{"id":42083,"date":"2021-11-18T11:10:33","date_gmt":"2021-11-18T11:10:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/11\/18\/madamu-jeannette-kagame-avuga-ko-n-abahungu-bagira-uruhare-mu-gukumira-kanseri\/"},"modified":"2021-11-18T11:10:33","modified_gmt":"2021-11-18T11:10:33","slug":"madamu-jeannette-kagame-avuga-ko-n-abahungu-bagira-uruhare-mu-gukumira-kanseri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083","title":{"rendered":"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n&#8217;abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura"},"content":{"rendered":"<p><strong>Madamu Jeannette Kagame yahamagariye abagabo kugira uruhare mu rugamba rwo kurandura burundu kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura, kuko abagore bonyine batabyishoboza, ashingira ku bushakashatsi bwagaragaje ko n&#8217;abana b&#8217;abahungu bakingirwa bityo bikagira akamaro mu gukumira ubwandu.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Yatangaje ibi mu gihe hashize umwaka umwe Isi yihaye intego yo kurandura burundu indwara ya kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura, umwaka ukaba ushize Isi yihaye intego yo kurandura burundu kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura. <\/p>\n<p>Mu nama yateguwe n&#8217;Ishami ry&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye ryita ku buzima, hagaragajwe ko hamaze guterwa intambwe igaragara mu rugamba rwo kurandura iyi ndwara, kandi ko bisaba uruhare rwa buri wese.<\/p>\n<p>Muri iyi nama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko ingamba zirimo gusuzuma no gukingira benshi hakiri kare ari ingenzi mu guhangana n&#8217;iyi ndwara, ashimangira ko u Rwanda rukataje muri urwo rugendo.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8220;Kuva muri 2015 ibikorwa byo gusuzuma kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura byatangira mu Rwanda mu buryo bwagutse, abari n&#8217;abategarugori basaga ibihumbi 170 barasuzumwe. Nizeye kandi ko mu gihe nk&#8217;iki umwaka utaha iyi mibare izaba yiyongere binyuze mu bafatanyabikorwa bashya bityo tukarushaho kongera umuvuduko. U Rwanda rwamaze kurenza igipimo kiri mu ntego z&#8217;ishami ry&#8217;umuryango w&#8217;abibumbye ryita ku buzima aho byibura kuri 90% by&#8217;abana b&#8217;abakobwa bari munsi y&#8217;imyaka 15 bagomba kuba bakingiye kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura mu buryo bwuzuye.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati &#8220;Mu by&#8217;ukuri kuva muri 2011 abana b&#8217;abakobwa bari munsi y&#8217;imyaka 12 bakingiwe ntibigeze bajya munsi ya 90%. N&#8217;ubwo bimeze bityo ariko ubushakashatsi buragaragaza ko ari ngombwa no gukingira abana b&#8217;abahungu mu rwego rwo kugabanya ikwirakwira ry&#8217;ubwandu.&#8221;<\/p>\n<p>Nubwo abagabo batarwara kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura bagira uruhare mu gukwirakwiza agakoko kayitera, ari naho Madame Jeannette Kagame ahera asaba abagabo gutanga umusanzu wabo mu rugamba rwo kurandura iyi ndwara burundu.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8220;Intego ikomeye nk&#8217;iyi kuyigeraho bisaba imbaraga n&#8217;ubushake bw&#8217;abagabo n&#8217;abagore. Ntabwo iyi ntego twayigeraho mu gihe cyose abagore bakomeza kwikorera uyu mutwaro bonyine. Ndongera guhamagarira bagenzi bacu b&#8217;abagabo kwifatanya natwe muri uru rugamba.&#8221;<\/p>\n<p>Umuyobozi w&#8217;ishami ry&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye ryita ku buzima, Dr Tedros Adhanom Gebreyesus avuga ko muri iki gihe cy&#8217;icyorezo cya COVID19, inkingo za kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura zagabanutse, ariko nanone ngo hari icyizere ko zishobora kwiyongera.<\/p>\n<p>&#8220;Inkingo za kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura zaragabanutse zigera kuri 13% zivuye kuri 15% mbere y&#8217;icyorezo. Ariko hari ibimenyetso by&#8217;intambwe nziza yatewe. Umwaka ushize ibindi bihugu byongeye muri gahunda zabyo z&#8217;ikingira uru rukingo, muri ibyo harimo Cameroon, Cabo Verde, Salvador, Mauritania, Qatar, Sao Tome&#038;Principe na Tuvalu. OMS yamaze kwemera by&#8217;agateganyo urundi rukingo rwitwa Cecolin rukorwa n&#8217;ikigo Innovax, tukaba twizeye ko bizongera umubare w&#8217;inkingo kandi bikagabanya n&#8217;igiciro cyazo.