{"id":4069,"date":"2016-12-22T06:50:06","date_gmt":"2016-12-22T06:50:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/22\/rwamagana-n-039-abanyamadini-basabwe-umusanzu-mu-kurwanya-ibyaha\/"},"modified":"2025-02-12T17:16:54","modified_gmt":"2025-02-12T15:16:54","slug":"rwamagana-n-039-abanyamadini-basabwe-umusanzu-mu-kurwanya-ibyaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069","title":{"rendered":"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha"},"content":{"rendered":"<div>\nUmuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana, Radjab Mbonyumuvunyi arahamagarira abayobozi  b\u2019imisigiti igera ku 100 yo mu Ntara y\u2019Iburasirazuba kuba umusemburo w\u2019imiyoborere myiza,  gufasha abayoboke b\u2019idini ryabo n\u2019abaturage bose muri rusange kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha byose cyane cyane kurwanya ihohoterwa ryo mu ngo n\u2019irishingiye ku gitsina kuko ari byo ntandaro y\u2019umutekano muke mu muryango ushobora kwiyongera nta gikozwe.\n<\/div>\n<div>\nUyu muyobozi yabivuze ku italiki 19 Ukuboza,   mu kiganiro yahaye ba Imamu 100 bo mu Ntara y\u2019Iburasirazuba, mu mahugurwa barimo  mu murenge wa Kigabiro, mu karere ka Rwamagana ahubatse ikigo cy\u2019amahugurwa cy\u2019Abayisilamu.\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\nIki kiganiro yagitanze ari kumwe na IP Goretti Uwimana ,ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n\u2019abaturage mu karere ka Rwamagana, Sheik Kassim Nzanahayo, uyobora inama y\u2019Abasheik mu Rwanda ndetse na Sheik Djamilu Murangwa ushinzwe ivugururabutumwa  mu muryango w\u2019Abayisilamu mu Rwanda RMC.\n<\/div>\n<div>\nMu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye icyo gikorwa, Meya Mbonyumuvunyi yavuze ko buri wese muri iki gihugu afite uruhare mu guharanira ko habaho umutekano usesuye.\n<\/div>\n<div>\nBy\u2019umwihariko yasabye aba bayobozi mu idini  kugira uruhare mu kwamagana ibyaha bitandukanye ndetse n\u2019akarengane kagaragara hirya no hino mu muryango nyarwanda cyane cyane gafite imizi ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina n\u2019irikorerwa abana.\n<\/div>\n<div> [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/div>\n<div>\n Yagize ati\u201d Abanyamadini mufite uruhare runini mu guhindura imyitwarire y\u2019abayoboke banyu. Kubera iyo mpamvu, ni mwe ba mbere mukwiye guharanira ko amahoro arambye arangwa mu miryango, kubahana no gufatanya, bityo umuryango ukabamo umutekano usesuye.&#8221;\n<\/div>\n<div>\nMeya yongeyeho ati:\u201cInzego zitandukanye za Leta  ndetse na Polisi y\u2019u Rwanda turi kumwe hano,  bagize  uruhare rukomeye mu kwimakaza ihame ry\u2019uburinganire no gushaka  umutekano usesuye, kubishishikariza buri wese ndetse yanafashije mu guteza imbere imibereho myiza y\u2019abaturage. Abanyarwanda twese rero tugomba gufatanya  nayo tugaharanira gukunda igihugu cyacu tubungabunga n\u2019umutekano.&#8221;\n<\/div>\n<div>\nUmuyobozi w\u2019Akarere ka Rwamagana yashoje asaba aba bayobozi mu idini, kubaha ubuyobozi bwabo n\u2019ubw\u2019igihugu kandi bagakomeza umurongo mwiza bafashe wo kurwanya n\u2019ibitekerezo n\u2019inyigisho z\u2019ubutagondwa n\u2019ubuhezanguni kuko bihungabanya  umutekano ariwo shingiro ry\u2019iterambere, bityo asaba ko ubufatanye hagati y\u2019inzego z\u2019umutekano, iz\u2019amadini  n\u2019abaturage bwakwiyongera mu kubungabunga uwo mutekano.\n<\/div>\n<div> [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/div>\n<div>\nIP Uwimana we yashimiye uruhare aba bayobozi mu idini n\u2019 abaturage muri rusange  bagira mu gufatanya n\u2019inzego z\u2019umutekano cyane cyane Polisi mu  gukumira ibyaha ndetse no kwigisha abaturage ibibafitiye akamaro.\n<\/div>\n<div>\nYagize ati\u201d Mu bihugu byinshi byo ku isi, Polisi n\u2019abaturage ntibaba bumvikana. Mu Rwanda ho si ko bimeze kubera ishyaka ryo gukunda igihugu ryatumye habaho ko bose baharanira kugiteza imbere. Byongeye kandi, abaturage n\u2019inzego z\u2019umutekano kubera indangagaciro zabo , basenyera umugozi umwe mu gukumira no kurwanya ibyaha\u201d.\n<\/div>\n<div>\nYakomeje ababwira ko,  umutekano ukenerwa na buri wese,ni na ngombwa ko buri wese uwukenera agira n\u2019uruhare mu kuwushakisha no kuwubumbatira afatanije n\u2019abandi ndetse n\u2019izindi nzego nyinshi zikabigiramo uruhare. Zimwe muri izo nzego, harimo n\u2019amadini dore ko yumvwa kandi aganwa n\u2019abantu benshi.