{"id":40876,"date":"2021-10-13T12:45:17","date_gmt":"2021-10-13T12:45:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/10\/13\/wa-mugabo-wagaragaye-ahondagurwa-n-umugore-we-yavuze-isanganya-yagiye-ahura-na\/"},"modified":"2021-10-13T12:45:17","modified_gmt":"2021-10-13T12:45:17","slug":"wa-mugabo-wagaragaye-ahondagurwa-n-umugore-we-yavuze-isanganya-yagiye-ahura-na","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876","title":{"rendered":"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n&#8217;umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo"},"content":{"rendered":"<p>Umugabo witwa Ntibimenya Jean Claude bita Camarade, avuga ko amaze igihe ahozwa ku nkeke n&#8217;umugore we, nyuma y&#8217;amashusho ye aherutse kujya hanze akubitwa n&#8217;umugore we.<\/p>\n<p>Mu ntangiriro z&#8217;iki cyumweru ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y&#8217;uyu mugabo utuye kuri Ruliba ho mu murenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge akubitwa n&#8217;umugore we, yanamuciriyeho imyenda.<\/p>\n<p>Mu mashusho umugore agaragara akubita inshyi z&#8217;amatama Ntibimenya, ari na ko amusega ati: &#8220;Nta soni? Warangiza ukigira igicucu?&#8221;<\/p>\n<p>Uyu mugabo watabarijwe n&#8217;abakoresha imbuga nkoranyambaga aganira na Televiziyo ya BTN, yavuze ko umugore wagaragaye mu mashusho amukubita ari uwe, gusa bakaba babana mu buryo butemewe n&#8217;amategeko.<\/p>\n<p>Yavuze ko babana bwa mbere hari muri 2012, gusa nyuma y&#8217;igihe gito umugore agatangira kujya amuhohotera kugeza ubwo yanajyaga amuraza hanze.<\/p>\n<p>Ntibimenya avuga ko intandaro yo kugira ngo umugore we ajye amuhohotera yabaye uburozi yamuhaye mu cyayi no mu biryo yigeze kumugemurira ubwo yari arwaye, gusa bikaba ngombwa avurwa n&#8217;umuntu wo mu gihugu cya Tanzania.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ukuntu twabanye nanjye byarantunguye. Umunsi umwe nari ndwaye mba i Kigali nkodesha ku Muhima, aza kumpamagara ambaza ati &#8216;bite se, bimeze gute&#8217;, Ndamubwira nti &#8216;ndarwaye&#8217;. We yabaga i Butare mu karere ka Gisagara, bukeye mbona aje kunsura afite ibiryo n&#8217;icyayi muri teremusi arabimpa ndabirya.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu mugabo avuga ko akimara kurya biriya biryo yahise yumva hari igihindutse ku buzima bwe, gusa ahita abana n&#8217;uriya mugore ari na bwo yahise atangira kujya amuhohotera.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Twarabanye atangira kungerageza tuba no mu bukode akanandaza hanze, ariko kubera Imana ikazajya imfasha. Twabanye muri 2012, muri 2018 nza kumenyana n&#8217;umu-Tanzania, kuko nari mfite ikibazo cyo kwicara aho nicaye nkahasinzirira, nagiye Tanzania ngarutse mu Rwanda nahise numva ko ubuzima bwanjye buhise busobanuka mera neza.&#8221;<\/p>\n<p>Ntibimenya asobanura iby&#8217;amashusho yagaragayemo akubitwa, yavuze ko byabaye ku wa Gatandatu tariki ya 09 Ukwakira ubwo yageraga mu murenge wa Kigali aho asigaye afite urugo.<\/p>\n<p>Icyo gihe ngo yasanze umugore we yamutegeye hafi yo mu rugo ari bwo yatangiye kumuhondagura bikanageza aho amuciraho imyambaro yose yari yambaye.<\/p>\n<p>Abaturanyi b&#8217;uriya muryango bemeza ko uriya mugabo ahohoterwa kenshi, ndetse hakaba hari hashize igihe yaragiye gusembera kubera inkoni.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Kigali, Ntirushwa Christophe, avuga ko uriya muryango wari usanzwe ufitanye amakimbirane ashingiye ku mitungo, bijyanye n&#8217;uko umugabo ngo ashaka kumwirukana agasanga undi wahoze ari umugabo we banafitanye isezerano.<\/p>\n<p>Gitifu Ntirushwa cyakora cyo yavuze ko uriya mugore asanzwe azwiho imyitwarire mibi, dore ko ngo yahoze ari Umukuru w&#8217;umudugudu abaturage bikarangira bamutakarije icyizere.<\/p>\n<p>Yemeje ko Urwego rw&#8217;Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha rwamaze kumuta muri yombi rumukurikiranyeho icyaha cyo guhohotera uriya mugabo bafitanye abana babiri.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugabo witwa Ntibimenya Jean Claude bita Camarade, avuga ko amaze igihe ahozwa ku nkeke n&#8217;umugore we, nyuma y&#8217;amashusho ye aherutse kujya hanze akubitwa n&#8217;umugore we. Mu ntangiriro z&#8217;iki cyumweru ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y&#8217;uyu mugabo utuye kuri Ruliba ho mu murenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge akubitwa n&#8217;umugore we, yanamuciriyeho imyenda. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-40876","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n&#039;umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n&#039;umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugabo witwa Ntibimenya Jean Claude bita Camarade, avuga ko amaze igihe ahozwa ku nkeke n&#8217;umugore we, nyuma y&#8217;amashusho ye aherutse kujya hanze akubitwa n&#8217;umugore we. Mu ntangiriro z&#8217;iki cyumweru ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y&#8217;uyu mugabo utuye kuri Ruliba ho mu murenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge akubitwa n&#8217;umugore we, yanamuciriyeho imyenda. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-10-13T12:45:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40876#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40876\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n&#8217;umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo\",\"datePublished\":\"2021-10-13T12:45:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40876\"},\"wordCount\":441,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40876#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40876\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40876\",\"name\":\"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n'umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-10-13T12:45:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40876#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40876\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=40876#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n&#8217;umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n'umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n'umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo - BWIZA","og_description":"Umugabo witwa Ntibimenya Jean Claude bita Camarade, avuga ko amaze igihe ahozwa ku nkeke n&#8217;umugore we, nyuma y&#8217;amashusho ye aherutse kujya hanze akubitwa n&#8217;umugore we. Mu ntangiriro z&#8217;iki cyumweru ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y&#8217;uyu mugabo utuye kuri Ruliba ho mu murenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge akubitwa n&#8217;umugore we, yanamuciriyeho imyenda. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-10-13T12:45:17+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n&#8217;umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo","datePublished":"2021-10-13T12:45:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876"},"wordCount":441,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=40876#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876","name":"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n'umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-10-13T12:45:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=40876"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=40876#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Wa mugabo wagaragaye ahondagurwa n&#8217;umugore we yavuze isanganya yagiye ahura na ryo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/40876","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=40876"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/40876\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=40876"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=40876"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=40876"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}