{"id":4065,"date":"2016-12-21T20:38:40","date_gmt":"2016-12-21T20:38:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/21\/ibihugu-bya-afurika-bikomeje-gushyigikira-ko-abaperezida-bayobora-ubuziraherezo\/"},"modified":"2025-02-12T17:16:56","modified_gmt":"2025-02-12T15:16:56","slug":"ibihugu-bya-afurika-bikomeje-gushyigikira-ko-abaperezida-bayobora-ubuziraherezo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065","title":{"rendered":"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Nyuma y\u2019uko n&#8217;u Rwanda rwemeje ko Umukuru w\u2019igihugu ashobora kwiyamamaza akanayobora manda zose ashaka, ibi bikaba byaremejwe n\u2019abaturage ubwo batoraga ingingo ivuguruza iy\u2019101 igenera manda umukuru w\u2019igihugu biciye mu matora ya kamarampaka, abandi bayobozi batandukanye ku mugabane bakomeje gushaka guhindura indingo zo mu Itegekonshinga zigenera Umukuru w\u2019igihugu manda.<\/strong> <\/em><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu nama iherutse yarimo abayobozi batandukanye barimo n\u2019Abadepite bo ku mugabane wa Afurika, Amerika ya ruguru, abanyamategeko bagize Umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019ibihugu by\u2019u Burayi ndetse n\u2019abo mu bihugu bikora kunyanja ya Pacifique, aba bayobozi bananiwe gufata umwanzuro kuri iki kibazo gikomeje kuba rusange mu bihugu bimwe na bimwe byo ku mugabane wa Afurika.<br \/>\nMuri iyi nama, uwari uhagarariye Inteko ishinga Amategeko ya Uganda, Jacob Oulanyah yatanze igitekerezo kuri iyi ngingo yaganirwagaho aho yavuze ko kubuza abaturage gutora umuyobozi bashaka ari ukubabuza uburenganzira bwabo.<br \/>\nYagize ati &#8220;ni imbaraga z\u2019abaturage ndetse n\u2019ubushake bwabo. Nta kintu na kimwe gishobora gukorwa mu gihe umuturage atabishatse.\u201d Aha uyu muyobozi yashakaga kumvikanisha ko abaturage baramutse bashatse ko umukuru w\u2019igihugu yongera akiyamamaza babifitiye uburenganzira nawe akabuhabwa agakomeza kubayobora.<br \/>\nMuri iyi nama yabaye ku nshuro ya 44 kuri uyu wa 20 Ukuboza 2016 i Nairobi muri Kenya, ibihugu birimo u Burundi ndetse na Mali nabyo byagaragaje ko bishyigikiye ko manda z\u2019umukuru w\u2019igihugu zigomba kuvaho akayobora ubuziraherezo mu gihe abaturage bakimushaka bakabigaragaza binyuze mu matora.<br \/>\nIyi nama yanagarutse ku kibazo cy\u2019inkunga yahagarikiwe u Burundi mu mwaka ushize wa 2015 kubera ibibazo byari byavutse mu gihe yiyamamarizaga indi manda ariko birinda kugira byinshi babivugaho uretse kuba imiryango mpuzamahanga ihitamo guhagarika inkunga yahabwaga ibihugu bikiri mu nzira y\u2019iterambere, iyi ikaba ari imwe mu ngaruka zo kongera manda ku baperezida.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNk\u2019umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019ibihugu by\u2019i Burayi wari ufite abawuhagarariye muri iyi nama, watangaje ko impamvu wo wahagaritse impano wageneraga u Burundi ari uko ubutegetsi bwariho bwari bwananiwe gukemura ikibazo cya Politike cyari kiri imbere mu gihugu cyanahitanye ubuzima bwa benshi.<br \/>\nUwari uhagarariye u Burundi muri iyi nama ngengamategeko mu gihugu cy\u2019u Burundi we yagaragaje amarangamutoma ahita abaza impamvu uwo muryango ushaka kugendera ku bitekerezo byawo aho gushyigikira politiki iri mu gihugu bari gufasha kandi ari n\u2019umunyamuryango w\u2019iri huriro.<br \/>\nTulia Akson wari uhagarariye Tanzania we abibona ukwe kuko yagaragaje ko komisiyo z\u2019amatora ku mugabane w\u2019Afurika zigifite ubushobozi bucye ku buryo zabasha gukurikirana amatora akagenda neza hatabayemo amanyanga. Yagize ati &#8220;buri gihe amatora yo mu bihugu by\u2019Afurika arangwa no kudakurikiza amategeko kuko akenshi uwo abantu bashaka siwe utorwa\u201d<br \/>\nUyu muryngo wiswe (African, Caribbean and Pacific) ACP-EU ugize n\u2019abanyamuryango 70, Umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019ibihugu by\u2019u Burayi ukaba ufitemo abanyamuryango 28.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKugeza ubu, bimwe mu bihugu byo ku mugabane w\u2019Afurika birimo Kenya, Tanzania, Afrika y\u2019Epfo Ghana ndetse na Nigeria, ni bimwe mu bihugu bikigendera ku Itegekonshinga rya kera rigenera Umuperezida manda agomba kuyobora mu gihe mu bindi bihugu usanga bakirwana intambara yo guhindura zimwe mu ngingo zo mu Itegekonshinga zigena manda.