{"id":40858,"date":"2021-10-13T08:49:36","date_gmt":"2021-10-13T08:49:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/10\/13\/uri-umusazi-niyo-nzu-nzaza-nyihirike-umusaza-w-i-rubengera-avuga-ko-ubuyobozi\/"},"modified":"2021-10-13T08:49:36","modified_gmt":"2021-10-13T08:49:36","slug":"uri-umusazi-niyo-nzu-nzaza-nyihirike-umusaza-w-i-rubengera-avuga-ko-ubuyobozi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858","title":{"rendered":"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w&#8217;i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuturage w&#8217;imyaka 66 witwa Sinabubaraga Boniface utuye mu Mudugudu wa Kabeza Akagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera mu karere ka Karongi aravuga ko amaze amezi agera kuri atanu yaremerewe guhabwa isakaro n\u2019ubuyobozi bw\u2019uyu murenge ariko ntarihabwe, ahubwo akavuga ko bamwita umusazi ngo n&#8217;iyo nzu yazamuwe bazayihirika.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Uyu muturage yabwiye Radio Isangano ati &#8221; Ikibazo mfite ni uko ntagira ahomba nkaba maze imyaka 15 Rubengera ntagira aho mba nkagira aho ncumbitse ejo nkarara aha ejo bakamvanamo, noneho rero nkongera nkajya ahandi bityo , umugiraneza ampa akabanza kugirango noye gukomeza kubungana abana noneho ngiye ku murenge mbabwirako nabonye ako kabanza none ndagirango mbe nazingazinga ako kantu mpukazampa n\u2019ubufasha mukurikije uko meze baranga , njya ku karere uw\u2019ubutaka(umukozi ushinzwe ubutaka) ahamagara undi w\u2019ubutaka mugenzi we ku murenge banshira ku rutonde rw\u2019abazubakirwa noneho njyewe kuberako nagize vuba ntagira aho mba noneho nubaka  bihirima , noneho ejo bundi mbona baramfashije mbona bigeze hejuru  ngiye kwaka isakaro kugirango bagire ikintu bamfasha nkuko abaturage bamfashije ku murenge untera utwatsi ngo njyewe ndi umusazi.&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza agira ati &#8221; uwo nkozeho ngo ntawigeze akubwira kubaka ngo nzaza nyihirike, ndababwira nti, nimuyihirika muzubaka irengejeho iyo nari nubatse, ariko nanjye mwanshyize ku rutonde rw\u2019abazubakirwa mutabizi? Iriya nzu hari igihe mutayinyuragaho turikubaka n\u2019abantu benshi bari ku mfasha? nti none rero nzagenda nshyiremo abana banjye nshake n\u2019ibijangara nshyiremo , nti ntakundi bimeze sinongera no gusubira ku murenge.&#8221;<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwa bikorwa w\u2019Umurenge wa Rubengera, Nkusi Medard,  avuga ko iki kibazo atari akizi ariko agiye kugikurikirana ngo hamenyekane impamvu uyu musaza atabonye isakaro.<\/p>\n<p>Gitifu Nkusi ati \u201c Umuntu yabanza agashaka amakuru kuko uwo musaza ntabwo muzi, noneho tukamenya impamvu yaba atarabona isakaro kandi yari yayemerewe  kuko abaturage bose bemerewe isakaro barayihabwa kuko ashobora kuba ari umuturage utishoboye kuko tugira abaturage batishoboye cyane cyane badafite aho kuba, aho leta ifata icyemezo cyo kububakira nabo bakazana uruhare rwabo rwo gufatanya n\u2019 umuganda, ariko leta ikadutera inkuga yo kuduha isakaro n\u2019inzugi zo gukinga ,rero abahabwa amabati bariyizi, rero ntabwo naba nibaza impamvu yaba ari  ku rutonde rw\u2019abantu  bagomba guhabwa amabati ntayahabwe, ubwo byaba ngombwa ko nkurikirana nkareba icyaba kibitera\u201d.<\/p>\n<p>Uyu muturage Boniface avuga ko atigeze agira inzu ye bwite bitewe no kutagira amikoro,inzu yari yagerageje kuzamura ubu itegereje isakaro ngo nibura ayigemo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuturage w&#8217;imyaka 66 witwa Sinabubaraga Boniface utuye mu Mudugudu wa Kabeza Akagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera mu karere ka Karongi aravuga ko amaze amezi agera kuri atanu yaremerewe guhabwa isakaro n\u2019ubuyobozi bw\u2019uyu murenge ariko ntarihabwe, ahubwo akavuga ko bamwita umusazi ngo n&#8217;iyo nzu yazamuwe bazayihirika. Uyu muturage yabwiye Radio Isangano ati &#8221; Ikibazo mfite [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-40858","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w&#039;i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w&#039;i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuturage w&#8217;imyaka 66 witwa Sinabubaraga Boniface utuye mu Mudugudu wa Kabeza Akagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera mu karere ka Karongi aravuga ko amaze amezi agera kuri atanu yaremerewe guhabwa isakaro n\u2019ubuyobozi bw\u2019uyu murenge ariko ntarihabwe, ahubwo akavuga ko bamwita umusazi ngo n&#8217;iyo nzu yazamuwe bazayihirika. Uyu muturage yabwiye Radio Isangano ati &#8221; Ikibazo mfite [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-10-13T08:49:36+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40858#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40858\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w&#8217;i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe\",\"datePublished\":\"2021-10-13T08:49:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40858\"},\"wordCount\":390,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40858#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40858\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40858\",\"name\":\"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w'i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-10-13T08:49:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40858#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40858\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40858#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w&#8217;i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w'i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w'i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe - BWIZA","og_description":"Umuturage w&#8217;imyaka 66 witwa Sinabubaraga Boniface utuye mu Mudugudu wa Kabeza Akagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera mu karere ka Karongi aravuga ko amaze amezi agera kuri atanu yaremerewe guhabwa isakaro n\u2019ubuyobozi bw\u2019uyu murenge ariko ntarihabwe, ahubwo akavuga ko bamwita umusazi ngo n&#8217;iyo nzu yazamuwe bazayihirika. Uyu muturage yabwiye Radio Isangano ati &#8221; Ikibazo mfite [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-10-13T08:49:36+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w&#8217;i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe","datePublished":"2021-10-13T08:49:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858"},"wordCount":390,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=40858#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858","name":"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w'i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-10-13T08:49:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=40858"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40858#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w&#8217;i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/40858","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=40858"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/40858\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=40858"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=40858"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=40858"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}