\n<\/div>\n<div> [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/div>\n<div>\nAha akaba yagize ati:\u201dBizwi neza ko mu nsengero hubahwa, ni nayo mpamvu  ubutumwa mutanga bwubahirizwa n\u2019abayoboke banyu kandi abanyarwanda benshi bafite amadini babarizwamo; Ibi bishobora kuba umusingi w\u2019ubufatanye bwa Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abanyamadini mu kubaka igihugu gitekanye,aho ubwiriza cyangwa uwigisha yatanga ubutumwa burwanya ibyaha,ndetse amadini akinjiza buriya butumwa muri gahunda za buri materaniro.\u201d\n<\/div>\n<div>\nYarangije ababwira ko izi gahunda kandi zikwiye kwibanda ku kurinda urubyiruko ibiyobyabwenge,kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n\u2019ibindi byaha bikunze kurangwa mu muryango nyarwanda; anavuga ko amadini  yagira uruhare rukomeye mu iterambere ry\u2019igihugu, kandi yaba n\u2019umusemburo mu guhindura abakora ibyaha bityo hakabaho umuvuduko mw\u2019iterambere rusange ndetse n\u2019igabanuka ry\u2019ibyaha.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana, Radjab Mbonyumuvunyi arahamagarira abayobozi b\u2019imisigiti igera ku 100 yo mu Ntara y\u2019Iburasirazuba kuba umusemburo w\u2019imiyoborere myiza, gufasha abayoboke b\u2019idini ryabo n\u2019abaturage bose muri rusange kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha byose cyane cyane kurwanya ihohoterwa ryo mu ngo n\u2019irishingiye ku gitsina kuko ari byo ntandaro y\u2019umutekano muke mu muryango ushobora [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4069","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana, Radjab Mbonyumuvunyi arahamagarira abayobozi b\u2019imisigiti igera ku 100 yo mu Ntara y\u2019Iburasirazuba kuba umusemburo w\u2019imiyoborere myiza, gufasha abayoboke b\u2019idini ryabo n\u2019abaturage bose muri rusange kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha byose cyane cyane kurwanya ihohoterwa ryo mu ngo n\u2019irishingiye ku gitsina kuko ari byo ntandaro y\u2019umutekano muke mu muryango ushobora [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-22T06:50:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:16:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4069#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4069\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha\",\"datePublished\":\"2016-12-22T06:50:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:16:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4069\"},\"wordCount\":621,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4069#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4069\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4069\",\"name\":\"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-22T06:50:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:16:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4069#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4069\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4069#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha - BWIZA","og_description":"Umuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana, Radjab Mbonyumuvunyi arahamagarira abayobozi b\u2019imisigiti igera ku 100 yo mu Ntara y\u2019Iburasirazuba kuba umusemburo w\u2019imiyoborere myiza, gufasha abayoboke b\u2019idini ryabo n\u2019abaturage bose muri rusange kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha byose cyane cyane kurwanya ihohoterwa ryo mu ngo n\u2019irishingiye ku gitsina kuko ari byo ntandaro y\u2019umutekano muke mu muryango ushobora [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-22T06:50:06+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:16:54+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha","datePublished":"2016-12-22T06:50:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:16:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069"},"wordCount":621,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4069#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069","name":"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-22T06:50:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:16:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4069"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4069#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: N&#039;abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4069","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4069"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4069\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4069"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4069"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4069"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}