{"id":4118,"date":"2016-12-24T05:54:08","date_gmt":"2016-12-24T05:54:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/24\/abaturarwanda-barasabwa-kuzizihiza-iminsi-mikuru-isoza-umwaka-mu-mutekano\/"},"modified":"2025-02-12T17:16:29","modified_gmt":"2025-02-12T15:16:29","slug":"abaturarwanda-barasabwa-kuzizihiza-iminsi-mikuru-isoza-umwaka-mu-mutekano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118","title":{"rendered":"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye"},"content":{"rendered":"<div>\nPolisi y\u2019u Rwanda, Umujyi wa Kigali ndetse n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe iterambere (RDB)bagiranye ikiganiro n\u2019itangazamakuru aho basabye abanyarwanda ariko by\u2019umwihariko abakora ibikorwa by\u2019ubucuruzi kugira uruhare mu migendekere myiza y\u2019umutekano mu gihe bategura ndetse banizihiza iminsi mikuru y\u2019impera z\u2019umwaka.\n<\/div>\n<div>\nUmuyobozi w\u2019Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n\u2019iterambere ry\u2019abaturage Busabizwa Parfait yavuze ko umutekano n\u2019isuku ari ibintu by\u2019ingenzi ku buzima bwacu no ku gihugu by\u2019umwihariko; asaba ko mu kwizihiza iminsi mikuru yo gusoza umwaka byakwitabwaho cyane  buri wese akabigiramo uruhare.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nYagize ati:\u201d Mu gihe twishima, buri wese akwiye guharanira umutekano we n\u2019uwa mugenzi we, tuzishime uko bishobotse ariko kandi tunazirikana guha umutekano abandi kandi mu gihe hari aho umuntu aketse ko hari icyahungabanya umutekano azihutire kubimenyesha Polisi\u201d.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019Ishami rishinzwe imikoranire myiza ya Polisi y\u2019u Rwanda, abaturage n\u2019izindi nzego Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa, yavuze ko Polisi y\u2019u Rwanda ihora iri maso mu kazi kayo ko gucunga umutekano ndetse ikaba inifuza ko ubufatanye isanzwe ifitanye n\u2019abaturage mu gukumira no kurwanya ibyaha bwakomeza kurushaho.\n<\/div>\n<div>\nYagize ati:\u201d Ibirori kimwe n\u2019ibindi bikorwa byose bisaba ko hafatwa ingamba zijyanye n\u2019umutekano birimo kubungabunga umutekano w\u2019abagenzi n\u2019abandi bakoresha umuhanda n\u2019ibindi\u201d.<br \/>\nACP Twahirwa yakomeje agira ati:\u201d umutekano w\u2019abaturarwanda ureba buri wese; ibikorwa by\u2019umuntu ku giti cye ntibigomba kubangamira iby\u2019abandi\u201d.\n<\/div>\n<div>\nYavuze kandi ati:\u201dKwizihiza iminsi mikuru bikorwa mu buryo butandukanye,bitewe n\u2019imyemerere ya buri muntu, bamwe bajya gusenga, abandi bakajya kubyina mu bitaramo n\u2019indi myidagaduro, abandi bakayizihiriza mu ngo zabo. Ibi byose bigomba gukorwa ku buryo buri muntu atabangamira umuturanyi.\u201d<br \/>\nYavuze ko ubusinzi bw\u2019umuntu bubangamira umutekano wa mugenzi we butemewe, anongeraho ko uzafatwa atwaye ikinyabiziga yasinze, cyangwa aha inzoga umwana utarageza ku myaka y\u2019ubukure ndetse n\u2019uzamujyana mu bitaramo bya ninjoro azahura n\u2019ingaruka zikomeye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nKamurinda Serge ushinzwe ibikorwa mu kigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Iterambere (RDB),abafite gahunda zo gutegura ibitaramo bitandukanye gushaka ibyangombwa bibemerera  kandi bakabyamamaza  hakiri kare,kugirango birinde ko abazabyitabira bazajarajara babuze aho byabereye kuko nabyo bishobora guteza umutekano mucye.<br \/>\nYavuze kandi ko abatanga serivisi nabo bagomba gushyiraho ingamba zo kwakira neza ababagana dore ko bashobora kuzaba benshi, yongeraho ko Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Iterambere giteganya kuzashyira ahagaragara raporo yerekana uko inzego zitandukanye zatanze serivisi muri iyi minsi mikuru.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda, Umujyi wa Kigali ndetse n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe iterambere (RDB)bagiranye ikiganiro n\u2019itangazamakuru aho basabye abanyarwanda ariko by\u2019umwihariko abakora ibikorwa by\u2019ubucuruzi kugira uruhare mu migendekere myiza y\u2019umutekano mu gihe bategura ndetse banizihiza iminsi mikuru y\u2019impera z\u2019umwaka. Umuyobozi w\u2019Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n\u2019iterambere ry\u2019abaturage Busabizwa Parfait yavuze ko umutekano n\u2019isuku ari ibintu by\u2019ingenzi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4118","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda, Umujyi wa Kigali ndetse n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe iterambere (RDB)bagiranye ikiganiro n\u2019itangazamakuru aho basabye abanyarwanda ariko by\u2019umwihariko abakora ibikorwa by\u2019ubucuruzi kugira uruhare mu migendekere myiza y\u2019umutekano mu gihe bategura ndetse banizihiza iminsi mikuru y\u2019impera z\u2019umwaka. Umuyobozi w\u2019Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n\u2019iterambere ry\u2019abaturage Busabizwa Parfait yavuze ko umutekano n\u2019isuku ari ibintu by\u2019ingenzi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-24T05:54:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:16:29+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4118#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4118\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye\",\"datePublished\":\"2016-12-24T05:54:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:16:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4118\"},\"wordCount\":419,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4118#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4118\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4118\",\"name\":\"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-24T05:54:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:16:29+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4118#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4118\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4118#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda, Umujyi wa Kigali ndetse n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe iterambere (RDB)bagiranye ikiganiro n\u2019itangazamakuru aho basabye abanyarwanda ariko by\u2019umwihariko abakora ibikorwa by\u2019ubucuruzi kugira uruhare mu migendekere myiza y\u2019umutekano mu gihe bategura ndetse banizihiza iminsi mikuru y\u2019impera z\u2019umwaka. Umuyobozi w\u2019Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n\u2019iterambere ry\u2019abaturage Busabizwa Parfait yavuze ko umutekano n\u2019isuku ari ibintu by\u2019ingenzi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-24T05:54:08+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:16:29+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye","datePublished":"2016-12-24T05:54:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:16:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118"},"wordCount":419,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4118#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118","name":"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-24T05:54:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:16:29+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4118"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4118#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4118","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4118"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4118\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4118"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4118"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4118"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}