{"id":4169,"date":"2016-12-26T23:24:47","date_gmt":"2016-12-26T23:24:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/26\/u-bufaransa-busa-n-ubufite-inyungu-mu-guhora-bushinja-u-rwanda-min-busingye\/"},"modified":"2025-02-12T17:15:59","modified_gmt":"2025-02-12T15:15:59","slug":"u-bufaransa-busa-n-ubufite-inyungu-mu-guhora-bushinja-u-rwanda-min-busingye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169","title":{"rendered":"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Minisitiri  w\u2019ubutabera mu Rwanda Johnston Busingye yavuze ko leta y\u2019u Bufaransa ishobora kuba ifite inyungu mu guhora ikingira ikibaba abashinjwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse no guhora burushinja amakosa.<\/strong> <\/em><br \/>\nIbi ni bimwe mu byagarutsweho na minisitiri Busingye mu kiganiro yagiranye n\u2019ikinyamakuru jeunafrique kuri uyu wa 26 Ukuboza 2016 ubwo cyamubazaga ku bijyanye n\u2019umubano hagati y\u2019u Rwanda n\u2019u Bufaransa ndetse no guhora bitana ba mwana.<br \/>\nMuri iki kiganiro Minisitiri Businye yagiranye n\u2019banyamakuru ba jeunafrique, yagarutse ku ngingo zirimoo ibijyanye n\u2019ibyemezo bitemeranyijweho by\u2019ubutabera mpuzamahanga, kwanga kohereza mu Rwanda abakekwaho Jenoside ku bihugu byinshi by\u2019Afurika n\u2019u Burayi ndetse nn\u2019umubano utari mwiza hagati y\u2019ibi bihugu byombi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKu itariki ya 16 Ukwakira uyu mwaka nibwo Ishami rya Ibuka mu Bufaransa ryasohoye itangazo risaba Umunyamabanga uhoraho muri ONU, M. Antonio Guterres gukuraho umucamanza Theodor Meron mu gukurikirana dosiye y\u2019u Rwanda.<br \/>\nNi mu gihe uyu mucamanza Meron ashinjwa gufata ibyemezo bibera abahoze ari abayobozi muri guverinoma yateguye jenoside birimo no kurekura bamwe muri byo batararangiza ibihano bagenewe n\u2019urukiko, barimo Ferdinand Nahimana ufatwa nk\u2019uwahanze \u201cHutu Power\u201d ndetse na  <strong>Padiri Emmanuel Rukundo<\/strong> .<br \/>\nAmategeko y\u2019urukiko ateganya ko gufungura umuntu atarangije igihano bigendera ku bipimo bibiri by\u2019ingenzi zirimo gishingira ku buremere bw\u2019icyaha cyakozwe ndetse n\u2019uburyo uwahamwe n\u2019icyaha yicuza n\u2019uburyo yitwaye muri gereza. Aha bayaagsabaga ko u Rwanda rubanza gutangaza icyo rutekereza ku ifungurwa ry\u2019aba bagabo.<br \/>\nUretse aba bagabo 2 bakidegembya nyuma yo kurekurwa bataran gije ibihano, hari n\u2019abandi  bahamijwe icyaha n\u2019urukiko mpuzamahanga mpanabyaha TPIR bajurira bakagabanyirizwa ibihano ibyo byemezo byose bikaba bifatwa nk\u2019icyemezo cy\u2019umuntu umwe ariwe mucamanza Theodor Meron.<br \/>\nNaho ku kijyanye no kuba Umuryango wita ku bacitse ku icumu IBUKA ndetse nImpuzamiryango irwanya Jenoside mu Rwanda CNLG byarasabye ko ONU yakurikirana ndetse ikavanaho umucamanza Meron mu gihe atisubiyeho ku byemezo yafashe byo kurekura bariya bagabo 2 batarangije ibihano byabo, Min  <strong>B<\/strong> usingye yavuze ko u Rwanda ntacyo rupfa na Meron ariko ko atazi niba na Meron yumva ko ntacyo apfa n\u2019u Rwanda. Min Busingye yagize ati\u201dMeron niwe wagisubiza.\u201d<br \/>\nYakomeje avuga ko u Rwanda rugirira amakenya uyu mucamanza kubera ibyemezi afata nk\u2019ibyagiye bigaragazwa hejuru byongeye akaba atari u Rwanda gusa rufite icyo kibazo kuko hari n\u2019ibindi bihugu byo ku mugabane w\u2019Afurika bigihuje.<br \/>\nYanongyeho ko akwiye kwisubiraho ku byemezo byo kurekura abantu nka bariya bafite ibyaha by\u2019indengakamere batarangije ibihano byabo ndetse ugasanga ntacyo bimubwiye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Ikindi kibazo<\/strong> . Kuki kongera gufungura dosiye y\u2019u Bufaransa ku ihanurwa ry\u2019indege ya Habyarimana byateje umwuka mubi hagati y\u2019ibihgu byombi?<br \/>\nAha Minisitiri Busingye yasubije ko ikibazo u Rwanda rufitanye n\u2019u Bufaransa ntaho gihuriye na dosiye. Ahubwo ikibazo n\u2019undi muntu ushobora kuba afite inyungu kuri iyo dosiye akaba ariwe utuma itarangira agamije guhoza ibirego ku Rwanda bitarangira <strong>.