{"id":41775,"date":"2021-11-07T11:58:23","date_gmt":"2021-11-07T11:58:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/11\/07\/umunyamakuru-mbarushimana-jean-paul-ariyamamariza-gutorerwa-kuba-umujyanama\/"},"modified":"2021-11-07T11:58:23","modified_gmt":"2021-11-07T11:58:23","slug":"umunyamakuru-mbarushimana-jean-paul-ariyamamariza-gutorerwa-kuba-umujyanama","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775","title":{"rendered":"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke"},"content":{"rendered":"<p><strong>Nyuma y&#8217;aho Komisiyo y\u2019Igihugu y&#8217;Amatora itangarije itariki yo gutangira kwiyamamaza ku bajyanama rusange bazajya mu turere, MBARUSHIMANA Jean Paul wamenyekanye cyane mu Itangazamakuru akaza no kujya gukora mu nzego za Leta nawe yasohowe ku Rutonde rw&#8217;abiyamamaza ndetse yatangiye no kwiyamamaza gutorerwa kuba Umujyanama rusange w&#8217;akarere ka Gakenke.<\/strong><\/p>\n<p>MBARUSHIMANA JEAN PAUL avuga ko yahisemo kwiyamamaza kuri uyu mwanya agamije kugira nawe uruhare mu kubaka iterambere ry&#8217;akarere ashaka kubera umujyanama, ndetse n&#8217;igihugu muri rusange.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Urwego rwa Njyanama ni Urwego rufata ibyemezo mu karere bityo aka karere nako gakeneye iterambere ririmo ibikorwa remezo, nk&#8217;ubu ni akarere nako gakeneye Hotel, gakeneye inganda nk&#8217;utundi turere, nindamuka ntowe rero nzashyira imbere ibitekerezo byo gukora imishinga izamura akarere ku buryo twagira inama Komite nyobozi igakorana n&#8217;abashoramari bakadufasha  muri iryo terambere.&#8221;<\/p>\n<p><strong>MBARUSHIMANA JEAN PAUL wiyamamariza kuba Umujyanama rusange w&#8217;akarere ka Gakenke ni muntu ki?<\/strong><\/p>\n<p>MBARUSHIMANA Jean Paul yavutse tariki 28\/12\/1988, avuka kuri Mukamparirwa Dancille na Nyantabana Leodomir. Afite umugore n&#8217;abana batutu, yize amashuri Yisumbuye mu Rwunge rw&#8217;Amashuri rwa Kabyayi ( Gr. Sc. St. Joseph Kabyayi), yiga muri  Kaminuza y&#8217;u Rwanda I Butare mu Ishuri ry&#8217;Itangazamakuru n&#8217;Itumanaho. Afite ubunararibonye mu Itangazamakuru kandi yakoranye cyane n&#8217;ibigo byigenga n&#8217;Inzego za Leta aho :<\/p>\n<p>2009: Yigishaga mu Ishuri rya Ecole Secondaire de Gikomero<br \/>\n2011: yabaye Umunyamakuru wimenyereza kuri Radiyo Salus<br \/>\n2011-2012:  yabaye Umuyobozi w&#8217;Amakuru ( NewsEditor)  kuri Radiyo y&#8217;Abaturage (Ishingiro  Community Radio) anigisha muri Groupe scholaire MUGINA ( Nyamiyaga sector, Gicumbi District)<\/p>\n<p>2012-2017: yabaye Umunyamakuru, Umuyobozi w&#8217;Ishami rishinzwe gutunganya ibiganiro by&#8217;Abafatanyabikorwa kuri Isango Star Radio ( Production Coordinator), aba kandi Umunyamakuru w&#8217;ikinyamakuru REMA newsletter (Freelancer), Muri icyo gihe yanayoboye anakora Filmi mbarankuru DUHUMURIZANYE IWACU RWANDA (DIR): As a Consultant Documentary producer under a theme \u201cMVURA NKUVURE UMUTI URAMBYE w\u2019AMATEKA MABI ABANYARWANDA BANYUZEMO\u201d related to psychological healing, interpersonal reconciliation, Family dynamism, social cohesion, social economic development and gender) <\/p>\n<p>2018: Yabaye Umunyamakuru wa radiyo na TV flash.<br \/>\n2019-kugeza ubu: akora ku Rwego rw&#8217;Umuvunyi aho ashinzwe guhuza Urwego rw&#8217;Umuvunyi n&#8217;izindi nzego ( Public Relations and Communication Officer).<\/p>\n<p>Mu gihe cy&#8217;imyaka irenga 5 yamaze akora mu Isango Star, yakoze ibiganiro by&#8217;inzego za Leta bikurikira: <\/p>\n<p>Turwanye Ruswa n\u2019akarengane\u201d cy&#8217;Urwego rw&#8217;Umuvunyi, Ikiganiro Intebe y\u2019imiyoborere\u201d cya Minaloc, \u201cUbuziranenge mu Rwanda\u201d Cya RSB<\/p>\n<p>Turwanye igituntu n\u2019izindi ndwara zandurira mu myanya y\u2019ubuhumekero\u201d cya RBC, \u201c Igicumbi  cy\u2019ubutabera\u201d cya Minijust \u201cUmutungo Kamere mu Rwanda\u201d cya RNRA, \u201cIkiganiro cy\u2019Ikigo cy\u2019ubwiteganyirize mu Rwanda\u201d RSSB, \u201cIBIDUKIKIJE MU ITERAMBERE\u201d cya REMA n&#8217;ikiganiro Bamerewe Bate cya FARG.