<br \/>\nIyi nama isa n&#8217;itarafashe umwanzuro ku kibazo kijyanye na manda z&#8217;Abakuru b&#8217;ibihugu kuko byagaragaye ko abenshi mu bagize iri huriro bashyigikiye ko Abaperezida bayobora uko abaturage babo bifuza kuko biba byanyuze mu matora.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uko n&#8217;u Rwanda rwemeje ko Umukuru w\u2019igihugu ashobora kwiyamamaza akanayobora manda zose ashaka, ibi bikaba byaremejwe n\u2019abaturage ubwo batoraga ingingo ivuguruza iy\u2019101 igenera manda umukuru w\u2019igihugu biciye mu matora ya kamarampaka, abandi bayobozi batandukanye ku mugabane bakomeje gushaka guhindura indingo zo mu Itegekonshinga zigenera Umukuru w\u2019igihugu manda. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Mu nama iherutse yarimo abayobozi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4065","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019uko n&#8217;u Rwanda rwemeje ko Umukuru w\u2019igihugu ashobora kwiyamamaza akanayobora manda zose ashaka, ibi bikaba byaremejwe n\u2019abaturage ubwo batoraga ingingo ivuguruza iy\u2019101 igenera manda umukuru w\u2019igihugu biciye mu matora ya kamarampaka, abandi bayobozi batandukanye ku mugabane bakomeje gushaka guhindura indingo zo mu Itegekonshinga zigenera Umukuru w\u2019igihugu manda. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Mu nama iherutse yarimo abayobozi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-21T20:38:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:16:56+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4065#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4065\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo\",\"datePublished\":\"2016-12-21T20:38:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:16:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4065\"},\"wordCount\":559,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4065#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4065\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4065\",\"name\":\"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-21T20:38:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:16:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4065#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4065\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4065#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019uko n&#8217;u Rwanda rwemeje ko Umukuru w\u2019igihugu ashobora kwiyamamaza akanayobora manda zose ashaka, ibi bikaba byaremejwe n\u2019abaturage ubwo batoraga ingingo ivuguruza iy\u2019101 igenera manda umukuru w\u2019igihugu biciye mu matora ya kamarampaka, abandi bayobozi batandukanye ku mugabane bakomeje gushaka guhindura indingo zo mu Itegekonshinga zigenera Umukuru w\u2019igihugu manda. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Mu nama iherutse yarimo abayobozi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-21T20:38:40+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:16:56+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo","datePublished":"2016-12-21T20:38:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:16:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065"},"wordCount":559,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4065#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065","name":"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-21T20:38:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:16:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4065"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4065#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4065","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4065"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4065\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4065"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4065"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4065"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}