<\/strong><br \/>\nMinisitiri yakomeje avuga ko hatanzwe umwanya uhagije n\u2019ubwisanzure ku gushaka amakuru afatika mu Rwanda kuri iyo dosiye y\u2019ihanurwa ry\u2019indege ariko iyo dosiye na nubu ikaba itarangira.<br \/>\nYagize ati\u201dmu bigaragara, biri mu nyungu z\u2019u Bufaransa guhora baturega, no gusibanganya uruhare rwabo mu Rwanda hagati y\u2019umwaka wa 1990-1994. Iyi dosiye yamye ikoreshwa mu nyungu za politiki ariko abakwiye kujya mu gakarito k\u2019abaregwa si abasirikari bacu, ni Abafaransa.<br \/>\nMu myaka 22 u Rwanda rwari rufite manda d\u2019arret zisaga mpuzamahanga 500. Zatangaga uburenganzira bwo gufata umuntu wese ukekwaho uruhare muri Jenoside yo muri mata ariko ibihugu bimwe na bimwe ntibyabyubahirije kubera impamvu zitandukanye.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w\u2019ubutabera mu Rwanda Johnston Busingye yavuze ko leta y\u2019u Bufaransa ishobora kuba ifite inyungu mu guhora ikingira ikibaba abashinjwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse no guhora burushinja amakosa. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho na minisitiri Busingye mu kiganiro yagiranye n\u2019ikinyamakuru jeunafrique kuri uyu wa 26 Ukuboza 2016 ubwo cyamubazaga ku bijyanye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4169","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w\u2019ubutabera mu Rwanda Johnston Busingye yavuze ko leta y\u2019u Bufaransa ishobora kuba ifite inyungu mu guhora ikingira ikibaba abashinjwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse no guhora burushinja amakosa. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho na minisitiri Busingye mu kiganiro yagiranye n\u2019ikinyamakuru jeunafrique kuri uyu wa 26 Ukuboza 2016 ubwo cyamubazaga ku bijyanye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-26T23:24:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:15:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4169#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4169\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye\",\"datePublished\":\"2016-12-26T23:24:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4169\"},\"wordCount\":604,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4169#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4169\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4169\",\"name\":\"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-26T23:24:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4169#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4169\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4169#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye - BWIZA","og_description":"Minisitiri w\u2019ubutabera mu Rwanda Johnston Busingye yavuze ko leta y\u2019u Bufaransa ishobora kuba ifite inyungu mu guhora ikingira ikibaba abashinjwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse no guhora burushinja amakosa. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho na minisitiri Busingye mu kiganiro yagiranye n\u2019ikinyamakuru jeunafrique kuri uyu wa 26 Ukuboza 2016 ubwo cyamubazaga ku bijyanye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-26T23:24:47+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:15:59+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye","datePublished":"2016-12-26T23:24:47+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169"},"wordCount":604,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4169#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169","name":"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-26T23:24:47+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4169"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4169#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Bufaransa busa n\u2019ubufite inyungu mu guhora bushinja u Rwanda. Min Busingye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4169","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4169"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4169\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4169"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4169"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4169"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}