoreye Itegeko Ngenga rihindura kandi ryuzuza Itegeko Ngenga n\u00b0 05\/2012\/OL ryo ku wa 03\/09\/2012 rishyiraho ibigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b&#8217;Igihugu. Kuwa 19 Ukuboza 2016, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4058","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abayobozi muri guverinoma bava mu myanya yabo babonye indi mirimo mishya hari ibyo bagenerwaga batazongera kubona nk\u2019uko bigaragara mu itegeko ngenga rishyiraho ibigenerwa abanyapolitiki bakuru b\u2019igihugu. Ibi bije nyuma y\u2019aho abagize Sena batoreye Itegeko Ngenga rihindura kandi ryuzuza Itegeko Ngenga n\u00b0 05\/2012\/OL ryo ku wa 03\/09\/2012 rishyiraho ibigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b&#8217;Igihugu. Kuwa 19 Ukuboza 2016, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-21T11:59:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:17:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4058#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4058\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa\",\"datePublished\":\"2016-12-21T11:59:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:17:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4058\"},\"wordCount\":472,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4058#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4058\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4058\",\"name\":\"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-21T11:59:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:17:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4058#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4058\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4058#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa - BWIZA","og_description":"Abayobozi muri guverinoma bava mu myanya yabo babonye indi mirimo mishya hari ibyo bagenerwaga batazongera kubona nk\u2019uko bigaragara mu itegeko ngenga rishyiraho ibigenerwa abanyapolitiki bakuru b\u2019igihugu. Ibi bije nyuma y\u2019aho abagize Sena batoreye Itegeko Ngenga rihindura kandi ryuzuza Itegeko Ngenga n\u00b0 05\/2012\/OL ryo ku wa 03\/09\/2012 rishyiraho ibigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b&#8217;Igihugu. Kuwa 19 Ukuboza 2016, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-21T11:59:30+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:17:00+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa","datePublished":"2016-12-21T11:59:30+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:17:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058"},"wordCount":472,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4058#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058","name":"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-21T11:59:30+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:17:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4058"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4058#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4058","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4058"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4058\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4058"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4058"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4058"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}