&#8221;<\/p>\n<p>OMS ivuga ko kugira ngo kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura iranduke burundu bisaba ko ibihugu byose bikingira byibura 90% by&#8217;abangavu bari munsi y&#8217;imyaka 15, kandi abagore bagera byibura kuri 70% bari hagati y&#8217;imyaka 35 na 45 bakaba bazi uko bahagaze binyuze mu isuzuma ryizewe ndetse 90% bakabona ubuvuzi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Madamu Jeannette Kagame yahamagariye abagabo kugira uruhare mu rugamba rwo kurandura burundu kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura, kuko abagore bonyine batabyishoboza, ashingira ku bushakashatsi bwagaragaje ko n&#8217;abana b&#8217;abahungu bakingirwa bityo bikagira akamaro mu gukumira ubwandu. Yatangaje ibi mu gihe hashize umwaka umwe Isi yihaye intego yo kurandura burundu indwara ya kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura, umwaka ukaba ushize Isi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,131],"class_list":["post-42083","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Madamu Jeannette Kagame avuga ko n&#039;abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y&#039;inkondo y&#039;umura - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n&#039;abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y&#039;inkondo y&#039;umura - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Madamu Jeannette Kagame yahamagariye abagabo kugira uruhare mu rugamba rwo kurandura burundu kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura, kuko abagore bonyine batabyishoboza, ashingira ku bushakashatsi bwagaragaje ko n&#8217;abana b&#8217;abahungu bakingirwa bityo bikagira akamaro mu gukumira ubwandu. Yatangaje ibi mu gihe hashize umwaka umwe Isi yihaye intego yo kurandura burundu indwara ya kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura, umwaka ukaba ushize Isi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-11-18T11:10:33+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42083#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42083\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n&#8217;abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura\",\"datePublished\":\"2021-11-18T11:10:33+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42083\"},\"wordCount\":506,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42083#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42083\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42083\",\"name\":\"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n'abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y'inkondo y'umura - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-11-18T11:10:33+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42083#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42083\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42083#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n&#8217;abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n'abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y'inkondo y'umura - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n'abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y'inkondo y'umura - BWIZA","og_description":"Madamu Jeannette Kagame yahamagariye abagabo kugira uruhare mu rugamba rwo kurandura burundu kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura, kuko abagore bonyine batabyishoboza, ashingira ku bushakashatsi bwagaragaje ko n&#8217;abana b&#8217;abahungu bakingirwa bityo bikagira akamaro mu gukumira ubwandu. Yatangaje ibi mu gihe hashize umwaka umwe Isi yihaye intego yo kurandura burundu indwara ya kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura, umwaka ukaba ushize Isi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-11-18T11:10:33+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n&#8217;abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura","datePublished":"2021-11-18T11:10:33+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083"},"wordCount":506,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=42083#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083","name":"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n'abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y'inkondo y'umura - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-11-18T11:10:33+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=42083"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42083#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Madamu Jeannette Kagame avuga ko n&#8217;abahungu bagira uruhare mu gukumira kanseri y&#8217;inkondo y&#8217;umura"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/42083","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=42083"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/42083\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=42083"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=42083"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=42083"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}