{"id":4205,"date":"2016-12-29T08:52:42","date_gmt":"2016-12-29T08:52:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/29\/abagororwa-bafungiye-ibyaha-bya-jenoside-basabye-imbabazi-bamwe-mu-barokotse\/"},"modified":"2016-12-29T08:52:42","modified_gmt":"2016-12-29T08:52:42","slug":"abagororwa-bafungiye-ibyaha-bya-jenoside-basabye-imbabazi-bamwe-mu-barokotse","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205","title":{"rendered":"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso"},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 28 Ukuboza 2016 nibwo muri gereza y\u2019Abagore ya Ngoma hakozwe igikorwa kigamije gusaba imbabazi aho bamwe mu barokotse jenoside bari baje gusabwa imbabazi muri iyi gereza bafashe iki gikorwa nk\u2019urwiyererutso basaba ko niba abazizasa babikuye ku mutima bazajya kuzisabira mu miryango yabo aho bakoreye ibyaha.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNi igikorwa cyateguwe n\u2019umuryango wa Prison FellowShip Rwanda mu rwego rwo gukomeza kwimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge mu banyarwanda, kuba abakomoka kuri aba bagororwa bamwe batazi cyangwa ngo babe bemera ibyo ababyeyi babo bafungiwe ni imwe mu mpamvu yatumye abasabwaga imbabazi babifata nk\u2019urwiyererutso.<br \/>\nHanze ya gerezamu muryango nyarwanda haracyari urwikekwe kuko hari abatari bake bakivuga ko ababo bafunzwe baba bararenganye cyane ko abenshi bagiye bajya gufungwa bagaragaje imyitwarire yo kutemeranya n\u2019uburyo inkiko zabaga zaciyemo imanza.<br \/>\nIbi ni byo kuri ubu bigira ingaruka ku witwa Sakindi Petero warokotse jenosside kuri ubu uvuga ko abakomoka ku wamukoreye jenoside bajya bamutega bakamutera amabuye kuko bakeka ko yaba yarabeshyeye nyina kuri ubu ufunzwe.<br \/>\nNk&#8217;uko umuseke wabyanditse, Petero Sakindi warokotse Jenoside yagize ati \u201cIhene yanjye naragiraga ubu yiriwe ubusa ngo naje hano, none ni ukuza bakagusaba imbabazi biyerurutsa. Nk\u2019ubu hari abana b\u2019uyu wanyiciye bajya bantega natinze gutaha bakantera amabuye nkagomba guhamagara abaza kumperekeza. Abo bana babo nabo bakagombye kuba bari hano bakumva ibyo nyina yakoze kuko bahora bavuga ngo twafungishije nyina azira ubusa. Njye uyu munsi wapfuye ubusa.\u201d<br \/>\nGusa Bishop Gashagaza Deo umuyobozi mukuru wa Prison FellowShip Rwanda akaba na Komiseri muri komisiyo y\u2019igihugu y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge avuga ko Sakindi nawe atari kure yo kwakira ubumwe n\u2019ubwiyunge.<br \/>\nAti \u201cBuriya no kuba nibura aza kumva ko bamusaba imbabazi ni ingenzi cyane bikwereka ko hari ubushake. Ubumwe n\u2019ubwiyunge ni urugendo\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKomisiyo y\u2019igihugu y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge ivuga ko ubumwe n\u2019ubwiyunge mu Rwanda buri ku rugero rwa 92.5 ku ijana, gusa ibi ntibikura ho ko hakiri abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside kuko nko mu gihe cyo kwibuka mu mwaka wa 2016 hagaragaye barenga 300 nk\u2019uko byatangajwe na komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya Jenoside.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a href=\"https:\/\/web.facebook.com\/\">Schadrack@bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 28 Ukuboza 2016 nibwo muri gereza y\u2019Abagore ya Ngoma hakozwe igikorwa kigamije gusaba imbabazi aho bamwe mu barokotse jenoside bari baje gusabwa imbabazi muri iyi gereza bafashe iki gikorwa nk\u2019urwiyererutso basaba ko niba abazizasa babikuye ku mutima bazajya kuzisabira mu miryango yabo aho bakoreye ibyaha. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ni igikorwa cyateguwe n\u2019umuryango wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-4205","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa 28 Ukuboza 2016 nibwo muri gereza y\u2019Abagore ya Ngoma hakozwe igikorwa kigamije gusaba imbabazi aho bamwe mu barokotse jenoside bari baje gusabwa imbabazi muri iyi gereza bafashe iki gikorwa nk\u2019urwiyererutso basaba ko niba abazizasa babikuye ku mutima bazajya kuzisabira mu miryango yabo aho bakoreye ibyaha. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ni igikorwa cyateguwe n\u2019umuryango wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-29T08:52:42+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4205#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4205\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso\",\"datePublished\":\"2016-12-29T08:52:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4205\"},\"wordCount\":366,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4205#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4205\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4205\",\"name\":\"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-29T08:52:42+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4205#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4205\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4205#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa 28 Ukuboza 2016 nibwo muri gereza y\u2019Abagore ya Ngoma hakozwe igikorwa kigamije gusaba imbabazi aho bamwe mu barokotse jenoside bari baje gusabwa imbabazi muri iyi gereza bafashe iki gikorwa nk\u2019urwiyererutso basaba ko niba abazizasa babikuye ku mutima bazajya kuzisabira mu miryango yabo aho bakoreye ibyaha. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ni igikorwa cyateguwe n\u2019umuryango wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-29T08:52:42+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso","datePublished":"2016-12-29T08:52:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205"},"wordCount":366,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4205#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205","name":"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-29T08:52:42+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4205"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4205#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4205","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4205"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4205\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4205"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4205"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4205"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}