{"id":4141,"date":"2016-12-25T11:47:59","date_gmt":"2016-12-25T11:47:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/25\/oms-iravuga-ko-abanyafurika-bari-mu-kaga-gakomeye-benshi-ngo-bazapfa-bizize\/"},"modified":"2016-12-25T11:47:59","modified_gmt":"2016-12-25T11:47:59","slug":"oms-iravuga-ko-abanyafurika-bari-mu-kaga-gakomeye-benshi-ngo-bazapfa-bizize","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141","title":{"rendered":"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Ubushakashatsi bw\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishami ryita ku buzima (OMS) bugaragaza ko abantu abaturage bo ku mugabane w&#8217; Afurika  bafite buri wese impamvu byibuze imwe ikomeye yatuma apfa mu gihe cya vuba nyamara kandi ngo uyu muntu anashobora kwirinda ubwe atiriwe akenera imiti y&#8217;abaganga.<\/strong><br \/>\nByinshi muri ibyo bintu bizahitana Abanyafurika ni indwara nk\u2019iz\u2019umutima, Kanseri na Diyabete gusa ngo igitangaje ni uko hafi y\u2019ibi byose Abanyafurika ari bo babyitera bitewe n\u2019inyifato yabo ya buri munsi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUbu bushakashatsi bwakorewe mu bihugu 33 byo muri Afurika, bugaragaza ko abatuye uyu mugabane ari bo bikururira indwara zikomeye ndetse zitanatinda kubica, binyuze mu kunywa itabi, gukoresha ibinyobwa birimo alcohol nyinshi, indyo ikennye, imirire mibi itari ku bipimo cyangwa ngo ibe yakorewe inyigo ku buryo iba ibiyemo ibitera imbaraga, ibyubaka umubiri n\u2019ibirinda indwara kandi iri ku rugero ruringaniye, ndetse no kudakora imyitozo ngorora mubiri ngo nibyo bikomeje guteza akaga abatuye ku mugabane w&#8217;Abirabura.<br \/>\nAbdikamal Alisalad wayoboye ubu bushakashatsi bwa OMS yabwiye ibiro ntaramakuru by\u2019Abafaransa, AFP ko ibihugu byinshi byo muri Afurika biri mu kaga ko kuba byahura n\u2019imfu nyinshi kandi ari byo bibyiteye<br \/>\nYagize ati \u201cTwaratangaye kuko tutizeraga ko twabona ibintu bimeze nk\u2019ibi kuri uyu mugabane w\u2019Afurika, twatekerezaga ko wenda byaba hagati y\u2019imyaka 30 na 40 uhereye ubu\u201d<br \/>\nMu buryo buteye ubwoba aba bashakashatsi ngo basanze abantu 46% by\u2019abatuye Afurika bafite ikibazo cy\u2019umuvuduko ukabije w\u2019amaraso, iki ngo ni cyo gipimo cyo hejuru ku isi yose.<br \/>\n<figure id=\"attachment_52047\" aria-describedby=\"caption-attachment-52047\" style=\"width: 645px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/over-1-Copy.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-52047\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/over-1-Copy.jpg\" alt=\"over-1-copy\" width=\"645\" height=\"430\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-52047\" class=\"wp-caption-text\">Umubyibuho ukabije muri Afurika<\/figcaption><\/figure><br \/>\nOMS ivuga ko muri Afurika ikoreshwa ry\u2019itabi rikomeje kugenda rizamuka ku buryo abagera kuri 26% bose bakoresha itabi, ibintu ngo bigaragaza ko Abanyafurika batangiye kurusha abanyaburayi gukunda itabi.<br \/>\nIbi ngo biterwa n\u2019uko i Burayi hamaze gufatwa ingamba zisobanutse zigaragaza ko inzoga n\u2019itabi bikwiye guhagarikwa gukoreshwa, iyi ntabwe ngo ntiraterwa muri Afurika.<br \/>\nAbakoze ubu bushakashatsi bemeje ko byagaragaye ko abazungu (Abanyaburayi) baracyafata Abanyafurika nk\u2019abatiyitaho ku buryo uburozi bakora burimo itabi n\u2019inzoga z\u2019alcohol nyinyi babizanira Abanyafurika nabo bakabigura nk\u2019abagura amasuka, ibintu ngo binaterwa n\u2019uko ibihugu by\u2019Afurika bidafite ingamba zihamye zo gukumiira bene ibi bicuruzwa.<br \/>\nAlisalad akomeza agira ati\u201cTwasanze muri Afurika inganda zikora inzoga zigenzura mu mikorere, ni ibintu bidakwiye, abantu benshi ntibajya barya imbuto n\u2019imboga, bamwe barya ibiryo bifite umwanda abandi bakarya inyama zidafite intungamubiri ahubwo zuzuyemo indwara\u201d<br \/>\nUyu mugabo avuga ko iki kibazo cyiganje mu bihugu byo munsi y\u2019ubutayu bwa Sahara aho abatariye nabi cyane ngo baba biririye ibinure byinshi bitera umubyibuho ukabije.Aha niho n\u2019u Rwanda ruherereye.<br \/>\n<img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-52049 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/over-3-Copy.jpg\" alt=\"over-3-copy\" width=\"640\" height=\"480\" \/><br \/>\nUbu bushakashatsi bugaragaza ko ku kigero cya 35% bo muri Afurika bafite ikibazo cy\u2019umubyibuho ukabije kandi ngo bikaba bitera ubwoba cyane kubona abo bose bakoresha iminota iri hagati ya 21 na 386 gusa mu mirimo y\u2019ingufu yashoboraga kubagabanyiriza uyu mubyibuho.<br \/>\nIguhugu gifite ababyibushye badakora imirimo y\u2019ingufu igihr kinii ni Mauritania bakora iminota 21 gusa naho aho bakora igihe kijya kuba kinini ni muri Mozambique bakora iminota 386.