{"id":4101,"date":"2016-12-23T09:30:46","date_gmt":"2016-12-23T09:30:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/23\/gasabo-bari-bamwivuganye-bamushinja-amarozi-nyuma-yo-kumubonana-igikapu-51798\/"},"modified":"2016-12-23T09:30:46","modified_gmt":"2016-12-23T09:30:46","slug":"gasabo-bari-bamwivuganye-bamushinja-amarozi-nyuma-yo-kumubonana-igikapu-51798","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101","title":{"rendered":"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho"},"content":{"rendered":"<p>Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu Kagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi ho mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali habyukiye akaduruvayo mu gipangu kirimo umuryango ubamo umukobwa witwa Muhoza ukomoka mu Karere ka Nyagatare, aho abaturage bari bamumereye nabi bamushinja amarozi, aho bavugaga ko yari afite igikapu bagiye kubona bakabona gitangiye kwigendesha nta muntu ugikozeho, baza gusangamo akanyamasyo, amahembe, amayogi, uruhu rumeze nk\u2019urw\u2019urutoni, imyambaro y\u2019imbere, n\u2019ibindi bitandukanye.<\/p>\n<p>Ubwo itangazamakuru ryageraga aha hantu, uyu mukobwa ushinjwa amarozi yaribwiye ko icyo gikapu atari icye nawe ari umuntu usanzwe ari umuvuzigakondo wo mu Burasirazuba wakimusigiye ngo akimubikire.<\/p>\n<p>Uyu mukobwa yagize ati: \u201c <em>Njyewe nari ngiye Nyabugogo muri shop, nkigera mu marembo ya Nyabugogo mpura n\u2019uwo mugabo ari kumwe n\u2019abagore be ndamusuhuza ati ese bite Muhoza ndavuga ni byiza. \u201cTwari tuziranye gutya nk\u2019uko nawe nakubona rimwe, arambaza ati se uba inaha? Ndavuga ngo yego, ati se ukorera he? Ndavuga nti nkorera ku Gisozi ko dufite ama bag menshi twaguha imwe ukayidutwarira iwawe<\/em> ?\u201d<\/p>\n<p>Uyu mukobwa ngo yahise amubaza aho ayitwara, undi aramubwira ati: \u201c <em>wowe yintwarire hari igihe nza kuvura I Kigali birangora cyane kuza nikoreye bag<\/em> .\u201d Ubwo yahise amusaba ko yatwara igikapu amubwira ko naza kuvura I Kigali azamuhamagara akakimuha.<\/p>\n<p>Uyu mukobwa yavuze ko uyu muganga asanzwe akorera mu Mutara, iki gikapu cye akaba yari akimaranye iminsi 2 akaba yajyaga amuhamagara ntamufate.<\/p>\n<p>Mu ijoro ryo kuwa Gatatu rero ngo nibwo yagiye kubona abona igikapu gitangiye kugenda, ahamagara uwakimuhaye amubaza ibintu yamuhaye muri icyo gikapu biri kugenda aramukupa, yongeye kumuhamagara ngo aramubwira ngo harimo abasaza undi aramubaza ngo abasaza bagenda bate undi ntiyamusobanurira aramukupa.<\/p>\n<p>Ngo nyuma yo kubibona, uyu mukobwa yahamagaye abantu babana mu gipangu arabibereka barebye basangamo akanyamasyo n\u2019ibindi bintu, akavuga ko iyo aza kuba abifitemo uruhare cyangwa ibirozi ari ibye atari guhamagara abantu bose ngo abibereke.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Bitewe n\u2019ukuntu abaturage bari bashungereye ari benshi bashaka no kugirira nabi uyu mukobwa, haje kuza inzego z\u2019umurenge na polisi  bafata ibyo bintu babijyana ku murenge, naho uwo mukobwa aba acumbikiwe na polisi ngo abaturage batamugirira nabi, mu gihe we yavugaga ko ategereje uwo muvuzigakondo wamuhaye icyo gikapu ngo wari kuva Kabarole.<\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu Kagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi ho mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali habyukiye akaduruvayo mu gipangu kirimo umuryango ubamo umukobwa witwa Muhoza ukomoka mu Karere ka Nyagatare, aho abaturage bari bamumereye nabi bamushinja amarozi, aho bavugaga ko yari afite igikapu bagiye kubona bakabona [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-4101","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu Kagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi ho mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali habyukiye akaduruvayo mu gipangu kirimo umuryango ubamo umukobwa witwa Muhoza ukomoka mu Karere ka Nyagatare, aho abaturage bari bamumereye nabi bamushinja amarozi, aho bavugaga ko yari afite igikapu bagiye kubona bakabona [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-23T09:30:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4101#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4101\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho\",\"datePublished\":\"2016-12-23T09:30:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4101\"},\"wordCount\":390,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4101#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4101\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4101\",\"name\":\"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-23T09:30:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4101#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4101\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4101#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho - BWIZA","og_description":"Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu Kagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi ho mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali habyukiye akaduruvayo mu gipangu kirimo umuryango ubamo umukobwa witwa Muhoza ukomoka mu Karere ka Nyagatare, aho abaturage bari bamumereye nabi bamushinja amarozi, aho bavugaga ko yari afite igikapu bagiye kubona bakabona [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-23T09:30:46+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho","datePublished":"2016-12-23T09:30:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101"},"wordCount":390,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4101#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101","name":"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-23T09:30:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4101"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4101#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4101","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4101"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4101\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4101"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4101"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4101"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}