{"id":4191,"date":"2016-12-28T09:35:17","date_gmt":"2016-12-28T09:35:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/28\/gasabo-urubyiruko-rwaganirijwe-ku-icuruzwa-ry-abantu-n-ibiyobyabwenge\/"},"modified":"2025-02-12T17:15:44","modified_gmt":"2025-02-12T15:15:44","slug":"gasabo-urubyiruko-rwaganirijwe-ku-icuruzwa-ry-abantu-n-ibiyobyabwenge","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191","title":{"rendered":"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge"},"content":{"rendered":"<div>\nUrubyiruko rugera kuri 300 rwo mu karere ka Gasabo ruharanira amahoro n\u2019iterambere rwasabwe kwirinda ibiyobyabwenge by\u2019ubwoko bwose no kwirinda kugwa mu mutego w\u2019abacuruza abantu.\n<\/div>\n<div> [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/div>\n<div>\nIbi babisabwe mu mpera z\u2019icyumweru gishize mu nama bagiranye na Chief Superintendent of Police (CSP) Rose Muhisoni; akaba yungirije Umuyobozi w\u2019Ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe imikoranire yayo n\u2019abaturage ndetse n\u2019izindi nzego; aho by\u2019umwihariko ashinzwe imikoranire n\u2019abafatanyabikorwa bayo mu gukumira ibyaha.\n<\/div>\n<div>\nIcyo kiganiro yagiranye n\u2019urwo rubyiruko cyabereye mu Kigo cya Solace Ministry kibarizwa mu murenge wa Kacyiru.\n<\/div>\n<div>\nIyo nama yabanjirijwe n\u2019urugendo rwo gukangurira abantu kwirinda icyaha cyo gucuruza Ikiremwamuntu no gufatanya kugikumira. Urwo rubyiruko rwahereye urwo rugendo aho abagenzi bategera imodoka Kacyiru, rurusoreza kuri icyo Kigo.\n<\/div>\n<div>\nCSP Muhisoni yatangiye arusobanurira icyo icuruzwa ry\u2019abantu ari cyo ashingiye ku ngingo zo mu gitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha mu Rwanda zijyanye n\u2019iki cyaha zirimo iya 250 ivuga ko  icuruzwa ry\u2019abantu ari ibikorwa bihindura umuntu igicuruzwa bijyanye no gushakisha cyangwa kwimurira umuntu ahandi mu gihugu cyangwa mu mahanga hakoreshejwe uburiganya, ibikangisho, imbaraga cyangwa agahato, ububasha ubikora aba amufiteho, akenshi hagamijwe kumwangiriza ubuzima cyangwa kumubyaza inyungu zitemewe akoreshwa mu biterasoni, mu buraya, mu bikorwa binyuranyije n\u2019amategeko, mu bisa n\u2019ubucakara, kumwica urubozo no kumukorera urugomo ndengakamere cyangwa kumukoresha imirimo yo mu rugo nk\u2019umuja, hishingikirijwe intege nke umuntu afite zikomoka ku bibazo afitanye n\u2019ubuyobozi, ku gutwita k\u2019umugore wibana, indwara, ubumuga n\u2019ibindi bibazo byatuma umuntu muzima akora icyo atatekereje.\n<\/div>\n<div> [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/div>\n<div>\nYababwiye ko iyi ngingo ikomeza ivuga ko bifatwa kandi nko gucuruza abantu, kubashakamo inyungu hakoreshejwe kubagira abasabirizi ku gahato, kubabera ababyeyi batababyaye hakoreshejwe ikiguzi mu buryo butemewe n\u2019amategeko, kubakoresha mu mashusho y\u2019urukuzasoni, mu masiporo abangamiye ubuzima, kubashora mu ntambara, kubana na bo nk\u2019umugore n\u2019umugabo hagamijwe iyicarubozo n\u2019icuruzwa ry\u2019ingingo z\u2019imibiri yabo.\n<\/div>\n<div>\nCSP Muhisoni yagize ati,&#8221;Abakora iki cyaha babeshya abo bashaka kujyana ko bazabaha akazi keza mu mahanga, cyangwa bakabizeza ibindi bitangaza; ariko batinda kubagezayo, maze bakabambura icyitwa icyangombwa kibaranga cyose, ubundi bakabakoresha imirimo y\u2019agahato ivunanye, kandi nta gihembo, ndetse bakabashora mu bikorwa by\u2019urukozasoni  birimo ubusambanyi. Nihagira umuntu ubizeza ibyo bitangaza, ntimukabyihererane; ahubwo muzahite mubimenyesha nzego z\u2019umutekano kugira ngo niba ari ushaka abo ajya gucuruza afatwe.&#8221;\n<\/div>\n<div> [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/div>\n<div>\nYasabye kandi urwo rubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge by\u2019ubwoko bwose agira ati,&#8221; Bigira ingaruka mbi ku buzima bw\u2019ubinywa, kandi bimutera gukora ibyaha birimo gufata ku ngufu, gusambanya abana n\u2019ihohoterwa rishingiye ku gitsina; mubyirinde kandi mugire uruhare mu guca ikoreshwa n\u2019itundwa ryabyo mutungira agatoki inzego z\u2019umutekano ababikora.&#8221;<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urubyiruko rugera kuri 300 rwo mu karere ka Gasabo ruharanira amahoro n\u2019iterambere rwasabwe kwirinda ibiyobyabwenge by\u2019ubwoko bwose no kwirinda kugwa mu mutego w\u2019abacuruza abantu. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ibi babisabwe mu mpera z\u2019icyumweru gishize mu nama bagiranye na Chief Superintendent of Police (CSP) Rose Muhisoni; akaba yungirije Umuyobozi w\u2019Ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe imikoranire yayo n\u2019abaturage [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4191","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urubyiruko rugera kuri 300 rwo mu karere ka Gasabo ruharanira amahoro n\u2019iterambere rwasabwe kwirinda ibiyobyabwenge by\u2019ubwoko bwose no kwirinda kugwa mu mutego w\u2019abacuruza abantu. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ibi babisabwe mu mpera z\u2019icyumweru gishize mu nama bagiranye na Chief Superintendent of Police (CSP) Rose Muhisoni; akaba yungirije Umuyobozi w\u2019Ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe imikoranire yayo n\u2019abaturage [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-28T09:35:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:15:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4191#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4191\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge\",\"datePublished\":\"2016-12-28T09:35:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4191\"},\"wordCount\":452,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4191#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4191\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4191\",\"name\":\"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-28T09:35:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4191#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4191\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4191#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge - BWIZA","og_description":"Urubyiruko rugera kuri 300 rwo mu karere ka Gasabo ruharanira amahoro n\u2019iterambere rwasabwe kwirinda ibiyobyabwenge by\u2019ubwoko bwose no kwirinda kugwa mu mutego w\u2019abacuruza abantu. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ibi babisabwe mu mpera z\u2019icyumweru gishize mu nama bagiranye na Chief Superintendent of Police (CSP) Rose Muhisoni; akaba yungirije Umuyobozi w\u2019Ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe imikoranire yayo n\u2019abaturage [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-28T09:35:17+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:15:44+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge","datePublished":"2016-12-28T09:35:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191"},"wordCount":452,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4191#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191","name":"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-28T09:35:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4191"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4191#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibiyobyabwenge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4191","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4191"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4191\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4191"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4191"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4191"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}