{"id":41654,"date":"2021-11-02T21:09:07","date_gmt":"2021-11-02T21:09:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/11\/02\/akari-ku-mutima-wa-bamwe-mu-babyeyi-b-i-rubavu-babuze-abana-babo-bakaboneka\/"},"modified":"2021-11-02T21:09:07","modified_gmt":"2021-11-02T21:09:07","slug":"akari-ku-mutima-wa-bamwe-mu-babyeyi-b-i-rubavu-babuze-abana-babo-bakaboneka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654","title":{"rendered":"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b&#8217; i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y&#8217;imyaka itatu"},"content":{"rendered":"<p><strong>Abana bane babuze icya rimwe tariki 15\/09\/2018, umubyeyi w&#8217;umwe n&#8217;abaturage, baremeza ko ari bo babonetse ku wa mbere nijoro mu buvumo buri hafi y&#8217;iwabo mu Karere ka Rubavu.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Aba bose bavuganye na BBC dukesha aya makuru. Josephine Ntakirutimana, umwe mu baturanyi babo mu murenge wa Bugeshi, Akarere ka Rubavu, ati: &#8220;[Babuze] Bagiye kwahira ubwatsi bw&#8217;amatungo. Twabashakiye ahantu hose, imyaka itatu irarenze.&#8221;<\/p>\n<p>Abo bana ni: Didier Tuyubahe wari ufite imyaka irindwi, Heritier Ahishakiye wari ufite imyaka 11, Abraham Manirareba wari ufite imyaka icyenda na Mfitumukiza wari ufite imyaka umunani.<\/p>\n<p>Wenceslas Karibushi, umubyeyi wa Didier Tuyubahe, yabwiye BBC Gahuzamiryango ko adashidikanya ko umwana babonye ari uwe kuko bari bazi imyenda yari yambaye umunsi bamubura.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Imyenda bari bambaye ni yo yaduhaye ishusho, buri wese twamusanganye umwenda yari yambaye [abura].&#8221;<\/p>\n<p>Aka gace k&#8217;imisozi iri munsi y&#8217;ibirunga kagira ubuvumo bwinshi buva ku iruka ry&#8217;ibirunga riba ryarabaye mu myaka ya kera.<\/p>\n<p>Ubu buvumo ariko si ahantu abana bakinira nk&#8217;uko Karibushi abivuga, ati: &#8220;Ni ahantu harehare, ni abagizi ba nabi babatwaye babashakagamo indonke, yenda kubakuramo ibice by&#8217;imibiri.&#8221;<\/p>\n<p>Jean Bosco Rwibasira ukuriye umurenge wa Bugeshi yabwiye BBC Gahuzamiryango ko hagiye gukorwa ibizamini bya ADN\/DNA bizemeza neza niba aba bana ari ab&#8217;ababyeyi bababuze mu myaka itatu ishize.<\/p>\n<p>Rwibasira avuga ko ibindi ku rupfu rw&#8217;aba bana bizava mu iperereza ryatangiye ku rupfu rwabo.<\/p>\n<p>Ubu buvumo babonetsemo, n&#8217;ubundi bwose buri muri ako gace, abaturage bavuga ko babushakishijemo inshuro zirenze imwe nyuma y&#8217;uko abo bana babuze.<\/p>\n<p>Josephine na Wenceslas bavuga ko umuntu wari wibye inkoko ku cyumweru nijoro kuri ubwo buvumo bufite inguni nyinshi ari we watumye abamukurikiye babona imibiri y&#8217;aba bana.<\/p>\n<p>Josephine Ntakirutimana ati: &#8220;Bari bafite amatoroshi, bamubuze baragaruka, mu kugaruka babonye udukweto, batwitegereje nko ku ruhande babona umurambo, barebye neza babona n&#8217;indi mirambo.<\/p>\n<p>&#8220;Baraje bavuga ibyo babonye, nyuma bagenda ari benshi, ni urugendo rurerure, basanga imibiri yarashengutse hari hasigaye utugufa. Kugira ngo babamenye ni uko bari bazi imyenda bagiye bambaye.&#8221;<\/p>\n<p>Wenceslas Karibushi ati: &#8220;Twari twararangije kwiheba ko byarangiye. Burya iyo ubuze umuntu nyuma yaho ukamubona, amakeka arashira, ubu twiyakiriye.&#8221;<\/p>\n<p>Imibiri y&#8217;aba bana yashyizwe kwa Wenceslas mu gihe bategereje ko hakorwa ibizami bya DNA nyuma bagahabwa uburenganzira bwo kubashyingura, nk&#8217;uko Rwibasira na Karibushi babivuga.<\/p>\n<p>Karibushi avuga ko we n&#8217;abandi babyeyi babona hari abantu bishe aba bana nyuma bakaza kubajugunya muri ubu buvumo, kandi ko bizeye kuzahabwa ubutabera.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abana bane babuze icya rimwe tariki 15\/09\/2018, umubyeyi w&#8217;umwe n&#8217;abaturage, baremeza ko ari bo babonetse ku wa mbere nijoro mu buvumo buri hafi y&#8217;iwabo mu Karere ka Rubavu. Aba bose bavuganye na BBC dukesha aya makuru. Josephine Ntakirutimana, umwe mu baturanyi babo mu murenge wa Bugeshi, Akarere ka Rubavu, ati: &#8220;[Babuze] Bagiye kwahira ubwatsi bw&#8217;amatungo. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-41654","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b&#039; i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y&#039;imyaka itatu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b&#039; i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y&#039;imyaka itatu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abana bane babuze icya rimwe tariki 15\/09\/2018, umubyeyi w&#8217;umwe n&#8217;abaturage, baremeza ko ari bo babonetse ku wa mbere nijoro mu buvumo buri hafi y&#8217;iwabo mu Karere ka Rubavu. Aba bose bavuganye na BBC dukesha aya makuru. Josephine Ntakirutimana, umwe mu baturanyi babo mu murenge wa Bugeshi, Akarere ka Rubavu, ati: &#8220;[Babuze] Bagiye kwahira ubwatsi bw&#8217;amatungo. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-11-02T21:09:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41654#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41654\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b&#8217; i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y&#8217;imyaka itatu\",\"datePublished\":\"2021-11-02T21:09:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41654\"},\"wordCount\":413,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41654#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41654\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41654\",\"name\":\"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b' i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y'imyaka itatu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-11-02T21:09:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41654#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41654\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41654#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b&#8217; i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y&#8217;imyaka itatu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b' i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y'imyaka itatu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b' i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y'imyaka itatu - BWIZA","og_description":"Abana bane babuze icya rimwe tariki 15\/09\/2018, umubyeyi w&#8217;umwe n&#8217;abaturage, baremeza ko ari bo babonetse ku wa mbere nijoro mu buvumo buri hafi y&#8217;iwabo mu Karere ka Rubavu. Aba bose bavuganye na BBC dukesha aya makuru. Josephine Ntakirutimana, umwe mu baturanyi babo mu murenge wa Bugeshi, Akarere ka Rubavu, ati: &#8220;[Babuze] Bagiye kwahira ubwatsi bw&#8217;amatungo. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-11-02T21:09:07+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b&#8217; i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y&#8217;imyaka itatu","datePublished":"2021-11-02T21:09:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654"},"wordCount":413,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=41654#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654","name":"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b' i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y'imyaka itatu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-11-02T21:09:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=41654"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41654#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Akari ku mutima wa bamwe mu babyeyi b&#8217; i Rubavu babuze abana babo bakaboneka barapfuye nyuma y&#8217;imyaka itatu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/41654","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=41654"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/41654\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=41654"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=41654"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=41654"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}