{"id":40738,"date":"2021-10-08T08:15:29","date_gmt":"2021-10-08T08:15:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/10\/08\/kwegura-byo-ntabwo-biri-mu-masezerano-yanjye_mashami-ukomeje-kotswa-igitutu\/"},"modified":"2021-10-08T08:15:29","modified_gmt":"2021-10-08T08:15:29","slug":"kwegura-byo-ntabwo-biri-mu-masezerano-yanjye_mashami-ukomeje-kotswa-igitutu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738","title":{"rendered":"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu"},"content":{"rendered":"<p>Umutoza w&#8217;Ikipe y&#8217;Igihugu &#8216;Amavubi&#8217;, Mashami Vincent, yatangaje nta gahunda afite yo kwegura ku nshingano zo gutoza iriya kipe kuko kwegura bitari mu masezerano ye.<\/p>\n<p>Mashami yabibwiye itangazamakuru nyuma y&#8217;umukino wa gatatu wo mu tsinda E Amavubi yatsinzwemo n&#8217;Imisambi ya Uganda igitego 1-0, mu ijonjora ryo gushaka itike y&#8217;Igikombe cy&#8217;Isi cya 2022 kizabera muri Qatar.<\/p>\n<p>Gutsindirwa uyu mukino i Kigali byatumye abashidikanya ku bushobozi bw&#8217;umutoza Mashami bamusabye kwegura cyangwa akirukanwa, bijyanye no kuba nta musaruro babona yazageza ku Mavubi y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Mu bababajwe cyane n&#8217;imyitwarire y&#8217;Amavubi harimo umunyamakuru Taifa Bruno wavuze ko uzongera kumubona kuri Stade areba Amavubi ya Mashami na Sosth\u00e8ne Rumumba yazamufata akamufunga.<\/p>\n<p>Mugenzi we Sam Karenzi bakorana kuri Fine FM mu butumwa yamenyesheje FERWAFA na Minisportw we yagize ati: &#8220;Ikifuzo: Maze mudufashe Mashami n&#8217;abamwungirije bahindurirwe imirimo, kandi rwose ntihazagire umutoza w\u2019umunyarwanda wongera guhabwa Amavubi vuba aha!&#8221;<\/p>\n<p>Mutabaruka Angelbert we yanditse kuri Twitter ati: &#8220;Ese ni FERWAFA  yananiwe kwirukana Mashami? Ni Minisports se yabinaniwe? Uwabinaniwe akwiriye kwirukanwa mbere ye, ubundi Mashami n&#8217;abamwungirije bose bagahabwa akandi kazi ahandi&#8230; Ubu se koko yakuyemo Rafael York yitwaje iki? Impinduka zirakenewe.&#8221;<\/p>\n<p>Umunyamakuru Richard Kwizera wa KT Press we yagaragaje ko Mashami yari akwiye gukora uko ashoboye ntatsindirwe na Uganda i Kigali, agaragaza impungenge z&#8217;uko Amavubi ashobora gutsindwa nabi mu mukino wo kwishyura uzabera muri Uganda ku Cyumweru.<\/p>\n<p>Umutoza Mashami Vincent aganira n&#8217;itangazamakuru, yavuze ko nta kintu na kimwe yishinja kuko abakinnyi yahamagaye ari bo igihugu gifite.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ku ruhare rwanjye nta kintu na kimwe nishinja kuko abakinnyi bahari nibo duhamagara, abakinnyi dufite ni bo dukoresha, ntabwo nakubwira ko hari umukinnyi w\u2019ihariye twasize hanze.<\/p>\n<p>&#8220;Tugerageza gukora impinduka zitandukanye duha amahirwe abandi bakinnyi, kugira ngo tugire ikipe ifite igihe kiri imbere kirekire ariko, iby\u2019ikibuga utegura ibyawe abandi na bo bategura ibyabo; ariko turatsinzwe, turababaye.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko nta bwoba afite bwo gutakaza akazi ndetse ko nta na gahunda afite yo gusezera kuko bitari mu masezerano ye.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Icyo nakubwira ntabwo mfite ubwoba na buto bwo kuba nabura akazi, ariko kwegura byo sinzi impamvu nakwegura kuko ntabwo biri mu masezerano yanjye.&#8221;<\/p>\n<p>Gutsindwa na Uganda byasize Amavubi ku mwanya wa nyuma mu tsinda E n&#8217;inota rimwe, mbere yo guhurira na Uganda mu mukino wa kane wo mu itsinda uzabera muri kiriya gihugu ku Cyumweru.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umutoza w&#8217;Ikipe y&#8217;Igihugu &#8216;Amavubi&#8217;, Mashami Vincent, yatangaje nta gahunda afite yo kwegura ku nshingano zo gutoza iriya kipe kuko kwegura bitari mu masezerano ye. Mashami yabibwiye itangazamakuru nyuma y&#8217;umukino wa gatatu wo mu tsinda E Amavubi yatsinzwemo n&#8217;Imisambi ya Uganda igitego 1-0, mu ijonjora ryo gushaka itike y&#8217;Igikombe cy&#8217;Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Gutsindirwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-40738","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umutoza w&#8217;Ikipe y&#8217;Igihugu &#8216;Amavubi&#8217;, Mashami Vincent, yatangaje nta gahunda afite yo kwegura ku nshingano zo gutoza iriya kipe kuko kwegura bitari mu masezerano ye. Mashami yabibwiye itangazamakuru nyuma y&#8217;umukino wa gatatu wo mu tsinda E Amavubi yatsinzwemo n&#8217;Imisambi ya Uganda igitego 1-0, mu ijonjora ryo gushaka itike y&#8217;Igikombe cy&#8217;Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Gutsindirwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-10-08T08:15:29+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40738#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40738\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu\",\"datePublished\":\"2021-10-08T08:15:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40738\"},\"wordCount\":396,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40738#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40738\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40738\",\"name\":\"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-10-08T08:15:29+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40738#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40738\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40738#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu - BWIZA","og_description":"Umutoza w&#8217;Ikipe y&#8217;Igihugu &#8216;Amavubi&#8217;, Mashami Vincent, yatangaje nta gahunda afite yo kwegura ku nshingano zo gutoza iriya kipe kuko kwegura bitari mu masezerano ye. Mashami yabibwiye itangazamakuru nyuma y&#8217;umukino wa gatatu wo mu tsinda E Amavubi yatsinzwemo n&#8217;Imisambi ya Uganda igitego 1-0, mu ijonjora ryo gushaka itike y&#8217;Igikombe cy&#8217;Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Gutsindirwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-10-08T08:15:29+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu","datePublished":"2021-10-08T08:15:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738"},"wordCount":396,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=40738#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738","name":"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-10-08T08:15:29+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=40738"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40738#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/40738","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=40738"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/40738\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=40738"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=40738"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=40738"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}