<\/p>\n<p>Igihe MBARUSHIMANA Jean Paul yatorerwa kuba Umujyanama rusange w&#8217;akarere ka Gakenke yakwibanda kujya inama ku kubaka ibikorwa remezo mu karere, kujya inama ku cyakorwa ngo abantu bagituye ku misozi ihanamye bashakirwe aho kuba hadashyira ubuzima bwabo mu kaga, kujya inama  ku cyakorwa ngo hongerwe ishoramari mu karere.<\/p>\n<p><strong><br \/>\nNiba nawe ushaka ko tukwamamaza watwandikira cyangwa ukaduhamagara kuri Watsapp : 0788554010<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y&#8217;aho Komisiyo y\u2019Igihugu y&#8217;Amatora itangarije itariki yo gutangira kwiyamamaza ku bajyanama rusange bazajya mu turere, MBARUSHIMANA Jean Paul wamenyekanye cyane mu Itangazamakuru akaza no kujya gukora mu nzego za Leta nawe yasohowe ku Rutonde rw&#8217;abiyamamaza ndetse yatangiye no kwiyamamaza gutorerwa kuba Umujyanama rusange w&#8217;akarere ka Gakenke. MBARUSHIMANA JEAN PAUL avuga ko yahisemo kwiyamamaza kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-41775","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y&#8217;aho Komisiyo y\u2019Igihugu y&#8217;Amatora itangarije itariki yo gutangira kwiyamamaza ku bajyanama rusange bazajya mu turere, MBARUSHIMANA Jean Paul wamenyekanye cyane mu Itangazamakuru akaza no kujya gukora mu nzego za Leta nawe yasohowe ku Rutonde rw&#8217;abiyamamaza ndetse yatangiye no kwiyamamaza gutorerwa kuba Umujyanama rusange w&#8217;akarere ka Gakenke. MBARUSHIMANA JEAN PAUL avuga ko yahisemo kwiyamamaza kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-11-07T11:58:23+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41775#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41775\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke\",\"datePublished\":\"2021-11-07T11:58:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41775\"},\"wordCount\":490,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41775#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41775\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41775\",\"name\":\"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-11-07T11:58:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41775#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41775\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=41775#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke - BWIZA","og_description":"Nyuma y&#8217;aho Komisiyo y\u2019Igihugu y&#8217;Amatora itangarije itariki yo gutangira kwiyamamaza ku bajyanama rusange bazajya mu turere, MBARUSHIMANA Jean Paul wamenyekanye cyane mu Itangazamakuru akaza no kujya gukora mu nzego za Leta nawe yasohowe ku Rutonde rw&#8217;abiyamamaza ndetse yatangiye no kwiyamamaza gutorerwa kuba Umujyanama rusange w&#8217;akarere ka Gakenke. MBARUSHIMANA JEAN PAUL avuga ko yahisemo kwiyamamaza kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-11-07T11:58:23+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke","datePublished":"2021-11-07T11:58:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775"},"wordCount":490,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=41775#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775","name":"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-11-07T11:58:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=41775"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=41775#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/41775","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=41775"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/41775\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=41775"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=41775"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=41775"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}