<br \/>\nAbagore nibo biganje mu badakora iyi mirimo mu gihe ari nabo bafite umubyibuho ukabije benshi.<br \/>\nIngaruka<br \/>\nUbu bushakashatsi bwa OMS buvuga ko bitewe n\u2019iyo mwitwarire y\u2019abanyafurika abantu miliyoni enye bazaba bamaze gupfa mu mwaka wa 2020 bazize bene izi ndwara zitandura<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAlisalad  ati &#8220;Turacyarwana n\u2019indwara zandura ariko noneho ikibazo kirakomeye kuko abantu bakabaye bakizwa no kwisuzumisha, kugirwa inama ndetse no kwirindi ubwabo nabob amaze kuba benshi kandi bashobora gupfa ndetse cyane kurenza uko abicwa n\u2019indwara zandura bangana.\u201d<br \/>\nMu Rwanda,imibare itangwa na Minisiteri y\u2019Ubuzima, igaragaza ko 25% by\u2019abantu bajya kwivuza bose baba bivuza indwara zitandura, Ibihugu bikiri mu nzira y\u2019amajyambere ni byo byibasirwa cyane n\u2019izi ndwara kuko 82% by\u2019abapfa batarageza ku myaka 70 babarizwa bicwa n\u2019izi ndwara.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Schadrack@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubushakashatsi bw\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishami ryita ku buzima (OMS) bugaragaza ko abantu abaturage bo ku mugabane w&#8217; Afurika bafite buri wese impamvu byibuze imwe ikomeye yatuma apfa mu gihe cya vuba nyamara kandi ngo uyu muntu anashobora kwirinda ubwe atiriwe akenera imiti y&#8217;abaganga. Byinshi muri ibyo bintu bizahitana Abanyafurika ni indwara nk\u2019iz\u2019umutima, Kanseri na Diyabete gusa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[],"class_list":["post-4141","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-zicukumbuye"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubushakashatsi bw\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishami ryita ku buzima (OMS) bugaragaza ko abantu abaturage bo ku mugabane w&#8217; Afurika bafite buri wese impamvu byibuze imwe ikomeye yatuma apfa mu gihe cya vuba nyamara kandi ngo uyu muntu anashobora kwirinda ubwe atiriwe akenera imiti y&#8217;abaganga. Byinshi muri ibyo bintu bizahitana Abanyafurika ni indwara nk\u2019iz\u2019umutima, Kanseri na Diyabete gusa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-25T11:47:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/over-1-Copy.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize\",\"datePublished\":\"2016-12-25T11:47:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141\"},\"wordCount\":643,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/over-1-Copy.jpg\",\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141\",\"name\":\"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/over-1-Copy.jpg\",\"datePublished\":\"2016-12-25T11:47:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/over-1-Copy.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/over-1-Copy.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4141#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize - BWIZA","og_description":"Ubushakashatsi bw\u2019umuryango w\u2019abibumbye ishami ryita ku buzima (OMS) bugaragaza ko abantu abaturage bo ku mugabane w&#8217; Afurika bafite buri wese impamvu byibuze imwe ikomeye yatuma apfa mu gihe cya vuba nyamara kandi ngo uyu muntu anashobora kwirinda ubwe atiriwe akenera imiti y&#8217;abaganga. Byinshi muri ibyo bintu bizahitana Abanyafurika ni indwara nk\u2019iz\u2019umutima, Kanseri na Diyabete gusa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-25T11:47:59+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/over-1-Copy.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize","datePublished":"2016-12-25T11:47:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141"},"wordCount":643,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/over-1-Copy.jpg","articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4141#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141","name":"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/over-1-Copy.jpg","datePublished":"2016-12-25T11:47:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4141"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/over-1-Copy.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/over-1-Copy.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4141#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4141","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4141"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4141\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4141"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4141"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4141"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}