{"id":4113,"date":"2016-12-24T12:12:26","date_gmt":"2016-12-24T12:12:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/24\/iyo-ugiye-kwica-inzoka-ntabwo-wica-umurizo-ugomba-kwica-umutwe-inzika-ikaze-ya\/"},"modified":"2025-02-12T17:16:23","modified_gmt":"2025-02-12T15:16:23","slug":"iyo-ugiye-kwica-inzoka-ntabwo-wica-umurizo-ugomba-kwica-umutwe-inzika-ikaze-ya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113","title":{"rendered":"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23"},"content":{"rendered":"<p>Imyaka imaze kuba itatu inyeshyamba za M23 zishyize hasi intwaro ndetse zinagirana imishikirano na Leta ya Congo, ariko ubwazo ntabwo zigeze zemera ko zatsinzwe ahubwo nk\u2019uko byagaragaye mu mvugo y\u2019abahoze bayirwanira, bigaragara ko bagifite inzika ndetse ko bazatinda ariko bakongera kwisuganya.<br \/>\nKuba nabo ubwabo bavuga ko isaha ku isaba bashobora kongera kuzura umutwe, na Leta ya Congo ihora iryamiye amajanja yikanga igikomye izi ko izi nyeshyamba zongeye kugaruka.<br \/>\nMu mitwe y\u2019inyeshyamba iri muri Congo, irimo FDLR, Mai Mai, ADF Nalu,\u2026 nta n\u2019umwe wari wabasha guhangayikisha igisirikare cya Congo ngo zibe zafata ibice bingana n\u2019ibyo M23 yari imaze gufata harimo n\u2019umujyi wa Goma, umujyi munini utuwe n\u2019abaturage basaga miliyoni.<br \/>\nMuri Mata 2012 nibwo M23 yavutse, ariko mu gihe cy\u2019umwaka umwe n\u2019igice gusa yari imaze kumenesha ingabo za Leta (FARDC) mu bice bitandukanye by\u2019igihugu ku buryo iyo MONUSCO n\u2019izindi mbaraga zagiye ziva hirya no hino harimo n\u2019indege z\u2019intambara zo muri Afurika y\u2019Epfo, n\u2019umujyi wa Kinshasa bari kuwigarurira mu gihe gito.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKu wa Kane, tariki ya 23 Mata 2015, ubwo Rene Sibu Mutabuka, Minisitiri w\u2019ingabo wungirije muri Congo Kinshasa  yagiriraga uruzinduko mu Rwanda, mu nkambi ya Ngoma ahacumbikiwe abahoze ari abarwanyi ba M23, yabakanguriye gutaha bamwe baremera abandi bamutera utwatsi ko icyo basezeranye na Leta ntabyo yigeze ikora, ari nayo mpamvu batataha mu buryo Leta yumva ko batahamo.<br \/>\nBishop Jean Marie Vianney Runiga, uyoboye abo barwanyi i Ngoma, yaboneyeho gutangaza ko bagikomeje guharanira ko ibyo bemeranyije na leta ya Congo byashyirwa mu bikorwa, nibidakorwa bazataha mu bundi buryo.<br \/>\nAho yagize ati: \u201cM23 yari yarazengereje Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ni umutwe ugendera ku mahame ateguye neza, kuvuga ngo twaratsinzwe ntacyo bivuze kuko ntabwo iyo ugiye kwica inzoka wica umurizo, ugomba kwica umutwe kuko utabikoze ishobora kukurya mu nyuma kandi iyo ugiye kuroba ifi ntabwo uroba umurizo uroba umutwe\u201d.<br \/>\nIyi mvugo igaragaza ko M23 igifite inzika kandi ifite icyo iharanira ko itameze nk\u2019indi mitwe ikorera mu mashyamba ya Congo, buri munsi bivugwa ko yasahuye, yibye ihene n\u2019inkoko by\u2019abaturage, ikindi kandi byagiye bitangazwa ko M23 yacumbukuye ikivi CNDP yari iyobowe na Nkunda yari yacumbitse, bisobanuye ko ikivi gishobora kuzacumbukurwa ubugira 3.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Bigaragara ko Leta ya Congo ihora yikanga izina M23<\/strong><br \/>\nNk\u2019uko na Runiga aha yabyitangarije ati: \u201cM23 yari yarazengereje Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo\u201d ibi umuntu wakurikiranye iby\u2019urugamba rwa M23 na FARDC itewe ingabo mu bitugu, ntabwo yahakana iyi mvugo ya Runiga.<br \/>\nMu kwezi gushize nibwo ibinyamakuru byo muri Uganda byakubise hasi inkuru y\u2019igihuha ko Gen Sultan Makenga yatorotse aho asanzwe acumbikiwe n\u2019abandi basirikare bari aba M23, iyi nkuru ikigera mu matwi y\u2019abayobozi ba Leta ya Congo igikuba cyahise gicika.<br \/>\nLambert Mende, umuvugizi wa Leta ya Congo yahise atangaza ko ingabo za FARDC zashyizwe ku mupanga ngo M23 itongera kubinjirana ku butaka bwabo. Igisirikare cya Uganda nibwo cyabonye ko ibintu bikomeye kinyomaza amakuru huti huti, kivuga ko Makenga ntaho yagiye.<br \/>\nIbi si nabwo byari bibaye kuko nyuma yo gushyira intwaro hasi kwayo, hagiye havugwa indi mitwe y\u2019inyeshyamba yavutse mu Burasirazuba bwa Congo hakikangwa ko ari M23, inyeshyamba zirashe FARDC ikikanga, ihita yikanga ko ari M23 izutse, ikaza yiyambitse urundi ruhu.<br \/>\nKuva mu mwaka w\u20191997 ubwo muri Congo intambara zavuzaga ubuhaha Laurent-D\u00e9sir\u00e9 Kabila ashaka kuvana ku butegetsi, Marchal Mobutu (Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga) wari umaze imyaka igera kuri 32 afite mu biganza bye Congo, kuva umunsi yakurwagaho nibwo umuvumo usa nkaho wikubye inshuro nyinshi kuri iki gihugu, intambara zatangiye ubwo kugeza n\u2019ubu ziva mu gace kamwe zitangira mu kandi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKabila Mukuru yatijwe amaboko akuraho Mobutu, nawe ntiyamazeho kabiri dore ko ubuyobozi bwe bwaranzwe n\u2019intambara z\u2019urudaca kandi zirimo n\u2019ibihugu by\u2019ibituranyi nk\u2019u Rwanda, Uganda ndetse n\u2019u Burundi.<br \/>\nAho Joseph Kabila agiriyeho, nawe byakomeje uko ngaho intambara ya FDLR, igizwe n&#8217;Interahamwe zavuye mu Rwanda mu 1994, ngiyo ADF igizwe n\u2019inyeshyamba zikomoka muri Uganda, za FNL zo mu Burundi, Mai- Mai ya Congo,\u2026<br \/>\nN\u2019ubwo bwose izi nyeshyamba zivugwa ku butaka bwa Congo, usanga Leta ya Congo itaziha agaciro cyane ngo ibe yanazihagurukira ikoresheje imbaraga nk\u2019izo yakoresheje mu rugamba rwa M23.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Itangishatse Th\u00e9oneste\/bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imyaka imaze kuba itatu inyeshyamba za M23 zishyize hasi intwaro ndetse zinagirana imishikirano na Leta ya Congo, ariko ubwazo ntabwo zigeze zemera ko zatsinzwe ahubwo nk\u2019uko byagaragaye mu mvugo y\u2019abahoze bayirwanira, bigaragara ko bagifite inzika ndetse ko bazatinda ariko bakongera kwisuganya. Kuba nabo ubwabo bavuga ko isaha ku isaba bashobora kongera kuzura umutwe, na Leta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4113","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imyaka imaze kuba itatu inyeshyamba za M23 zishyize hasi intwaro ndetse zinagirana imishikirano na Leta ya Congo, ariko ubwazo ntabwo zigeze zemera ko zatsinzwe ahubwo nk\u2019uko byagaragaye mu mvugo y\u2019abahoze bayirwanira, bigaragara ko bagifite inzika ndetse ko bazatinda ariko bakongera kwisuganya. Kuba nabo ubwabo bavuga ko isaha ku isaba bashobora kongera kuzura umutwe, na Leta [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-24T12:12:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:16:23+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4113#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4113\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23\",\"datePublished\":\"2016-12-24T12:12:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:16:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4113\"},\"wordCount\":730,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4113#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4113\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4113\",\"name\":\"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-24T12:12:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:16:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4113#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4113\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4113#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23 - BWIZA","og_description":"Imyaka imaze kuba itatu inyeshyamba za M23 zishyize hasi intwaro ndetse zinagirana imishikirano na Leta ya Congo, ariko ubwazo ntabwo zigeze zemera ko zatsinzwe ahubwo nk\u2019uko byagaragaye mu mvugo y\u2019abahoze bayirwanira, bigaragara ko bagifite inzika ndetse ko bazatinda ariko bakongera kwisuganya. Kuba nabo ubwabo bavuga ko isaha ku isaba bashobora kongera kuzura umutwe, na Leta [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-24T12:12:26+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:16:23+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23","datePublished":"2016-12-24T12:12:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:16:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113"},"wordCount":730,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4113#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113","name":"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-24T12:12:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:16:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4113"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4113#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4113","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4113"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4113\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4113"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4113"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4113"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}